Leta Zunze Ubumwe za Amerika yafatiye ibihano bikomeye Joseph Kabila, ibogamira ku ruhande rwa RDC

Leta Zunze Ubumwe za Amerika yongeye kugaragaza icyerekezo cyayo mu bibazo bya politiki n’umutekano byo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), ifatira ibihano uwahoze ari Perezida, Joseph …

Leta Zunze Ubumwe za Amerika yafatiye ibihano bikomeye Joseph Kabila, ibogamira ku ruhande rwa RDC Read More

Imicungire y’ibyanya by’inganda mu Rwanda ikomeje kwibazwaho nyuma y’ibibazo byagaragaye mucya Kigali

Ibibazo byagaragaye mu micungire y’icyanya cy’inganda cya Masoro byongeye gutuma hibazwa niba u Rwanda rudakwiye gushyiraho urwego rwihariye rufite inshingano zo guhuza no kunoza imikorere y’ibyanya by’inganda, mu rwego rwo …

Imicungire y’ibyanya by’inganda mu Rwanda ikomeje kwibazwaho nyuma y’ibibazo byagaragaye mucya Kigali Read More

Umugabo w’imyaka 29 waguye agacuho ari gusambanya umukecuru w’imyaka 89 yateje uburakari bukomeye mu baturage

Ihohoterwa rishingiye ku gitsina rikomeje kuba ikibazo gihangayikishije hirya no hino ku isi, aho ibikorwa bibi byibasira n’abasaza n’abakecuru bikomeje kugaragara, bigateza impungenge ku mutekano n’uburenganzira bw’abaturage, by’umwihariko abari mu …

Umugabo w’imyaka 29 waguye agacuho ari gusambanya umukecuru w’imyaka 89 yateje uburakari bukomeye mu baturage Read More

RIB yataye muri yombi Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Mageragere

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwataye muri yombi Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Mageragere, uherereye mu Karere ka Nyarugenge, Hategekimana Silas, akurikiranyweho ibyaha bya ruswa ndetse no kumena ibanga ry’akazi. …

RIB yataye muri yombi Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Mageragere Read More

Kwitaba Ubugenzacyaha ni itegeko si ubusabe: RIB yaburiye abanga kuyitaba inavuga ku ngaruka zo kuzanwa ku gahato

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwongeye kwibutsa Abaturarwanda ko kwitaba ubugenzacyaha igihe bahamagawe ku mpamvu z’iperereza atari amahitamo, ahubwo ari inshingano iteganywa n’amategeko, rukanaburira ababyanga ko bashobora kuzanwa ku gahato. Ibi …

Kwitaba Ubugenzacyaha ni itegeko si ubusabe: RIB yaburiye abanga kuyitaba inavuga ku ngaruka zo kuzanwa ku gahato Read More

Abaturage barashwe, Leta irahakana: urujijo ku bwicanyi bwabereye ku mupaka w’u Rwanda n’u Burundi

Ku wa 29 Mata 2026, mu gace ka Mparamirundi gaherereye muri Komini Kayanza, Intara ya Butanyerera mu gihugu cy’u Burundi, havuzwe inkuru ikomeye yateje impaka n’urujijo, aho bivugwa ko Polisi …

Abaturage barashwe, Leta irahakana: urujijo ku bwicanyi bwabereye ku mupaka w’u Rwanda n’u Burundi Read More