Gen Muhoozi yavuze impamvu igiye kumutera kuvana ingabo muri RDC mu gihe AFC/M23 na yo iri kwimura ingabo

Mu gihe umutekano mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ukomeje kuba ingorabahizi, hatangiye kugaragara impinduka zikomeye mu mikorere y’ingabo z’amahanga zikorera muri aka karere. Ibi bije bikurikira …

Gen Muhoozi yavuze impamvu igiye kumutera kuvana ingabo muri RDC mu gihe AFC/M23 na yo iri kwimura ingabo Read More

Umujyi wa Kigali wisobanuye ku bishyimbo biri hafi kwera byaranduwe bikazamura impaka ndende.

Mu Mujyi wa Kigali hakomeje kuvugwa cyane inkuru y’ibishyimbo byaranduwe bikiri hafi kwera, nyuma y’amafoto n’ubutumwa byakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga, bikurura impaka ndende mu baturage. Ibi byatangiye ubwo uwitwa Bagiruwubusa …

Umujyi wa Kigali wisobanuye ku bishyimbo biri hafi kwera byaranduwe bikazamura impaka ndende. Read More

AFC/M23 yakomoje ku bitero bya drone za FARDC muri Minembwe byateje impungenge zikomeye ku mutekano w’Abanyamulenge

Mu gihe mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo hakomeje kugaragaramo umwuka mubi w’umutekano muke, umutwe wa MRDP-Twirwaneho watangaje ko uhangayikishijwe cyane n’ibitero bikomeje kugabwa ku basivili b’Abanyamulenge batuye …

AFC/M23 yakomoje ku bitero bya drone za FARDC muri Minembwe byateje impungenge zikomeye ku mutekano w’Abanyamulenge Read More

U Rwanda rwagaragaje aho ruhagaze ku ntambara ya Amerika-Israel na Iran

U Rwanda rwongeye kugaragaza aho ruhagaze ku bibazo by’umutekano bikomeje kuzambya isi, by’umwihariko intambara iri gufata indi ntera mu Burasirazuba bwo Hagati, rushimangira ko ibikorwa by’ubushotoranyi n’ibitero byibasira abasivile bigomba …

U Rwanda rwagaragaje aho ruhagaze ku ntambara ya Amerika-Israel na Iran Read More

Ariya ni yo masaha yo gukanguka – Perezida Kagame yakomoje ku kibazo cyo gutora Adhan byahagaritswe

Mu gihe hari hashize imyaka igera kuri ine hari impaka ku ihagarikwa ry’umuhamagaro w’Abayisilamu ujya usaba abantu kujya mu masengesho ya mu gitondo uzwi nka Adhan, Perezida wa Repubulika y’u …

Ariya ni yo masaha yo gukanguka – Perezida Kagame yakomoje ku kibazo cyo gutora Adhan byahagaritswe Read More

Sénégal yajuririye muri CAS icyemezo cya CAF cyo kuyambura igikombe cya AFCON 2025.

Urukiko Nkemurampaka mu by’Imikino (CAS/TAS) rwatangaje ko rwamaze kwakira ubujurire bwatanzwe na Federasiyo y’Umupira w’Amaguru muri Sénégal (FSF), bujyanye n’icyemezo cyari cyafashwe n’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF) cyo kwambura …

Sénégal yajuririye muri CAS icyemezo cya CAF cyo kuyambura igikombe cya AFCON 2025. Read More