Umutwe wa FDLR wagabye ibitero simusiga ku butaka bwa Uganda unashimuta abaturage.

Impungenge z’umutekano muke zikomeje kwiyongera mu baturage batuye ku mupaka uhuza Uganda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, aho ibikorwa by’abitwaje intwaro bikomeje gutera ubwoba, bigahungabanya ubuzima n’ubukungu bw’ako gace. …

Umutwe wa FDLR wagabye ibitero simusiga ku butaka bwa Uganda unashimuta abaturage. Read More

Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yemeye ko FARDC idashoboye, Wazalendo idashobotse

Raporo nshya y’ubusesenguzi yakozwe n’Inteko Ishinga Amategeko ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yagaragaje ishusho itari nziza y’umutekano w’igihugu, igaragaza ko igisirikare cya FARDC gifite intege nke zikomeye mu gihe …

Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yemeye ko FARDC idashoboye, Wazalendo idashobotse Read More

Leta y’u Rwanda Ishyizeho Ikigega cy’Inguzanyo Kidasanzwe Kigamije Guteza Imbere Urubyiruko n’Abahanzi

Leta y’u Rwanda, ibinyujije muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi (MoYA) ku bufatanye na Banki y’Iterambere y’u Rwanda (BRD), yatangaje gahunda nshya igamije gufasha urubyiruko n’abahanzi kubona serivisi z’imari ku buryo …

Leta y’u Rwanda Ishyizeho Ikigega cy’Inguzanyo Kidasanzwe Kigamije Guteza Imbere Urubyiruko n’Abahanzi Read More

Ntibivuguruza ikoranabuhanga mu mashuri? U Rwanda rushaka gukumira ku mbuga nkoranyambaga abatarengeje imyaka 16

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko iri mu myiteguro yo gushyiraho amategeko agena uko abana bari munsi y’imyaka 16 batemererwa gukoresha imbuga nkoranyambaga, mu rwego rwo kubarinda ingaruka mbi zikomeje kugaragara …

Ntibivuguruza ikoranabuhanga mu mashuri? U Rwanda rushaka gukumira ku mbuga nkoranyambaga abatarengeje imyaka 16 Read More

Ba Ofisiye Bakuru mu ngabo za Uganda bakurikiranyweho kunyereza Lisanzi y’Igisirikare

Urukiko Rukuru rwa Gisirikare rwa Makindye ruherereye i Kampala rwatangiye kuburanisha dosiye iremereye iregwamo abasirikare bakuru bane bo mu Ngabo za Uganda (UPDF), bashinjwa gukoresha nabi umutungo wa Leta, by’umwihariko …

Ba Ofisiye Bakuru mu ngabo za Uganda bakurikiranyweho kunyereza Lisanzi y’Igisirikare Read More

Impinduka mu gisirikare cy’u Burundi: Kwimura intwaro ziremereye mu buryo budasanzwe bikomeje guteza impungenge.

Amakuru akomeje kuvugwa mu Burundi agaragaza impinduka zikomeye mu mikorere n’imicungire y’ibikoresho bya gisirikare, nyuma y’ibikorwa byavuzwe byo kwimura intwaro ziremereye n’amasasu mu buryo budasanzwe hagati y’umujyi wa Bujumbura n’umurwa …

Impinduka mu gisirikare cy’u Burundi: Kwimura intwaro ziremereye mu buryo budasanzwe bikomeje guteza impungenge. Read More

RDC: Ihuriro rya AFC/M23 ryatangiye gutwika intwaro zishaje no gutegura ibisasu byatezwe mu butaka.

Ubuyobozi bw’ihuriro rya AFC/M23 bwatangaje ko bwatangiye ibikorwa byo gutwika intwaro zishaje ndetse no gukuraho ibisasu byatezwe mu butaka mu bice bitandukanye byo muri Kivu y’Epfo, by’umwihariko mu kigo cya …

RDC: Ihuriro rya AFC/M23 ryatangiye gutwika intwaro zishaje no gutegura ibisasu byatezwe mu butaka. Read More

Nyuma ya Cyubahiro na Mukamabano, undi munyamakuru w’umunyabigwi na we yasezeye muri RBA

Urwego rw’Igihugu rw’Itangazamakuru (RBA) rukomeje guhura n’impinduka mu bakozi barwo, aho mu gihe gito gusa rwamaze gutakaza bamwe mu banyamakuru b’inararibonye bari baramenyekanye cyane mu biganiro no mu gusoma amakuru, …

Nyuma ya Cyubahiro na Mukamabano, undi munyamakuru w’umunyabigwi na we yasezeye muri RBA Read More