Kinshasa: Inteko Ishinga Amategeko yafashe icyemezo gikomeye ku masezerano y’u Rwanda na RDC

Inteko Ishinga Amategeko ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yafashe icyemezo gikomeye gishobora guhindura icyerekezo cy’umutekano n’ubukungu by’iki gihugu ndetse n’akarere k’ibiyaga bigari, yemeza ku bwiganze busesuye amasezerano y’amahoro …

Kinshasa: Inteko Ishinga Amategeko yafashe icyemezo gikomeye ku masezerano y’u Rwanda na RDC Read More

Indege rutura y’u Bubiligi yageze i Burundi ijyanyeyo izindi ntwaro zo kwifashisha mu gutera u Rwanda

Amakuru mashya aturuka mu gihugu cy’u Burundi aravuga ko ku Cyumweru tariki ya 26 Mata, indege rutura ivugwaho kuba iy’u Bubiligi yageze muri iki gihugu izanye izindi ntwaro n’ibikoresho bya …

Indege rutura y’u Bubiligi yageze i Burundi ijyanyeyo izindi ntwaro zo kwifashisha mu gutera u Rwanda Read More

Umuyobozi mushya w’ubutumwa bwa MONUSCO yahishuye ibyo yaganiriye n’Ihuriro rya AFC/M23 i Goma

Umuyobozi mushya w’ubutumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kugarura amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (MONUSCO), Umunyamerika James Swan, yatangaje ko uruzinduko yagiriye mu mujyi wa Goma rwamusigiye ishusho nyayo y’uko …

Umuyobozi mushya w’ubutumwa bwa MONUSCO yahishuye ibyo yaganiriye n’Ihuriro rya AFC/M23 i Goma Read More

Twebwe icyifuzo cyacu ni uko haba imvururu zituma Abahutu bahunga: Ibyo Gen Kabarebe yahishuriwe na Admiral Herteleer

Amateka y’intambara zabereye mu karere k’Ibiyaga Bigari akomeje gusobanurwa mu buryo butandukanye, ariko hari ibimenyetso n’ubuhamya bigaragaza uruhare rw’inyungu z’ibihugu bikomeye mu byabaye. Bimwe muri ibyo byagarutsweho na Gen (Rtd) …

Twebwe icyifuzo cyacu ni uko haba imvururu zituma Abahutu bahunga: Ibyo Gen Kabarebe yahishuriwe na Admiral Herteleer Read More

Kigali: RIB yataye muri yombi uwasambanyaga abakobwa akanabambura ibyabo byose akoresheje amayeri adasanzwe

Inkuru y’icyaha gikomeye cyakorewe mu mujyi wa Kigali n’inkengero zawo yakomeje gutangaza benshi, nyuma y’uko Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rufashe umugabo ukurikiranyweho gushuka abakobwa abizeza akazi, akaza kubasambanya ku gahato ndetse …

Kigali: RIB yataye muri yombi uwasambanyaga abakobwa akanabambura ibyabo byose akoresheje amayeri adasanzwe Read More

Umugabo arembeye mu bitaro nyuma yo gusukwaho amavuta yatuye akanaterwa icyuma n’umugore we kubera kumufuhira

Ijoro ryo ku wa Gatandatu rishyira ku Cyumweru tariki ya 26 ryahindutse iry’amarira n’akababaro mu Kagari ka Kanzenze, Umurenge wa Ntarama mu Karere ka Bugesera, aho amakimbirane ashingiye ku ifuhe …

Umugabo arembeye mu bitaro nyuma yo gusukwaho amavuta yatuye akanaterwa icyuma n’umugore we kubera kumufuhira Read More

Uruzinduko rwa Papa Léon XIV muri Cameroun rwari rwitezweho kuba urw’amateka rwasize induru.

Uruzinduko rwa Papa Léon XIV mu gihugu cya Cameroun rwari rwitezweho kuba urw’amateka, by’umwihariko mu butumwa bwe bwo gushishikariza abaturage n’abayobozi kurwanya ruswa no kwimakaza imiyoborere myiza. Icyakora, uko iminsi …

Uruzinduko rwa Papa Léon XIV muri Cameroun rwari rwitezweho kuba urw’amateka rwasize induru. Read More

CNDD-FDD yemeje Ndayishimiye nk’umukandida wayo mu matora ya 2027, ahita atanga ubutumwa bukomeye.

Ishyaka riri ku butegetsi mu Burundi, CNDD-FDD, ryemeje ku mugaragaro Perezida Evariste Ndayishimiye nk’umukandida uzarihagararira mu matora y’umukuru w’igihugu ateganyijwe mu 2027, mu cyemezo cyafatiwe mu nama idasanzwe y’iri shyaka …

CNDD-FDD yemeje Ndayishimiye nk’umukandida wayo mu matora ya 2027, ahita atanga ubutumwa bukomeye. Read More