Arsenal yiteguye guha Vinicius Jr umushahara utarigeze uhabwa undi mukinnyi, Liverpool ikomeje guhatana kuri Barcola.

Isoko ry’igura n’igurisha ry’abakinnyi rikomeje gutanga inkuru zikomeye, aho amakipe akomeye i Burayi ari gukoresha imbaraga zidasanzwe ashaka kongera imbaraga mbere y’uko shampiyona zitangira. Inkuru iri kuvugisha benshi ni iy’uko …

Arsenal yiteguye guha Vinicius Jr umushahara utarigeze uhabwa undi mukinnyi, Liverpool ikomeje guhatana kuri Barcola. Read More

Arsenal yakaniye kuri Vinícius Jr nyuma yuko Perez avuze akayabo amwifuzamo, ibya Yan Diomande muri Real Madrid na Manu Koné muri Man Utd

Isoko ry’igura n’igurisha ry’abakinnyi rikomeje gushyuha uko amatariki yo kurisoza yegereza, aho amakipe akomeye i Burayi akomeje guhatanira abakinnyi bashobora guhindura isura y’amakipe yabo mbere y’uko umwaka w’imikino utangira. Kimwe …

Arsenal yakaniye kuri Vinícius Jr nyuma yuko Perez avuze akayabo amwifuzamo, ibya Yan Diomande muri Real Madrid na Manu Koné muri Man Utd Read More

Arsenal yatangiye gukurikirana Vinícius Júnior wa Real Madrid: Arteta na Andrea Berta mu mushinga wo kwisubuza igikombe

Arsenal ikomeje kwerekana ko idashaka kugarukira ku rwego igezeho nyuma yo gukomeza kwiyubaka kugira ngo irusheho guhatanira igikombe cya Premier League ndetse n’andi marushanwa akomeye ku mugabane w’u Burayi. Amakuru …

Arsenal yatangiye gukurikirana Vinícius Júnior wa Real Madrid: Arteta na Andrea Berta mu mushinga wo kwisubuza igikombe Read More

Arsenal na Manchester United zongeye guhangana ku isoko ry’abakinnyi: Rutahizamu udasanzwe yisanze mu mayira abiri

Ollie Watkins ari mu bakinnyi bashobora kuvugisha benshi ku isoko ry’igura n’igurisha ry’iyi mpeshyi, nyuma y’uko Aston Villa yanze kuganira ku busabe bwa Fenerbahce yifuzaga kumwegukana. Nubwo iyi kipe yo …

Arsenal na Manchester United zongeye guhangana ku isoko ry’abakinnyi: Rutahizamu udasanzwe yisanze mu mayira abiri Read More

Arsenal yiteguye gutanga Gyökeres kugira ngo ibone umukinnyi ukomeye cyane: Arteta ari gutegura impinduka zikomeye

Arsenal yinjiye mu cyiciro gikomeye cy’isoko ry’igura n’igurisha ry’abakinnyi, aho ubuyobozi bw’iyi kipe buyobowe n’umutoza Mikel Arteta bugaragara nk’ubwiteguye gufata ibyemezo bikomeye bishobora guhindura isura y’ikipe mbere y’uko shampiyona ya …

Arsenal yiteguye gutanga Gyökeres kugira ngo ibone umukinnyi ukomeye cyane: Arteta ari gutegura impinduka zikomeye Read More

Liverpool izanye miliyoni 100, Guimarães muri Arsenal na Man United ishakisha umukinnyi wo hagati

Nyuma yo kurangira kw’Igikombe cy’Isi, amakipe akomeye yo mu Bwongereza yatangiye kongera gushyira imbaraga ku isoko ry’abakinnyi aho Liverpool, Manchester United, Arsenal na Chelsea ziri mu makipe ari kuvugwaho cyane. …

Liverpool izanye miliyoni 100, Guimarães muri Arsenal na Man United ishakisha umukinnyi wo hagati Read More

Manchester United yerekanye Youri Tielemans agaragaza ibyishimo bidasanzwe. Gahunda yo kubaka ikipe iracyakomeje

Manchester United yakomeje kugaragaza ko ishaka kongera kubaka ikipe ishobora guhatanira ibikombe bikomeye, nyuma yo kwemeza ku mugaragaro ko Youri Tielemans yasinye amasezerano amwerekeza muri iyi kipe avuye muri Aston …

Manchester United yerekanye Youri Tielemans agaragaza ibyishimo bidasanzwe. Gahunda yo kubaka ikipe iracyakomeje Read More

Manchester United iracyashaka abakinnyi batatu bashya barimo na rutahizamu nyuma ya Tielemans, Santos na Darlow

Ikipe ya Manchester United ikomeje gahunda yo kwivugurura mbere y’uko shampiyona nshya itangira, aho amakuru mashya agaragaza ko ubuyobozi bwayo butaranyurwa n’abakinnyi bamaze kugera muri iyi kipe. Nyuma yo kuhagera …

Manchester United iracyashaka abakinnyi batatu bashya barimo na rutahizamu nyuma ya Tielemans, Santos na Darlow Read More

U Rwanda rwasinye amasezerano n’indi kipe yo muri Premier League: Visit Rwanda igiye kugaragara imbere ku mwambaro wa yo

U Rwanda rwongeye gutera indi ntambwe ikomeye mu kwamamaza ubukerarugendo bwarwo ku rwego mpuzamahanga nyuma y’uko gahunda ya Visit Rwanda isinyanye amasezerano y’ubufatanye n’ikipe ya Aston Villa yo mu Cyiciro …

U Rwanda rwasinye amasezerano n’indi kipe yo muri Premier League: Visit Rwanda igiye kugaragara imbere ku mwambaro wa yo Read More