Umusifuzi wari ugiye kwandika amateka mu gikombe cy’Isi yirukanywe akigera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika

Amateka yari agiye kwandikwa n’umusifuzi w’Umunya-Somalia Omar Abdulkadir Artan mu Gikombe cy’Isi cya 2026 yahagaritswe mu buryo butunguranye nyuma y’uko yangiwe kwinjira muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, igihugu kimwe …

Umusifuzi wari ugiye kwandika amateka mu gikombe cy’Isi yirukanywe akigera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika Read More

Iherezo ry’Ubukwe: Ni iki SKOL izibukirwaho mu mateka ya Rayon Sports batandukanye nyuma y’imyaka 12?

Nyuma y’urugendo rwamaze imyaka 12 rwahinduye byinshi mu mikorere no mu iterambere rya Rayon Sports, uruganda rwenga ibinyobwa rwa SKOL Brewery Ltd rwatangaje ko amasezerano yarwo yo gutera inkunga iyi …

Iherezo ry’Ubukwe: Ni iki SKOL izibukirwaho mu mateka ya Rayon Sports batandukanye nyuma y’imyaka 12? Read More

Abarundi baturutse i Burayi baje i Kigali gushyigikira ikipe ya RSSB Tigers BC yegukanye igikombe cya BAL 2026

Amajwi y’abafana baturutse mu bihugu bitandukanye yakomeje kugaragaza uburyo irushanwa rya Basketball Africa League (BAL) ryabereye i Kigali ryabaye igikorwa cyarenze siporo, rikaba n’umwanya wo kwerekana aho u Rwanda rugeze …

Abarundi baturutse i Burayi baje i Kigali gushyigikira ikipe ya RSSB Tigers BC yegukanye igikombe cya BAL 2026 Read More

Umunyamakuru Sadi Habimana yatawe muri yombi mu gihe ibyabaye ku mukino wa Rayon Sports na Kiyovu Sports byose byagiye ahagaragara

Iperereza riracyakomeje ku kibazo cyatumye umunyamakuru wa siporo Sadi Habimana afungwa nyuma y’ibyabereye kuri Stade ubwo hasozwaga shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda. Sadi Habimana, umaze imyaka azwi mu itangazamakuru …

Umunyamakuru Sadi Habimana yatawe muri yombi mu gihe ibyabaye ku mukino wa Rayon Sports na Kiyovu Sports byose byagiye ahagaragara Read More

Uwakiniye Manchester United yahamagawe bwa mbere mu Mavubi, Stephen Constantine asiga abavandimwe ba Mickels n’Abakinnyi bakomeye

Umutoza w’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda ‘Amavubi’, Stephen Constantine, yashyize hanze urutonde rw’abakinnyi 24 bazitabira umwiherero w’imikino ibiri ya gicuti izabera muri Maroc, hagaragaramo amazina mashya ndetse n’abakinnyi bakomeye basanzwe bamenyerewe …

Uwakiniye Manchester United yahamagawe bwa mbere mu Mavubi, Stephen Constantine asiga abavandimwe ba Mickels n’Abakinnyi bakomeye Read More

“Arsenal ni iki?” Perezida Museveni yanenze abayobozi bishimira Arsenal mu gihe ubukene burembeje abaturage

Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni, yongeye kuvugisha benshi nyuma yo kunenga bikomeye abayobozi ndetse n’abaturage bo muri Uganda bari mu byishimo byo kwizihiza intsinzi ya Arsenal F.C. muri Shampiyona y’u …

“Arsenal ni iki?” Perezida Museveni yanenze abayobozi bishimira Arsenal mu gihe ubukene burembeje abaturage Read More

Amerika yashyizeho amananiza akomeye ku ikipe y’igihugu ya RDC izitabira igikombe cy’Isi

Icyorezo cya Ebola gikomeje guteza impungenge zikomeye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, cyatumye Leta Zunze Ubumwe za Amerika ifata icyemezo gikomeye ku Ikipe y’Igihugu ya RDC, Les Léopards, iri …

Amerika yashyizeho amananiza akomeye ku ikipe y’igihugu ya RDC izitabira igikombe cy’Isi Read More

Manchester United yamuritse umwambaro mushya wa 2026/27, wakuruye amarangamutima y’abafana. Amafoto

Ikipe ya Manchester United yamuritse ku mugaragaro umwambaro mushya izakoresha mu mwaka w’imikino wa 2026/27, mu gikorwa cyakuruye amarangamutima y’abafana b’iyi kipe yo mu Bwongereza ndetse n’abakunzi b’umupira w’amaguru ku …

Manchester United yamuritse umwambaro mushya wa 2026/27, wakuruye amarangamutima y’abafana. Amafoto Read More

Rwanda Premier League yaciye impaka ku gutanga ibikombe bibiri bya Shampiyona muri uyu mwaka w’imikino

Impaka zikomeje gufata intera mu bakurikiranira hafi umupira w’amaguru mu Rwanda nyuma y’uko ubuyobozi bwa Rwanda Premier League bwemeje ko uyu mwaka w’imikino wa 2025/26 uzasozwa hatanzwe ibikombe bibiri bya …

Rwanda Premier League yaciye impaka ku gutanga ibikombe bibiri bya Shampiyona muri uyu mwaka w’imikino Read More

Umusifuzi yakubtiwe ku kibuga kugeza apfuye nyuma yo gushinjwa kubogama mu mukino wari ukomeye cyane.

Umusifuzi yakubiswe kugeza apfuye nyuma yo gushinjwa kubogama mu mukino wari ukomeye cyane. Agahinda n’uburakari byafashe benshi mu bakunzi b’umupira w’amaguru muri Zambia nyuma y’urupfu rw’umusifuzi Donald Tonga wari ufite …

Umusifuzi yakubtiwe ku kibuga kugeza apfuye nyuma yo gushinjwa kubogama mu mukino wari ukomeye cyane. Read More