Ibyo abakinnyi ba Manchester United bari kuvuga kuri Youri Tielemans ugiye kuyisinyira nyuma yuko ibya Ederson byanze.

Manchester United yatangiye urugendo rushya ku isoko ry’igura ry’abakinnyi, aho yerekeje amaso kuri Youri Tielemans wa Aston Villa nyuma yo kugira impungenge ku kugura Ederson wa Atalanta. Uyu mukinnyi wo …

Ibyo abakinnyi ba Manchester United bari kuvuga kuri Youri Tielemans ugiye kuyisinyira nyuma yuko ibya Ederson byanze. Read More

Manchester United iri kubaka ikipe nshya: Andrey Santos yamaze gusinya, undi mukinnyi aje guhangana bikomeye.

Ikipe ya Manchester United ikomeje kwerekana ko ishaka kwinjira mu mwaka mushya w’imikino ifite ikipe irushijeho gukomera, aho iri gushyira imbaraga mu kongeramo abakinnyi bashobora kongera imbaraga mu myanya itandukanye. …

Manchester United iri kubaka ikipe nshya: Andrey Santos yamaze gusinya, undi mukinnyi aje guhangana bikomeye. Read More

Harry Kane yavuze ku mukino yakinnye na Donald Trump, anavuga uko David Beckham akomeje gushyigikira u Bwongereza

Rutahizamu w’ikipe y’igihugu y’u Bwongereza, Harry Kane, yagarutse ku bunararibonye avuga ko butazigera bumwibagirana nyuma yo gukina umukino wa golf na Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump. …

Harry Kane yavuze ku mukino yakinnye na Donald Trump, anavuga uko David Beckham akomeje gushyigikira u Bwongereza Read More

England vs Norway: Ubumtoza Solbakken yavuze ikiza kugora abakinnyi be, anakomoza ku guhangana kwa Harry Kane na Erling Haaland

Umukino wa 1/4 cy’Igikombe cy’Isi uhuza u Bwongereza na Norway utegerejwe na benshi kubera guhangana kw’abakinnyi babiri bafatwa nk’abasatira beza ku Isi muri iki gihe, Harry Kane na Erling Haaland. …

England vs Norway: Ubumtoza Solbakken yavuze ikiza kugora abakinnyi be, anakomoza ku guhangana kwa Harry Kane na Erling Haaland Read More

Nyuma yo gutsindwa na Argentine, Algeria yatanze ikirego muri FIFA kubera Messi na Mac Allister

Abayobozi b’umupira w’amaguru muri Algeria bagejeje ikirego muri FIFA nyuma y’umukino w’Igikombe cy’Isi batsinzwemo na Argentine ibitego 3-0, bavuga ko ibyemezo byafashwe n’abasifuzi byagize uruhare rukomeye ku musaruro w’uwo mukino …

Nyuma yo gutsindwa na Argentine, Algeria yatanze ikirego muri FIFA kubera Messi na Mac Allister Read More

Bidasubirwaho, Rayon Sports yabonye umuterankunga mukuru: Ibibazo by’amikoro bigiye gushyirwaho akadomo

Impinduka zikomeye zigiye kuba muri Rayon Sports nyuma y’uko ubuyobozi bw’iyi kipe bwemeje ko yamaze kumvikana na Banki ya Kigali (BK) ku masezerano mashya azatuma iba umuterankunga mukuru wayo mu …

Bidasubirwaho, Rayon Sports yabonye umuterankunga mukuru: Ibibazo by’amikoro bigiye gushyirwaho akadomo Read More

Iherezo ry’Ubukwe: Ni iki SKOL izibukirwaho mu mateka ya Rayon Sports batandukanye nyuma y’imyaka 12?

Nyuma y’urugendo rwamaze imyaka 12 rwahinduye byinshi mu mikorere no mu iterambere rya Rayon Sports, uruganda rwenga ibinyobwa rwa SKOL Brewery Ltd rwatangaje ko amasezerano yarwo yo gutera inkunga iyi …

Iherezo ry’Ubukwe: Ni iki SKOL izibukirwaho mu mateka ya Rayon Sports batandukanye nyuma y’imyaka 12? Read More

Abarundi baturutse i Burayi baje i Kigali gushyigikira ikipe ya RSSB Tigers BC yegukanye igikombe cya BAL 2026

Amajwi y’abafana baturutse mu bihugu bitandukanye yakomeje kugaragaza uburyo irushanwa rya Basketball Africa League (BAL) ryabereye i Kigali ryabaye igikorwa cyarenze siporo, rikaba n’umwanya wo kwerekana aho u Rwanda rugeze …

Abarundi baturutse i Burayi baje i Kigali gushyigikira ikipe ya RSSB Tigers BC yegukanye igikombe cya BAL 2026 Read More