Amafoto: Kigali Pelé Stadium mu isura nshya nyuma yo kuvugururwa n’ibice byayo byinshi byarahindutse.

Kigali Pelé Stadium yagarutse mu isura nshya nyuma yo kuvugururwa, ikaba yiteguye kwakira imikino ya FIFA Series 2026 izabera mu Rwanda bwa mbere. Mu kwezi kwa Gashyantare 2026 ni bwo …

Amafoto: Kigali Pelé Stadium mu isura nshya nyuma yo kuvugururwa n’ibice byayo byinshi byarahindutse. Read More

Sénégal yajuririye muri CAS icyemezo cya CAF cyo kuyambura igikombe cya AFCON 2025.

Urukiko Nkemurampaka mu by’Imikino (CAS/TAS) rwatangaje ko rwamaze kwakira ubujurire bwatanzwe na Federasiyo y’Umupira w’Amaguru muri Sénégal (FSF), bujyanye n’icyemezo cyari cyafashwe n’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF) cyo kwambura …

Sénégal yajuririye muri CAS icyemezo cya CAF cyo kuyambura igikombe cya AFCON 2025. Read More

Mohamed Salah yasezeye kuri Liverpool FC mu buryo bwazamuye imbamutima za benshi

Rutahizamu w’icyamamare ukomoka mu Misiri, Mohamed Salah, yatangaje ku mugaragaro ko azatandukana n’ikipe ya Liverpool F.C. mu mpera z’umwaka w’imikino wa 2025/2026, ashyira akadomo ku rugendo rw’imyaka icyenda yamaze ayikinira. …

Mohamed Salah yasezeye kuri Liverpool FC mu buryo bwazamuye imbamutima za benshi Read More

KNC wa Gasogi United utegerejwe n’ibihano bikakaye nyuma ya mpaga ya Rayon Sports yavuze.

Mu mupira w’amaguru w’u Rwanda, impaka zikomeje kuba nyinshi nyuma y’umukino utabaye wahuzaga Gasogi United FC na Rayon Sports FC, warangiye hatewe mpaga y’ibitego 3-0, ibintu byahise bituma hatangira kuvugwa …

KNC wa Gasogi United utegerejwe n’ibihano bikakaye nyuma ya mpaga ya Rayon Sports yavuze. Read More

Kapiteni w’ikipe y’igihugu ya Maroc yanze igikombe cya AFCON, ashimangira ko Sénégal ari yo yatsinze mu kibuga

Kapiteni w’ikipe y’igihugu ya Maroc, Achraf Hakimi, yatunguye benshi nyuma yo gutangaza ko atemera igikombe cya Afurika (AFCON 2026) cyahawe igihugu cye, ashimangira ko ku bwe, ikipe ya Sénégal national …

Kapiteni w’ikipe y’igihugu ya Maroc yanze igikombe cya AFCON, ashimangira ko Sénégal ari yo yatsinze mu kibuga Read More

Umunyezamu Kwizera Olivier yakomoje ku kudahamagarwa mu Ikipe y’Igihugu, Amavubi

Mu gihe amarushanwa y’imbere mu gihugu akomeje gufata indi ntera ndetse n’amarushanwa mpuzamahanga ategerejwe i Kigali, umunyezamu wa Rayon Sports, Kwizera Olivier, ari mu bakinnyi bakomeje kuvugisha benshi bitewe n’imikinire …

Umunyezamu Kwizera Olivier yakomoje ku kudahamagarwa mu Ikipe y’Igihugu, Amavubi Read More