Rusizi: Umugabo akekwaho gusambanya umwana we avuga ko yamwigishaga uko azitwara imbere y’umugabo

Umugabo w’imyaka 35 wo mu Murenge wa Nyakabuye, Akarere ka Rusizi, yashyikirijwe ubugenzacyaha nyuma yo gukekwaho gusambanya umwana we w’imyaka 15, mu gihe iperereza rigikomeje kumenya ukuri ku byabaye. Uyu …

Rusizi: Umugabo akekwaho gusambanya umwana we avuga ko yamwigishaga uko azitwara imbere y’umugabo Read More

Colonel Tom Byabagamba wahoze ayobora Ingabo zirinda Perezida Kagame yapfiriye muri gereza

Colonel Tom Byabagamba, wahoze ari umwe mu basirikare bakomeye mu Ngabo z’u Rwanda ndetse akayobora umutwe w’ingabo zirinda Umukuru w’Igihugu, yapfiriye muri gereza nyuma y’imyaka hafi 12 yari amaze afunzwe. …

Colonel Tom Byabagamba wahoze ayobora Ingabo zirinda Perezida Kagame yapfiriye muri gereza Read More

Ukuri ku cyihishe inyuma y’Inkongi y’umuriro yongeye kwibasira umujyi wa Bujumbura ikongera impungenge

Isoko rya Kinindo mu Mujyi wa Bujumbura ryibasiwe n’inkongi y’umuriro ikomeye mu gitondo cyo ku wa 25 Kanama 2026, aho igice kinini cy’ahacururizwa matelas cyangiritse mbere y’uko abashinzwe kuzimya umuriro …

Ukuri ku cyihishe inyuma y’Inkongi y’umuriro yongeye kwibasira umujyi wa Bujumbura ikongera impungenge Read More

“Ntituzi uko twakomeza kuba hano”: Umudugudu wose wahunze nyuma y’ibikorwa by’abo ku ruhande rwa leta ya RDC

Abaturage bo mu Mudugudu wa Habula, muri Gurupoma ya Luberike, Teritwari ya Walikale mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), batangiye guhunga ari benshi nyuma y’ibikorwa by’ubugizi bwa …

“Ntituzi uko twakomeza kuba hano”: Umudugudu wose wahunze nyuma y’ibikorwa by’abo ku ruhande rwa leta ya RDC Read More

Perezida Evariste Ndayishimiye agiye gusimburwa ku buyobozi bw’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe

Perezida wa Ghana, John Dramani Mahama, yatangiye imyiteguro yo kuzayobora Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU), aho ateganya gusimbura Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, muri Mutarama 2027. Iyi myiteguro ije …

Perezida Evariste Ndayishimiye agiye gusimburwa ku buyobozi bw’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe Read More

MINEDUC yasabye imbabazi ku mwana wabaye uwa mbere utagaragaye mu muhango wo gutanga ibihembo

Minisiteri y’Uburezi yasabye imbabazi nyuma y’uko umwana wabaye uwa mbere ku rwego rw’igihugu mu bizamini bisoza Icyiciro Rusange cy’Amashuri Yisumbuye atagaragaye mu muhango wo gutangirwamo ibihembo, ibintu byateje impaka ku …

MINEDUC yasabye imbabazi ku mwana wabaye uwa mbere utagaragaye mu muhango wo gutanga ibihembo Read More

Umwarimu wari ufite ubukwe yafunzwe nyuma yo gufatwa acuruza imifuka irenga 50 yuzuye inzoga zitujuje ubuziranenge.

Umwarimu wigisha mu mashuri yisumbuye mu Murenge wa Busasamana, Akarere ka Nyanza, yatawe muri yombi nyuma y’uko inzego z’ibanze, Polisi, DASSO n’abaturage bafatanyije guca inzoga zitujuje ubuziranenge zasanzwe aho atuye. …

Umwarimu wari ufite ubukwe yafunzwe nyuma yo gufatwa acuruza imifuka irenga 50 yuzuye inzoga zitujuje ubuziranenge. Read More

Basanze amasohoro akiri mu makariso yabo: Umwarimu wahamijwe gusambanya abana 2 agakatirwa imyaka 10 yajuriye.

Umwarimu wahoze yigisha ku Ishuri ry’Imyuga rya Nyanza yajuriye nyuma yo gukatirwa igifungo cy’imyaka 10 ku cyaha cyo gusambanya abana babiri b’abakobwa, umwe w’imyaka 15 n’undi w’imyaka 17. Ntivuguruzwa Thomas …

Basanze amasohoro akiri mu makariso yabo: Umwarimu wahamijwe gusambanya abana 2 agakatirwa imyaka 10 yajuriye. Read More