Abanyarwanda barenga 26.000 bakiri mu mashuri abanza bafite imyaka 18 kuzamura. Inkuru ya Gumyusenge w’imyaka 42 yavugishije benshi.

Urwego rw’uburezi mu Rwanda rukomeje kugaragaza impinduka zikomeye zishingiye ku kongera amahirwe yo kwiga ku bana bose no ku bantu bakuze baba baracikanywe n’amashuri mu bihe bitandukanye. Nubwo igihugu kimaze …

Abanyarwanda barenga 26.000 bakiri mu mashuri abanza bafite imyaka 18 kuzamura. Inkuru ya Gumyusenge w’imyaka 42 yavugishije benshi. Read More

Col. Rugabo wa AFC/M23-Twirwaneho yahishuye amayeri adasanzwe yabafashije gukubita iz’akabwana Ingabo z’u Burundi na FARDC

Mikenke, agace k’ingenzi gaherereye mu misozi miremire ya Kivu y’Amajyepfo, kongeye kwisanga mu maboko y’ingabo za Twirwaneho n’ihuriro rya AFC/M23 nyuma y’imirwano yongeye gukurura impaka n’ibitekerezo byinshi mu karere ka …

Col. Rugabo wa AFC/M23-Twirwaneho yahishuye amayeri adasanzwe yabafashije gukubita iz’akabwana Ingabo z’u Burundi na FARDC Read More

Amashusho ya Kirabo yateje Impaka nyuma yuko ayasabiye Imbabazi, asaba rubanda kureka kuyareba

Uyu munyamideli n’icyamamare ku mbuga nkoranyambaga ari mu bantu bavugishije benshi muri iyi minsi nyuma y’uko amashusho bivugwa ko ari aye yihariye yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga mu buryo butunguranye, ibintu …

Amashusho ya Kirabo yateje Impaka nyuma yuko ayasabiye Imbabazi, asaba rubanda kureka kuyareba Read More

Umusifuzi wari ugiye kwandika amateka mu gikombe cy’Isi yirukanywe akigera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika

Amateka yari agiye kwandikwa n’umusifuzi w’Umunya-Somalia Omar Abdulkadir Artan mu Gikombe cy’Isi cya 2026 yahagaritswe mu buryo butunguranye nyuma y’uko yangiwe kwinjira muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, igihugu kimwe …

Umusifuzi wari ugiye kwandika amateka mu gikombe cy’Isi yirukanywe akigera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika Read More

Iherezo ry’Ubukwe: Ni iki SKOL izibukirwaho mu mateka ya Rayon Sports batandukanye nyuma y’imyaka 12?

Nyuma y’urugendo rwamaze imyaka 12 rwahinduye byinshi mu mikorere no mu iterambere rya Rayon Sports, uruganda rwenga ibinyobwa rwa SKOL Brewery Ltd rwatangaje ko amasezerano yarwo yo gutera inkunga iyi …

Iherezo ry’Ubukwe: Ni iki SKOL izibukirwaho mu mateka ya Rayon Sports batandukanye nyuma y’imyaka 12? Read More

Uganda: Dr. Muganga wimwe Umwanya muri Guverinoma nshya nyuma y’impaka ku bwenegihugu bwe yahishuye isano afitanye n’u Rwanda

Impaka zikomeye zimaze iminsi zivugwa muri Uganda ku bwenegihugu bw’abayobozi bamwe bashyizwe muri guverinoma zatumye Dr. Lawrence Muganga agaruka ku mateka y’umuryango we, anavuga ku rugendo rw’ubuzima bw’ababyeyi be bahunze …

Uganda: Dr. Muganga wimwe Umwanya muri Guverinoma nshya nyuma y’impaka ku bwenegihugu bwe yahishuye isano afitanye n’u Rwanda Read More

Ihuriro rya AFC/M23 ryakoze impinduka zidasanzwe kandi zihutirwa mu buyobozi no miyoborere byaryo.

Ihuriro AFC/M23 rikomeje gushyira imbaraga mu kongera gutunganya imiyoborere y’uturere n’imijyi rigenzura mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, aho kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 6 Kamena 2026 …

Ihuriro rya AFC/M23 ryakoze impinduka zidasanzwe kandi zihutirwa mu buyobozi no miyoborere byaryo. Read More

U Bubiligi bwatunguranye buvuga ku bihano bya Amerika, bwemera ko kuvana ingabo z’u Rwanda muri RDC bikwiye kujyana no gusenya FDLR

Impaka ku mutekano n’amahoro mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zikomeje gufata indi ntera nyuma y’uko Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Bubiligi, Maxime Prevot, agaragaje ko igihugu cye gishyigikiye …

U Bubiligi bwatunguranye buvuga ku bihano bya Amerika, bwemera ko kuvana ingabo z’u Rwanda muri RDC bikwiye kujyana no gusenya FDLR Read More