Inama mpuzamahanga yok u rwego rw’Isi yagombaga kubera i Kigali yasubitswe mu buryo butunguranye.

Hashize amezi menshi u Rwanda rwitegura kwakira imwe mu nama zikomeye ku rwego mpuzamahanga mu rwego rw’ikoranabuhanga n’itumanaho, ariko gahunda yari iteganyijwe muri Kamena 2026 yahindutse mu buryo butunguranye nyuma …

Inama mpuzamahanga yok u rwego rw’Isi yagombaga kubera i Kigali yasubitswe mu buryo butunguranye. Read More

Urwego rw’Igihugu rushinzwe umuco n’ururimi rwamuritswe inkoranyamuga irimo ijambo Inkoreshakure n’andi magambo mashya

Urwego rw’Igihugu rushinzwe umuco n’ururimi rwatangaje intambwe nshya igamije guteza imbere ikoreshwa ry’Ikinyarwanda mu nzego z’ikoranabuhanga, rugaragaza inkoranyamuga nshya igamije gusobanura no kwimika amagambo ajyanye n’isi ya none. Iyi nkoranyamuga …

Urwego rw’Igihugu rushinzwe umuco n’ururimi rwamuritswe inkoranyamuga irimo ijambo Inkoreshakure n’andi magambo mashya Read More

U Rwanda rwashyizeho ibihano bikarishye cyane ku batwara ibinyabiziga banyoye ibisindisha n’abatubahiriza amategeko y’umuhanda

Guverinoma y’u Rwanda yashyizeho itegeko rishya rigenga ikoreshwa ry’imihanda, ririmo ingingo zikaze zigamije gukumira impanuka zo mu muhanda no kongera umutekano w’abawukoresha. Muri iri tegeko rishya, umuntu utwara ikinyabiziga yanyoye …

U Rwanda rwashyizeho ibihano bikarishye cyane ku batwara ibinyabiziga banyoye ibisindisha n’abatubahiriza amategeko y’umuhanda Read More

Moscow: U Rwanda rwinjiye mu biganiro bikomeye n’u Burusiya ku mishinga ya nucléaire izahindura isura y’ingufu kirimbuzi

Guverinoma y’u Rwanda iri mu biganiro byimbitse n’ikigo cyo mu Burusiya gishinzwe kugenzura ikoreshwa ry’ingufu za nucléaire, Rostekhnadzor, mu rwego rwo gushyiraho ubufatanye buzafasha igihugu kongera ubushobozi bwacyo mu gutunganya …

Moscow: U Rwanda rwinjiye mu biganiro bikomeye n’u Burusiya ku mishinga ya nucléaire izahindura isura y’ingufu kirimbuzi Read More

Ababiligi baguye mu kantu nyuma yo kwisanga inyuma y’u Rwanda ku rutonde rw’ibihugu bifite imihanda myiza ku Isi

Mu gihe u Bubiligi buzwi nk’igihugu gifite ubukungu bukomeye, ibikorwaremezo byateye imbere n’umwanya ukomeye mu Muryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU), abenegihugu benshi batunguwe no kubona ko kiri inyuma y’ibihugu birimo …

Ababiligi baguye mu kantu nyuma yo kwisanga inyuma y’u Rwanda ku rutonde rw’ibihugu bifite imihanda myiza ku Isi Read More

Isezerano rya Minisitiri Ugirashebuja ku muhungu wa Ingabire Victoire rikomeje guteza impaka ku mbuga

Isezerano Minisitiri w’Ubutabera akaba n’Intumwa Nkuru ya Leta, Dr. Emmanuel Ugirashebuja, yahaye umuhungu w’umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi, Ingabire Victoire Umuhoza, rikomeje gukurura impaka ndende ku bijyanye n’ubutabera, uburenganzira bwa muntu …

Isezerano rya Minisitiri Ugirashebuja ku muhungu wa Ingabire Victoire rikomeje guteza impaka ku mbuga Read More

Perezida Ndayishimiye yagaragaye ari mu mwuka Mu masengesho yabereye mu mwiherero wihariye mbere ya kongere idasanzwe ya CNDD-FDD

Perezida wa Repubulika y’u Burundi akaba n’Umuyobozi Mukuru w’Ishyaka CNDD-FDD, Évariste Ndayishimiye, yagaragaye ari mu mwuka wihariye wo gusenga no kwiyumvamo inshingano ziremereye, ubwo yatangiraga ku mugaragaro umwiherero w’amasengesho y’ishyaka …

Perezida Ndayishimiye yagaragaye ari mu mwuka Mu masengesho yabereye mu mwiherero wihariye mbere ya kongere idasanzwe ya CNDD-FDD Read More

Byahinduye Isura: Abacancuro b’Abanyaburayi basanze Ingabo z’u Burundi, FARDC n’abambari bazo muri Uvira.

Umutekano mu Mujyi wa Uvira, uherereye mu Ntara ya Kivu y’Epfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), ukomeje kuba mubi cyane nyuma y’ibikorwa bishya by’ingabo za Leta (FARDC) n’abafatanyabikorwa …

Byahinduye Isura: Abacancuro b’Abanyaburayi basanze Ingabo z’u Burundi, FARDC n’abambari bazo muri Uvira. Read More