Shaddyboo yatawe muri yombi nyuma y’iminsi mike asambanyijwe ku gahato n’umuhanzi Yugi Umukaraza?

Nyuma y’iminsi ku mbuga nkoranyambaga no mu itangazamakuru hacicikana amakuru yavugaga ko Mbabazi Shadia uzwi cyane nka Shaddyboo yaba yaratawe muri yombi, Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwashyize umucyo kuri ayo …

Shaddyboo yatawe muri yombi nyuma y’iminsi mike asambanyijwe ku gahato n’umuhanzi Yugi Umukaraza? Read More

RIP Uwimana: Urupfu rw’umukobwa w’imyaka 16 yiyahuye nyuma yo kubuzwa gukoresha telefoni rwashenguye benshi.

Agahinda n’ishavu byarenze urugero byibasiye umuryango wo mu Murenge wa Rweru, Akarere ka Bugesera, nyuma y’uko umukobwa wabo w’imyaka 16 afashe icyemezo cyo kwiyambura ubuzima, bikekwa ko byatewe n’amakimbirane yari …

RIP Uwimana: Urupfu rw’umukobwa w’imyaka 16 yiyahuye nyuma yo kubuzwa gukoresha telefoni rwashenguye benshi. Read More

Kigali: Umugore w’imyaka 25 akurikiranyweho kugerageza kwica umugabo we akoresheje inzoga irimo Super Glue

Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Gasabo bukomeje gukurikirana umugore w’imyaka 25 ukekwaho icyaha gikomeye cyo kugerageza kwica umugabo we, amuhaye inzoga bivugwa ko yari avanze na Super Glue, mu gikorwa …

Kigali: Umugore w’imyaka 25 akurikiranyweho kugerageza kwica umugabo we akoresheje inzoga irimo Super Glue Read More

Urupfu rw’Umunyeshuri wiyahuye nyuma y’ibyo Umwarimu yari amaze kumukorera rwazamuye Impaka ndende.

Urujijo n’agahinda bikomeje kuganza mu karere ka Rubirizi mu burengerazuba bwa Uganda, nyuma y’urupfu rw’umunyeshuri witwa Sheilla Ankunda wigaga mu St. Thomas Vocational Secondary School, aho bikekwa ko yiyahuye nyuma …

Urupfu rw’Umunyeshuri wiyahuye nyuma y’ibyo Umwarimu yari amaze kumukorera rwazamuye Impaka ndende. Read More

Habaye Impanuka Ikomeye cyane ya Bisi itwara abagenzi yahitanye abantu 31, abandi benshi barakomereka

Abantu nibura 31 bamaze kwemezwa ko bapfuye mu mpanuka ikomeye ya bisi yabereye mu karere ka Amhara muri Ethiopia, mu gihe abandi benshi bakomeretse bamwe bikabije, nk’uko byatangajwe n’inzego z’umutekano …

Habaye Impanuka Ikomeye cyane ya Bisi itwara abagenzi yahitanye abantu 31, abandi benshi barakomereka Read More

Kigali: Umugabo yitabye Imana nyuma yo kurya Inyama yitwa Nyash yari yasizwe n’Undi.

Agahinda n’akababaro byabaye byinshi mu baturage bo mu Murenge wa Kinyinya mu Karere ka Gasabo nyuma y’urupfu rutunguranye rw’umugabo wapfuye anizwe n’inyama yari yasigaye ku isahani yari yasizweho n’undi mukiriya …

Kigali: Umugabo yitabye Imana nyuma yo kurya Inyama yitwa Nyash yari yasizwe n’Undi. Read More

Abaturage bacitse igikuba bashya ubwoba bwinshi cyane nyuma yo guhishura ubucuruzi bwa Habimana na mugenzi we.

Abaturage bo mu turere twa Mubende na Fort Portal muri Uganda bakomeje gutungurwa n’amakuru yerekeye abagabo babiri bafatiwe mu bikorwa byo gucuruza inyama z’imbwa, ibintu byateje impaka n’ubwoba mu baturage …

Abaturage bacitse igikuba bashya ubwoba bwinshi cyane nyuma yo guhishura ubucuruzi bwa Habimana na mugenzi we. Read More

Polisi y’u Rwanda yatangiye guhigisha uruhindu umugabo ukurikiranyweho kwica umugore we akamumanika mu mugozi ahetse umwana.

Abaturage bo mu Murenge wa Mushonyi mu Karere ka Rutsiro babyutse batewe ubwoba n’urupfu rw’umugore wasanzwe amanitse mu mugozi mu rugo yabagamo, mu gihe Polisi y’u Rwanda yatangiye gushakisha umugabo …

Polisi y’u Rwanda yatangiye guhigisha uruhindu umugabo ukurikiranyweho kwica umugore we akamumanika mu mugozi ahetse umwana. Read More

Byagenze bite ngo Dr. Semwaga Nsabimana Frederick n’umugore we bafungwe? Ibyaha bikomeye mu gutwitira abandi

Inkuru y’itabwa muri yombi rya Dr. Semwaga Emmanuel, umuganga wari uzwi mu kuvura indwara z’abagore no gufasha ababuze urubyaro, yakomeje guteza impaka mu Rwanda nyuma y’uko dosiye ye ihuzwa n’ibikorwa …

Byagenze bite ngo Dr. Semwaga Nsabimana Frederick n’umugore we bafungwe? Ibyaha bikomeye mu gutwitira abandi Read More