Colonel Tom Byabagamba wahoze ayobora Ingabo zirinda Perezida Kagame yapfiriye muri gereza
Colonel Tom Byabagamba, wahoze ari umwe mu basirikare bakomeye mu Ngabo z’u Rwanda ndetse akayobora umutwe w’ingabo zirinda Umukuru w’Igihugu, yapfiriye muri gereza nyuma y’imyaka hafi 12 yari amaze afunzwe. …
Colonel Tom Byabagamba wahoze ayobora Ingabo zirinda Perezida Kagame yapfiriye muri gereza Read More