Goma: Umurambo w’umwana wagonzwe na Convoy y’abasirikare ba AFC/M23 wabonetse

Agahinda gakomeye n’amarira byongeye gutwikira umujyi wa Goma nyuma y’inkuru y’incamugongo y’urupfu rw’umwana Mutiya Mwisha Jérémie, wapfuye agonzwe n’imodoka zari muri convoy y’ingabo za M23 ku wa Mbere tariki ya …

Goma: Umurambo w’umwana wagonzwe na Convoy y’abasirikare ba AFC/M23 wabonetse Read More

Hatangiye kugaragara ibimenyetso bishya by’uko Minisitiri Bugaga yishwe na Guverinoma y’u Burundi

Ibimenyetso bikomeje kujya ahagaragara ku rupfu rwa Gabby Bugaga wahoze ari Minisitiri w’Itangazamakuru n’Itumanaho mu Burundi, birushaho gukomeza impaka n’urujijo mu baturage, mu gihe hari abemeza ko ashobora kuba yarishwe …

Hatangiye kugaragara ibimenyetso bishya by’uko Minisitiri Bugaga yishwe na Guverinoma y’u Burundi Read More

Ingabo z’u Burundi zarashe urufaya rw’amasasu mu Rwanda zica Abanyarwanda 2 zinakomeretsa abandi 3 barimo n’umugore.

Amahoro n’umutekano bikomeje gutungurana mu bice bimwe by’imipaka y’u Rwanda n’u Burundi nyuma y’aho abarobyi babiri b’Abanyarwanda barasiwe mu kiyaga cya Cyohoha, igikorwa cyateje impungenge mu baturage ndetse no mu …

Ingabo z’u Burundi zarashe urufaya rw’amasasu mu Rwanda zica Abanyarwanda 2 zinakomeretsa abandi 3 barimo n’umugore. Read More

Hamenyekanye impamvu y’urupfu rwa Minisitiri Bugaga wasanzwe kunzira yapfuye bigateza impaka n’ibibazo mu Burundi

Inkuru y’urupfu rwa Minisitiri w’Itumanaho n’Itangazamakuru w’u Burundi, Gabby Bugaga, yakomeje kuba ingingo ikomeye ivugwa cyane mu gihugu no mu karere, nyuma y’uko Guverinoma yemeje ko yishwe n’impanuka, mu gihe …

Hamenyekanye impamvu y’urupfu rwa Minisitiri Bugaga wasanzwe kunzira yapfuye bigateza impaka n’ibibazo mu Burundi Read More

Bari bemerewe igihembo cya miliyoni 1.2 Frw: Abantu batanu bafunzwe bakurikiranweho kwica umugore w’umwe muri bo

Inkuru y’urupfu rw’umugore w’imyaka 38 wabonetse yapfuye mu buryo butunguranye mu Murenge wa Rambura, Akarere ka Nyabihu, yakomeje gutera impungenge abaturage, aho amakuru mashya aturuka mu bugenzacyaha agaragaza isura itandukanye …

Bari bemerewe igihembo cya miliyoni 1.2 Frw: Abantu batanu bafunzwe bakurikiranweho kwica umugore w’umwe muri bo Read More

U Rwanda rugiye guhabwa umuti wihariye urinda agakoko gatera Sida watangiye guterwa abaturage muri Afurika

U Rwanda ruri mu bihugu bitegerejweho kungukira ku ntambwe nshya igamije guhindura amateka mu kurwanya Virusi itera Sida, aho hitezwe gutangira gukwirakwiza umuti mushya uzwi nka Lenacapavir, witezweho gufasha mu …

U Rwanda rugiye guhabwa umuti wihariye urinda agakoko gatera Sida watangiye guterwa abaturage muri Afurika Read More

Abarenga 300 banduye Virusi itera Sida kubera ibyo bakorewe n’abaganga biturutse ku burangare.

Icyari cyitezweho kuba igisubizo ku buzima bw’abaturage, cyahindutse inkomoko y’akaga gakomeye mu Mujyi wa Taunsa uherereye mu Ntara ya Punjab mu gihugu cya Pakistan. Inkuru y’abana 331 basanzwemo Virusi itera …

Abarenga 300 banduye Virusi itera Sida kubera ibyo bakorewe n’abaganga biturutse ku burangare. Read More

Indwara idasanzwe yadutse mu Burundi imaze kwica abantu yateye impungenge OMS itangira iperereza ryihutirwa

Indwara itaramenyekana neza yadutse mu gihugu cy’u Burundi, ikomeje gutera impungenge inzego z’ubuzima nyuma yo guhitana abantu batanu mu gihe abandi basaga 35 bamaze kuyandura. Iyi ndwara yagaragaye muri komine …

Indwara idasanzwe yadutse mu Burundi imaze kwica abantu yateye impungenge OMS itangira iperereza ryihutirwa Read More