Bishobora no gutera Urupfu: U Rwanda ruhangayikishijwe n’ikibazo cy’imiti itagikiza indwara.

Ikibazo cy’udukoko tugira ubudahangarwa ku miti, kizwi nka Antimicrobial Resistance (AMR), gikomeje kuba kimwe mu bibazo bikomeye byugarije ubuzima bw’abatuye Isi, aho impuguke zigaragaza ko niba nta ngamba zihamye zifatwa, …

Bishobora no gutera Urupfu: U Rwanda ruhangayikishijwe n’ikibazo cy’imiti itagikiza indwara. Read More

Polisi y’u Rwanda yatangiye guhigisha uruhindu umugabo ukurikiranyweho kwica umugore we akamumanika mu mugozi ahetse umwana.

Abaturage bo mu Murenge wa Mushonyi mu Karere ka Rutsiro babyutse batewe ubwoba n’urupfu rw’umugore wasanzwe amanitse mu mugozi mu rugo yabagamo, mu gihe Polisi y’u Rwanda yatangiye gushakisha umugabo …

Polisi y’u Rwanda yatangiye guhigisha uruhindu umugabo ukurikiranyweho kwica umugore we akamumanika mu mugozi ahetse umwana. Read More

Gen. Mutayomba yiciwe mu mirwano ikaze cyane imaze iminsi ibera muri Masisi. Urupfu rwe rwaciye igikuba muri RDC

Akarere ka Masisi ko mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru gakomeje kuba isibaniro ry’imirwano ikomeye ihanganishije ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) n’uruhande rugizwe n’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), …

Gen. Mutayomba yiciwe mu mirwano ikaze cyane imaze iminsi ibera muri Masisi. Urupfu rwe rwaciye igikuba muri RDC Read More

Byagenze bite ngo Dr. Semwaga Nsabimana Frederick n’umugore we bafungwe? Ibyaha bikomeye mu gutwitira abandi

Inkuru y’itabwa muri yombi rya Dr. Semwaga Emmanuel, umuganga wari uzwi mu kuvura indwara z’abagore no gufasha ababuze urubyaro, yakomeje guteza impaka mu Rwanda nyuma y’uko dosiye ye ihuzwa n’ibikorwa …

Byagenze bite ngo Dr. Semwaga Nsabimana Frederick n’umugore we bafungwe? Ibyaha bikomeye mu gutwitira abandi Read More

“Gira vuba nigendere”: Amabanga 8 Umugabo/Umusore wese ujya kugura mukobwa wicuruza agomba kumenya mbere yo gufata icyemezo

Hari abagabo n’abasore benshi bavuga ko ibibazo byo mu ngo, amakimbirane adashira cyangwa kutumvikana n’abo bashakanye/bakundana bibasunikira kujya bamara igihe kinini mu tubari no gushaka abagore b’igihe gito, bamwe bakaba …

“Gira vuba nigendere”: Amabanga 8 Umugabo/Umusore wese ujya kugura mukobwa wicuruza agomba kumenya mbere yo gufata icyemezo Read More

Bihinduye isura: Nyuma y’u Rwanda, Uganda na yo yafunze imipaka yayo yo ku butaka n’izo mu kirere.

Uganda yafashe icyemezo gikomeye cyo gufunga inzira zose ziyihuza na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), zirimo izo ku butaka n’izo mu kirere, mu rwego rwo gukumira ikwirakwira ry’icyorezo cya …

Bihinduye isura: Nyuma y’u Rwanda, Uganda na yo yafunze imipaka yayo yo ku butaka n’izo mu kirere. Read More

Zabyaye amahari hagati ya Uganda na Leta Zunze Ubumwe za Amerika kubera Ebola imaze guhitana abarenga 130 muri RDC

Ubwiyongere bw’icyorezo cya Ebola mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ndetse n’abamaze kugaragara muri Uganda, bikomeje guteza impaka hagati ya Uganda na Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku …

Zabyaye amahari hagati ya Uganda na Leta Zunze Ubumwe za Amerika kubera Ebola imaze guhitana abarenga 130 muri RDC Read More

U Rwanda rwashyize umucyo ku cyemezo cyarwo cyateje umwuka mubi hagati yarwo na RDC, WHO itanga umuburo ukomeye.

Impungenge ku cyorezo cya Ebola zikomeje kwiyongera mu karere ka Afurika y’Iburasirazuba nyuma y’uko Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na Uganda bikomeje kugaragaramo abanduye ndetse n’abahitanwa n’iyi ndwara, mu gihe …

U Rwanda rwashyize umucyo ku cyemezo cyarwo cyateje umwuka mubi hagati yarwo na RDC, WHO itanga umuburo ukomeye. Read More