Colonel Tom Byabagamba wahoze ayobora Ingabo zirinda Perezida Kagame yapfiriye muri gereza

Colonel Tom Byabagamba, wahoze ari umwe mu basirikare bakomeye mu Ngabo z’u Rwanda ndetse akayobora umutwe w’ingabo zirinda Umukuru w’Igihugu, yapfiriye muri gereza nyuma y’imyaka hafi 12 yari amaze afunzwe. …

Colonel Tom Byabagamba wahoze ayobora Ingabo zirinda Perezida Kagame yapfiriye muri gereza Read More

Umugore yasanzwe yapfuye nyuma y’iminsi micye avuye iwabo kureba imitungo bari guteganya kumuha

Inzego z’ubugenzacyaha zatangiye iperereza ku rupfu rwa Dusabimana Marie wo mu Karere ka Gakenke, nyuma yo kumusanga yapfuye mu gihe umugabo we, Rukundo Innocent w’imyaka 24, yari akiri muzima ariko …

Umugore yasanzwe yapfuye nyuma y’iminsi micye avuye iwabo kureba imitungo bari guteganya kumuha Read More

RIP Nyirarukundo! Urupfu rw’Umugore wiyahuye kubera kubura umufasha kurera abana rwashenguye imitima ya benshi

Abaturage bo mu Mudugudu wa Kabyaza, Akagari ka Gitega, Umurenge wa Rugabano mu Karere ka Karongi, batunguwe n’urupfu rw’umugore wari usanzwe afite ibibazo byo kurera abana nyuma y’uko umugabo we …

RIP Nyirarukundo! Urupfu rw’Umugore wiyahuye kubera kubura umufasha kurera abana rwashenguye imitima ya benshi Read More

Kigali: Urukiko rwakatiye igifungo umugore w’imyaka 45 wari ukurikiranweho kwica umugabo we amunize.

Urukiko Rwisumbuye rwa Gasabo rwakatiye igifungo cya burundu umugore w’imyaka 45 wahamijwe icyaha cy’ubwicanyi, nyuma yo gukurikiranwa ku rupfu rw’umugabo we wapfuye afite igitambaro kiziritse mu ijosi. Urubanza rwasomwe muri …

Kigali: Urukiko rwakatiye igifungo umugore w’imyaka 45 wari ukurikiranweho kwica umugabo we amunize. Read More

RIP Nyandwi Eric: Umusore w’imyaka 18 yapfuye yiyahuye abitewe n’umukobwa bakundana wamutendetse mu rukundo

Umusore w’imyaka 18 wo mu Murenge wa Nyagisozi, Akarere ka Nyanza, yapfuye yiyahuye, mu gihe inzego z’ibanze zivuga ko bikekwa ko yaba yari afite agahinda gakomeye katewe n’ibibazo by’urukundo. Nyandwi …

RIP Nyandwi Eric: Umusore w’imyaka 18 yapfuye yiyahuye abitewe n’umukobwa bakundana wamutendetse mu rukundo Read More

Umusore w’imyaka 27 yafunzwe nyuma yuko yambuye ubuzima umukobwa bakundanaga amushinja kumwanduza indwara idakira

Umusore w’imyaka hafi 27 yatawe muri yombi n’inzego z’umutekano nyuma yo gukekwaho kugira uruhare mu rupfu rw’umukobwa w’imyaka hafi 26 bari bafitanye umubano w’urukundo, mu Murenge wa Save, Akarere ka …

Umusore w’imyaka 27 yafunzwe nyuma yuko yambuye ubuzima umukobwa bakundanaga amushinja kumwanduza indwara idakira Read More

RIB yafunze uwateye urushinge umukobwa w’imyaka 26 washakaga guhinduza uburyo bwo kuboneza urubyaro agahita yitaba Imana

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi Ndorimana Etienne, nyiri ivuriro ry’ibanze rya Inshuti Nyabikoni riherereye mu Karere ka Nyarugenge, nyuma y’urupfu rw’umukobwa w’imyaka 26 wapfuye nyuma yo guterwa urushinge …

RIB yafunze uwateye urushinge umukobwa w’imyaka 26 washakaga guhinduza uburyo bwo kuboneza urubyaro agahita yitaba Imana Read More

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko ubukangurambaga ku nzoga zitemewe bwarangiye, iteguza ibihano bikarishye ku muntu wese uzazifatanwa.

Abantu bagifite inzoga zitemewe cyangwa zitujuje ubuziranenge bagomba kuzishyikiriza inzego zibishinzwe, kuko Polisi y’u Rwanda yatangaje ko igihe cyo gukangurira abaturage kuzireka cyarangiye, hakaba hatangiye gushyirwa imbere kubahiriza amategeko no …

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko ubukangurambaga ku nzoga zitemewe bwarangiye, iteguza ibihano bikarishye ku muntu wese uzazifatanwa. Read More