Hahishuwe Umugambi mubisha uhuriweho w’ibyo RDC n’u Burundi bishaka gukorera Abanyamulenge mu ibanga rikomeye cyane

Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ifatanyije n’iy’u Burundi birashyirwa mu majwi n’abasesenguzi b’umutekano n’abaharanira uburenganzira bwa muntu, ku kuba biri gushyira mu bikorwa umugambi uvugwaho cyane wo …

Hahishuwe Umugambi mubisha uhuriweho w’ibyo RDC n’u Burundi bishaka gukorera Abanyamulenge mu ibanga rikomeye cyane Read More

RDC: Umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi yakoze igikorwa cyatunguye cyane Perezida Tshisekedi kubera uburyo cyateguranywe ubuhanga budasanzwe

Umunyapolitiki ukomeye utavuga rumwe n’ubutegetsi muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Seth Kikuni, yamaze kuva muri icyo gihugu mu ibanga rikomeye, nyuma y’igihe kirekire avugwaho gutotezwa, gufungwa mu buryo …

RDC: Umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi yakoze igikorwa cyatunguye cyane Perezida Tshisekedi kubera uburyo cyateguranywe ubuhanga budasanzwe Read More

Umubare w’abapfuye uracyiyongera: Habaye Impanuka iteye ubwoba yahitanye abantu 21, abarenga 70 barakomereka

Impanuka ikomeye ya gariyamoshi ebyiri zagonganiye mu Majyepfo ya Espagne yahitanye abantu 21, mu gihe abarenga 70 bakomeretse, bamwe muri bo bikabije. Iyi mpanuka yabaye mu Ntara ya Cordoba, mu …

Umubare w’abapfuye uracyiyongera: Habaye Impanuka iteye ubwoba yahitanye abantu 21, abarenga 70 barakomereka Read More

Umukinnyi uri mu bakunzwe cyane mu ikipe y’igihugu Amavubi agiye kurongora ukobwa bafitanye abana batatu

Myugariro w’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda, Amavubi, Phanuel Kavita, ari mu byishimo bikomeye nyuma yo gutanga amarenga akomeye y’uko umwaka wa 2026 ashobora gusezera burundu ku buzima bwo kuba ingaragu, akinjira …

Umukinnyi uri mu bakunzwe cyane mu ikipe y’igihugu Amavubi agiye kurongora ukobwa bafitanye abana batatu Read More

Umukobwa yarumye umusore ururimi araruca nyuma yo kumuha impano y’akenda k’imbere. RIB yatangiye iperereza.

Mu gihe Abanyarwanda benshi bari mu byishimo byo gusoza umwaka wa 2021 bitegura kwinjira mu wa 2022, mu Karere ka Rutsiro ho hari inkuru yababaje benshi nyuma y’uko umusore w’imyaka …

Umukobwa yarumye umusore ururimi araruca nyuma yo kumuha impano y’akenda k’imbere. RIB yatangiye iperereza. Read More