U Rwanda rwanditse amateka: Rusinye amasezerano azarugira igicumbi cya drones n’ikoranabuhanga ku Isi

U Rwanda rwongeye gutera indi ntambwe ikomeye mu rugendo rwo kuba igicumbi cy’ikoranabuhanga n’udushya ku rwego mpuzamahanga, nyuma yo kuba igihugu cya mbere ku Isi gishyize umukono ku masezerano yo …

U Rwanda rwanditse amateka: Rusinye amasezerano azarugira igicumbi cya drones n’ikoranabuhanga ku Isi Read More

Urupfu rwa Nyiranzabamwita Phelomène wishwe bya kinyamaswa rukomeje kuzamura imbamutima benshi.

Abaturage bo mu Murenge wa Bushekeli, mu Karere ka Nyamasheke, baguye mu kantu nyuma y’urupfu rubabaje rw’umugore w’imyaka 59 wasanzwe mu muferege w’umuhanda, yishwe mu buryo bukomeye kandi buteye ubwoba, …

Urupfu rwa Nyiranzabamwita Phelomène wishwe bya kinyamaswa rukomeje kuzamura imbamutima benshi. Read More

Umuryango w’Abibumbye Uri mu Kaga Waciye Amarenga yo Guhagarika Ibikorwa Byawo byo Kubungabunga Amahoro.

Umuryango w’Abibumbye (Loni) uri mu bihe bikomeye by’ubukungu, aho ubukene bukomeje kuwusatira ku buryo bushobora gushyira mu kaga ibikorwa byawo byo kubungabunga amahoro, gutabara abari mu byago, no gufasha iterambere …

Umuryango w’Abibumbye Uri mu Kaga Waciye Amarenga yo Guhagarika Ibikorwa Byawo byo Kubungabunga Amahoro. Read More

AFC/M23 yamaganye Leta ya RDC iyishinja gukoresha urupfu rw’abantu barenga 200 bapfiriye mu gace igenzura mu nyungu za politiki

Ihuriro AFC/M23 ryamaganye bikomeye Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, riyishinja gukoresha urupfu rw’abantu barenga 200 bapfiriye mu birombe by’amabuye y’agaciro mu gace ka Rubaya, mu Ntara ya Kivu …

AFC/M23 yamaganye Leta ya RDC iyishinja gukoresha urupfu rw’abantu barenga 200 bapfiriye mu gace igenzura mu nyungu za politiki Read More

Urupfu rw’abantu barenga 200 bapfiriye muri kamwe mu duce AFC/M23 igenzura rwashenguye imitima ya beshi.

Inkangu ikomeye yibasiye ikirombe cy’amabuye y’agaciro cya Rubaya giherereye muri Teritwari ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, ihitana abantu barenga 200, nk’uko byemejwe n’ubuyobozi bw’ihuriro AFC/M23 rigenzura ako gace. …

Urupfu rw’abantu barenga 200 bapfiriye muri kamwe mu duce AFC/M23 igenzura rwashenguye imitima ya beshi. Read More

Abasirikare babiri mu ngabo z’igihugu bitabye Imana bari mu myitozo idasanzwe ya gisirikare. Amafoto

Abasirikare babiri bo mu Ngabo zirwanira mu Kirere z’igihugu cya Thailand (Royal Thai Air Force) bapfiriye mu mpanuka y’indege ya gisirikare yaguye mu ishyamba riri mu majyaruguru y’icyo gihugu, mu …

Abasirikare babiri mu ngabo z’igihugu bitabye Imana bari mu myitozo idasanzwe ya gisirikare. Amafoto Read More