Umubare w’Abakobwa basigaye bicuruza mu mujyi wa Kigali watumye benshi bashya ubwoba bwinshi cyane.

Umubare w’abakora bicuruza mu Mujyi wa Kigali ukomeje kuzamuka ugera ku barenga 9000, ibintu ubuyobozi bw’umujyi buvuga ko bifitanye isano ikomeye n’ibibazo bikiri mu miryango n’imibereho y’abaturage. Ibi byagarutsweho n’Umuyobozi …

Umubare w’Abakobwa basigaye bicuruza mu mujyi wa Kigali watumye benshi bashya ubwoba bwinshi cyane. Read More

Habaye impanuka ikomeye cyane yabereye mu rugo igahitana Umugore n’Umugabo bari bari gukora urukundo rwo mu mashuka.

Mu Karere ka Rubavu, mu Murenge wa Rugerero, Akagari ka Rwaza, Umudugudu wa Rebero, humvikanye inkuru y’incamugongo y’abantu batatu bagwiriwe n’inzu mu masaha y’igicamunsi cyo ku wa Gatatu tariki 25 …

Habaye impanuka ikomeye cyane yabereye mu rugo igahitana Umugore n’Umugabo bari bari gukora urukundo rwo mu mashuka. Read More

Kinshasa: Ihohoterwa ryakorewe umubyeyi umaze kubyara ryateje uburakari bukomeye

Mu murwa mukuru wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Kinshasa, inkuru y’ihohoterwa rikomeye ryakorewe umubyeyi wari umaze kubyara yakomeje guteza impaka n’uburakari mu baturage, nyuma y’amashusho yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga …

Kinshasa: Ihohoterwa ryakorewe umubyeyi umaze kubyara ryateje uburakari bukomeye Read More

Avoka z’u Rwanda zabaye imari ishyushye iri gutanga agatubutse ku isoko mpuzamahanga

Mu gihe isi igenda irushaho gukenera ibikomoka ku buhinzi bifite intungamubiri nyinshi, avoka z’u Rwanda zikomeje gufatwa nk’imari ishyushye ku isoko mpuzamahanga, bituma abahinzi bashishikarizwa kongera umusaruro no kurushaho kwita …

Avoka z’u Rwanda zabaye imari ishyushye iri gutanga agatubutse ku isoko mpuzamahanga Read More

Guverinoma yijeje gukemura ibibazo byagaragaye mu mavugurura ya mituweli, imara impungenge abaturage batanyuzwe n’imisanzu mishya

Guverinoma y’u Rwanda yongeye gusobanurira abaturage impamvu y’amavugurura aherutse gukorwa muri gahunda y’ubwisungane mu kwivuza (mituweli), nyuma y’uko bamwe mu baturage bagaragaje impungenge ku izamuka ry’imisanzu n’uburyo yashyizweho. Mu kiganiro …

Guverinoma yijeje gukemura ibibazo byagaragaye mu mavugurura ya mituweli, imara impungenge abaturage batanyuzwe n’imisanzu mishya Read More

Inkuru y’akababaro yahindutse isomo rikomeye ku baturage, ubuyobozi bubasaba kwirinda amakimbirane n’ibiyobyabwenge

Mu Murenge wa Muyumbu, Akarere ka Rwamagana, abaturage baracyari mu gahinda katewe n’amahano aherutse kuhaba, aho abantu babiri bakekwaho kwica abo bashakanye n’umwana muto baburanishijwe mu ruhame. Ni igikorwa ubuyobozi …

Inkuru y’akababaro yahindutse isomo rikomeye ku baturage, ubuyobozi bubasaba kwirinda amakimbirane n’ibiyobyabwenge Read More

RIB ivuze ku rupfu rw’umusore wigaga muri kaminuza n’umukobwa wari wamusuye basanzwe mu nzu yari acumbitsemo bapfuye

Mu karere ka Rulindo hakomeje kuvugwa inkuru yateye benshi urujijo n’agahinda, nyuma y’urupfu rutunguranye rw’abantu babiri bari bakiri bato, umwe ari umunyeshuri muri IPRC Tumba College, undi ari umukobwa wari …

RIB ivuze ku rupfu rw’umusore wigaga muri kaminuza n’umukobwa wari wamusuye basanzwe mu nzu yari acumbitsemo bapfuye Read More