Agahinda Gakomeye: Urupfu rw’Umukobwa wiga muri Kaminuza y’u Rwanda rukomeje gushengura imitima ya benshi

Urupfu rw’umukobwa wari ukiri muto wigaga muri Kaminuza y’u Rwanda rukomeje kubabaza benshi, cyane cyane abo biganaga, umuryango we n’abandi bamumenye. Cyuzuzo Grace w’imyaka 23, wari umunyeshuri muri Ishami ry’Ubumenyi …

Agahinda Gakomeye: Urupfu rw’Umukobwa wiga muri Kaminuza y’u Rwanda rukomeje gushengura imitima ya benshi Read More

Abantu babiri baguye mu mpanuka yabereye muri etape ya mbere ya Tour du Rwanda abandi batandatu barakomereka bikabije

Kuri iki Cyumweru, tariki ya 22 Gashyantare 2026, isiganwa mpuzamahanga rya Tour du Rwanda ryatangiye gukinwa, ariko ntiryarangira neza. Etape ya mbere yaturutse mu Karere ka Gicumbi yerekeza mu Karere …

Abantu babiri baguye mu mpanuka yabereye muri etape ya mbere ya Tour du Rwanda abandi batandatu barakomereka bikabije Read More

Urupfu rw’Umuhanzikazi w’imyaka 26 wishwe no kurumwa n’inzoka nini cyane yari atunze rukomeje gushengura imitima ya benshi.

Igihugu cya Nigeria cyibasiwe n’akababaro gakomeye nyuma y’urupfu rutunguranye rw’umuhanzi Ifunanya Nwangene, wari ufite imyaka 26, wapfuye azize kurumwa n’inzoka mu ijoro ryo ku wa 31 Mutarama 2026, mu murwa …

Urupfu rw’Umuhanzikazi w’imyaka 26 wishwe no kurumwa n’inzoka nini cyane yari atunze rukomeje gushengura imitima ya benshi. Read More

Urupfu rw’abantu barenga 200 bapfiriye muri kamwe mu duce AFC/M23 igenzura rwashenguye imitima ya beshi.

Inkangu ikomeye yibasiye ikirombe cy’amabuye y’agaciro cya Rubaya giherereye muri Teritwari ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, ihitana abantu barenga 200, nk’uko byemejwe n’ubuyobozi bw’ihuriro AFC/M23 rigenzura ako gace. …

Urupfu rw’abantu barenga 200 bapfiriye muri kamwe mu duce AFC/M23 igenzura rwashenguye imitima ya beshi. Read More