RDC: AFC/M23 yihoreye ku rupfu rwa Lt. Col. Willy Ngoma, abofisiye bakuru ba FARDC bo ku rwego rwo hejuru bahasiga ubuzima

Imirwano ikomeje kubera muri Teritwari ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, yafashe indi ntera nyuma y’uko amakuru y’urupfu rwa Lt. Col. Willy Ngoma atangiye gukwirakwira. Amakuru ava ku rugamba …

RDC: AFC/M23 yihoreye ku rupfu rwa Lt. Col. Willy Ngoma, abofisiye bakuru ba FARDC bo ku rwego rwo hejuru bahasiga ubuzima Read More

Abantu babiri baguye mu mpanuka yabereye muri etape ya mbere ya Tour du Rwanda abandi batandatu barakomereka bikabije

Kuri iki Cyumweru, tariki ya 22 Gashyantare 2026, isiganwa mpuzamahanga rya Tour du Rwanda ryatangiye gukinwa, ariko ntiryarangira neza. Etape ya mbere yaturutse mu Karere ka Gicumbi yerekeza mu Karere …

Abantu babiri baguye mu mpanuka yabereye muri etape ya mbere ya Tour du Rwanda abandi batandatu barakomereka bikabije Read More

Havutse umwuka mubi hagati ya Minisiteri y’Intambara ya Amerika n’Ikigo cyo muri iki gihugu cyagiranye amasezerano n’u Rwanda

Havutse umwuka mubi hagati ya Minisiteri y’Intambara ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’ikigo cy’ikoranabuhanga cya Anthropic, giherutse kugirana amasezerano na Guverinoma y’u Rwanda agamije guteza imbere ikoreshwa ry’ubwenge buhangano …

Havutse umwuka mubi hagati ya Minisiteri y’Intambara ya Amerika n’Ikigo cyo muri iki gihugu cyagiranye amasezerano n’u Rwanda Read More

U Rwanda rwinjiye mu isiganwa ku Isi: Rwagiranye amasezerano n’ikigo cyafashije Amerika gufata Perezida Maduro wa Venezuela

U Rwanda rukomeje gushyira imbaraga mu ikoranabuhanga ry’ubwenge buhangano (AI), aho ruherutse kugirana amasezerano mashya n’ikigo cyo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika cyitwa Anthropic. Iki ni ikigo kizwi cyane …

U Rwanda rwinjiye mu isiganwa ku Isi: Rwagiranye amasezerano n’ikigo cyafashije Amerika gufata Perezida Maduro wa Venezuela Read More

Umukecuru wambuwe ubuzima mu buryo bwa kinyamaswa na FARDC, FDLR n’ingabo z’u Burundi yazamuye imbamutima za benshi

Mu gitondo cyo ku itariki ya 12 Gashyantare 2026, hamenyekanye amakuru akomeye kandi yazamuye imbamutima z’abaturage bo mu gace ka Rundu, mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo. Umukecuru witwaga Elizabeth Mukuza, …

Umukecuru wambuwe ubuzima mu buryo bwa kinyamaswa na FARDC, FDLR n’ingabo z’u Burundi yazamuye imbamutima za benshi Read More