U Rwanda rugiye guhabwa umuti wihariye urinda agakoko gatera Sida watangiye guterwa abaturage muri Afurika

U Rwanda ruri mu bihugu bitegerejweho kungukira ku ntambwe nshya igamije guhindura amateka mu kurwanya Virusi itera Sida, aho hitezwe gutangira gukwirakwiza umuti mushya uzwi nka Lenacapavir, witezweho gufasha mu …

U Rwanda rugiye guhabwa umuti wihariye urinda agakoko gatera Sida watangiye guterwa abaturage muri Afurika Read More

Abarenga 300 banduye Virusi itera Sida kubera ibyo bakorewe n’abaganga biturutse ku burangare.

Icyari cyitezweho kuba igisubizo ku buzima bw’abaturage, cyahindutse inkomoko y’akaga gakomeye mu Mujyi wa Taunsa uherereye mu Ntara ya Punjab mu gihugu cya Pakistan. Inkuru y’abana 331 basanzwemo Virusi itera …

Abarenga 300 banduye Virusi itera Sida kubera ibyo bakorewe n’abaganga biturutse ku burangare. Read More

Indwara idasanzwe yadutse mu Burundi imaze kwica abantu yateye impungenge OMS itangira iperereza ryihutirwa

Indwara itaramenyekana neza yadutse mu gihugu cy’u Burundi, ikomeje gutera impungenge inzego z’ubuzima nyuma yo guhitana abantu batanu mu gihe abandi basaga 35 bamaze kuyandura. Iyi ndwara yagaragaye muri komine …

Indwara idasanzwe yadutse mu Burundi imaze kwica abantu yateye impungenge OMS itangira iperereza ryihutirwa Read More

Kigali: Umuhanzi uri mu bakunzwe cyane yatanze ubusobanuro ku rupfu rw’umushyitsi wari wamusuye.

Urupfu rutunguranye rw’umusore w’imyaka 30 witwa Mugabo Emmanuel, wapfiriye mu rugo rw’umuhanzi Ngenzi Serge uzwi nka Neg G The General, rukomeje guteza urujijo n’agahinda mu muryango we, mu nshuti ze …

Kigali: Umuhanzi uri mu bakunzwe cyane yatanze ubusobanuro ku rupfu rw’umushyitsi wari wamusuye. Read More

Habaye impanuka ikomeye cyane y’ibyuma byari biri hejuru y’ikamyo byahubutse byica umuntu wari uri mu yindi modoka.

Impuruza z’impanuka zo mu muhanda zongeye kumvikana mu Karere ka Ruhango, aho ibyuma byari bitwikiriye ikamyo byahubutse bikica umuntu mu buryo bwatunguranye, bikongera kwerekana ibibazo bikigaragara mu micungire y’imizigo n’umutekano …

Habaye impanuka ikomeye cyane y’ibyuma byari biri hejuru y’ikamyo byahubutse byica umuntu wari uri mu yindi modoka. Read More

Umuganga w’imyaka 38 yatawe muri yombi nyuma yo kuryamana n’abo bahuje no kwanduza ku bushake Indwara idakira

Inkuru ikomeje kuvugisha benshi yibanze ku ifungwa ry’umuganga ukorera Ikigo cy’Igihugu gishinzwe gukusanya no kubika amaraso (CNTS) muri Sénégal, ukurikiranyweho ibyaha bikomeye birimo gukorana imibonano mpuzabitsina n’abo bahuje igitsina no …

Umuganga w’imyaka 38 yatawe muri yombi nyuma yo kuryamana n’abo bahuje no kwanduza ku bushake Indwara idakira Read More

Umuhanzikazi uri mu bakunzwe cyane yahishuye uko uko yatakaje ubusugi ku myaka 30 amaze gutwara igihembo gikomeye cyane

Umuhanzikazi uri mu bakunzwe cyane yahishuye uko uko yatakaje ubusugi ku myaka 30 amaze gutwara igihembo gikomeye cyane Umuhanzikazi w’icyamamare muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Lizzo, yongeye kugarukwaho cyane …

Umuhanzikazi uri mu bakunzwe cyane yahishuye uko uko yatakaje ubusugi ku myaka 30 amaze gutwara igihembo gikomeye cyane Read More

Mutoni Assia wakunzwe cyane muri filime Seburikoko yagowe cyane n’akazi ko gusukura imirambo

Mutoni Assia wamamaye muri sinema nyarwanda, cyane cyane muri filime Seburikoko, ari mu bagaragaje ko ubuzima bwo kwimukira mu mahanga bushobora gutandukana cyane n’uko benshi babutekereza. Nyuma yo gushaka no …

Mutoni Assia wakunzwe cyane muri filime Seburikoko yagowe cyane n’akazi ko gusukura imirambo Read More