Urukiko rwakatiye uwishe abanyeshuri bane mu rubanza rwasize amarira menshi n’amasomo akomeye

Urukiko Rukuru rw’i Kampala muri Uganda rwafashe umwanzuro ukomeye mu rubanza rwari rumaze iminsi rukurikiranywe n’abaturage benshi, rukatira igihano cy’urupfu Christopher Okello Onyum, nyuma yo kumuhamya icyaha cyo kwica abana …

Urukiko rwakatiye uwishe abanyeshuri bane mu rubanza rwasize amarira menshi n’amasomo akomeye Read More

Umuganga umwe n’ababyaza 3 bafunzwe bazira ubugome bakoreye umubyeyi wari ugiye kubyara bugateza urupfu

Abakozi bane b’Ibitaro by’Akarere ka Nyanza, barimo umuganga umwe n’ababyaza batatu, bafunzwe bakekwaho gutanga serivisi mbi ku mubyeyi wari ugiye kubyara, bikamuviramo kubura umwana we nyuma y’igihe gito avutse. Aya …

Umuganga umwe n’ababyaza 3 bafunzwe bazira ubugome bakoreye umubyeyi wari ugiye kubyara bugateza urupfu Read More

Abarwaye indwara idakira itanafite urukingo baryamana n’abo bahuje bari kwanga kujya kwivuza batinya gufungwa

Impungenge zikomeje kwiyongera mu nzego z’ubuzima muri Sénégal nyuma y’uko hagaragaye ko umubare w’abarwayi ba Virusi itera SIDA batitabira gahunda yo gufata imiti ugenda wiyongera, ahanini bitewe n’ubwoba bwo gutahurwa …

Abarwaye indwara idakira itanafite urukingo baryamana n’abo bahuje bari kwanga kujya kwivuza batinya gufungwa Read More

RIP Nshimiye! Umusore w’imyaka 21 yitabye Imana azize impanuka ikomeye yabereye mu rugo ubwo yari aryamye

Inkuru y’akababaro yongeye kumvikana mu Karere ka Rutsiro nyuma y’uko umusore w’imyaka 21 witwa Nshimiye ahitanywe n’inkuba yamukubitiye mu nzu aryamye, mu ijoro rishyira tariki ya 30 Mata 2026. Ibi …

RIP Nshimiye! Umusore w’imyaka 21 yitabye Imana azize impanuka ikomeye yabereye mu rugo ubwo yari aryamye Read More

Goma: Umurambo w’umwana wagonzwe na Convoy y’abasirikare ba AFC/M23 wabonetse

Agahinda gakomeye n’amarira byongeye gutwikira umujyi wa Goma nyuma y’inkuru y’incamugongo y’urupfu rw’umwana Mutiya Mwisha Jérémie, wapfuye agonzwe n’imodoka zari muri convoy y’ingabo za M23 ku wa Mbere tariki ya …

Goma: Umurambo w’umwana wagonzwe na Convoy y’abasirikare ba AFC/M23 wabonetse Read More

Hatangiye kugaragara ibimenyetso bishya by’uko Minisitiri Bugaga yishwe na Guverinoma y’u Burundi

Ibimenyetso bikomeje kujya ahagaragara ku rupfu rwa Gabby Bugaga wahoze ari Minisitiri w’Itangazamakuru n’Itumanaho mu Burundi, birushaho gukomeza impaka n’urujijo mu baturage, mu gihe hari abemeza ko ashobora kuba yarishwe …

Hatangiye kugaragara ibimenyetso bishya by’uko Minisitiri Bugaga yishwe na Guverinoma y’u Burundi Read More

Ingabo z’u Burundi zarashe urufaya rw’amasasu mu Rwanda zica Abanyarwanda 2 zinakomeretsa abandi 3 barimo n’umugore.

Amahoro n’umutekano bikomeje gutungurana mu bice bimwe by’imipaka y’u Rwanda n’u Burundi nyuma y’aho abarobyi babiri b’Abanyarwanda barasiwe mu kiyaga cya Cyohoha, igikorwa cyateje impungenge mu baturage ndetse no mu …

Ingabo z’u Burundi zarashe urufaya rw’amasasu mu Rwanda zica Abanyarwanda 2 zinakomeretsa abandi 3 barimo n’umugore. Read More

Hamenyekanye impamvu y’urupfu rwa Minisitiri Bugaga wasanzwe kunzira yapfuye bigateza impaka n’ibibazo mu Burundi

Inkuru y’urupfu rwa Minisitiri w’Itumanaho n’Itangazamakuru w’u Burundi, Gabby Bugaga, yakomeje kuba ingingo ikomeye ivugwa cyane mu gihugu no mu karere, nyuma y’uko Guverinoma yemeje ko yishwe n’impanuka, mu gihe …

Hamenyekanye impamvu y’urupfu rwa Minisitiri Bugaga wasanzwe kunzira yapfuye bigateza impaka n’ibibazo mu Burundi Read More

Bari bemerewe igihembo cya miliyoni 1.2 Frw: Abantu batanu bafunzwe bakurikiranweho kwica umugore w’umwe muri bo

Inkuru y’urupfu rw’umugore w’imyaka 38 wabonetse yapfuye mu buryo butunguranye mu Murenge wa Rambura, Akarere ka Nyabihu, yakomeje gutera impungenge abaturage, aho amakuru mashya aturuka mu bugenzacyaha agaragaza isura itandukanye …

Bari bemerewe igihembo cya miliyoni 1.2 Frw: Abantu batanu bafunzwe bakurikiranweho kwica umugore w’umwe muri bo Read More