Ibimenyetso bishya by’uko Minisitiri Bugaga yishwe. Inama idasanzwe yakozwe mbere y’iyicwa rye, n’ibyo yazize

Urupfu rwa Gabriel “Gabby” Bugaga wahoze ari Minisitiri w’Itumanaho n’Itangazamakuru mu Burundi rukomeje guteza impaka zikomeye, mu gihe amakuru mashya akomeje kujya hanze agaragaza ibimenyetso benshi bavuga ko bishimangira ko …

Ibimenyetso bishya by’uko Minisitiri Bugaga yishwe. Inama idasanzwe yakozwe mbere y’iyicwa rye, n’ibyo yazize Read More

Ukuri ku cyihishe inyuma y’urupfu rwa Karasira Aimable witabye Imana habura amasaha macye ngo afungurwe

Karasira Aimable Uzaramba wamamaye nka “Prof Nigga” mu muziki no ku mbuga nkoranyambaga, yapfuye mu buryo bwatunguranye habura amasaha make ngo afungurwe nyuma yo kurangiza igihano cy’igifungo yari amaze imyaka …

Ukuri ku cyihishe inyuma y’urupfu rwa Karasira Aimable witabye Imana habura amasaha macye ngo afungurwe Read More

Amakuru mashya: Inzego zishinzwe umutekano zarasiye umuntu hafi y’Ibiro bya Perezida

Ibiro by’Umukuru w’Igihugu muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika byashyizwe mu kato by’igihe gito nyuma y’ibikorwa bikomeye byo kurasana ryabereye hafi yabyo, aho umuntu witwaje intwaro yarashwe n’inzego z’umutekano mu …

Amakuru mashya: Inzego zishinzwe umutekano zarasiye umuntu hafi y’Ibiro bya Perezida Read More

Hamenyekanye ibyo Perezida Ruto yatangaje ku Rwanda mu ruzinduko rw’amateka yagiriye muri Tanzania

Perezida wa Kenya, William Ruto, yongeye kugaragaza umuhate we mu guteza imbere ihuzanzira ry’itumanaho hagati y’ibihugu byo mu karere ka Afurika y’Iburasirazuba, asaba ko hashyirwa imbaraga mu gushyira mu bikorwa …

Hamenyekanye ibyo Perezida Ruto yatangaje ku Rwanda mu ruzinduko rw’amateka yagiriye muri Tanzania Read More

Tanzania ifatiye u Burundi icyemezo agitunguranye cy’agahato nyuma y’uruzinduko rwa Perezida Kagame

Gufungwa kw’inkambi yakiraga impunzi z’Abarundi mu majyaruguru y’uburengerazuba bwa Tanzania, bikomeje guteza impungenge mu miryango mpuzamahanga no mu baharanira uburenganzira bwa muntu, mu gihe abayobozi b’ibihugu byo mu karere bakomeje …

Tanzania ifatiye u Burundi icyemezo agitunguranye cy’agahato nyuma y’uruzinduko rwa Perezida Kagame Read More

Leta y’u Rwanda igiye gusuzuma niba amafaranga y’ishuri atarutishwa uburezi n’ubumenyi bihabwa abanyeshuri.

U Rwanda rwinjiye mu gikorwa gikomeye kigamije gusesengura no kunoza ireme ry’uburezi mu mashuri makuru na kaminuza, cyane cyane mu gihe hamaze iminsi humvikana impaka ndende ku ireme ry’ubumenyi butangwa …

Leta y’u Rwanda igiye gusuzuma niba amafaranga y’ishuri atarutishwa uburezi n’ubumenyi bihabwa abanyeshuri. Read More

U Rwanda rukomeje kwanikira cyane RDC mu gucukura no kugurisha amabuye menshi y’agaciro

Isoko mpuzamahanga ry’amabuye y’agaciro rikomeje kugaragaza impinduka zikomeye, aho igiciro cya Ammonium paratungstate (APT), kimwe mu bice by’ingenzi bikomoka kuri tungsten, cyarenze amadolari ya Amerika 3000 kuri toni mu mpera …

U Rwanda rukomeje kwanikira cyane RDC mu gucukura no kugurisha amabuye menshi y’agaciro Read More

Mulenge: Leta ya RDC na Wazalendo bakoresheje Abanyamulenge inama rukokoma ibateguza kubica bagashira.

Abanyamulenge batuye mu gace ka Bibogobogo, i Mulenge muri Kivu y’Amajyepfo, bongeye kwisanga mu bihe bikomeye by’umutekano mucye n’impagarara, nyuma y’inama yabaye ku Cyumweru tariki ya 3 Gicurasi 2026, yahuje …

Mulenge: Leta ya RDC na Wazalendo bakoresheje Abanyamulenge inama rukokoma ibateguza kubica bagashira. Read More

Agahinda ku musore w’imyaka 52 wiyahuye nyuma yo gusanga yaranduye ya ndwara idakira ntinagire urukingo

Inkuru ibabaje yavugishije benshi mu Karere ka Rutsiro, nyuma y’urupfu rw’umusore w’imyaka 52 wasanzwe yiyahuye mu nzu yabagamo wenyine, aho amakuru y’ibanze agaragaza ko ashobora kuba yarafashe icyemezo gikomeye nyuma …

Agahinda ku musore w’imyaka 52 wiyahuye nyuma yo gusanga yaranduye ya ndwara idakira ntinagire urukingo Read More