Leta Zunze Ubumwe za Amerika na RDC Binjiye mu Masezerano Akomeye y’Imyaka Itanu

Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) binjiye mu masezerano akomeye y’ubufatanye azamara imyaka itanu, agamije kuzahura no kuvugurura sisiteme y’ubuzima muri iki gihugu kimaze …

Leta Zunze Ubumwe za Amerika na RDC Binjiye mu Masezerano Akomeye y’Imyaka Itanu Read More

Avoka z’u Rwanda zabaye imari ishyushye iri gutanga agatubutse ku isoko mpuzamahanga

Mu gihe isi igenda irushaho gukenera ibikomoka ku buhinzi bifite intungamubiri nyinshi, avoka z’u Rwanda zikomeje gufatwa nk’imari ishyushye ku isoko mpuzamahanga, bituma abahinzi bashishikarizwa kongera umusaruro no kurushaho kwita …

Avoka z’u Rwanda zabaye imari ishyushye iri gutanga agatubutse ku isoko mpuzamahanga Read More

Guverinoma yijeje gukemura ibibazo byagaragaye mu mavugurura ya mituweli, imara impungenge abaturage batanyuzwe n’imisanzu mishya

Guverinoma y’u Rwanda yongeye gusobanurira abaturage impamvu y’amavugurura aherutse gukorwa muri gahunda y’ubwisungane mu kwivuza (mituweli), nyuma y’uko bamwe mu baturage bagaragaje impungenge ku izamuka ry’imisanzu n’uburyo yashyizweho. Mu kiganiro …

Guverinoma yijeje gukemura ibibazo byagaragaye mu mavugurura ya mituweli, imara impungenge abaturage batanyuzwe n’imisanzu mishya Read More

Inkuru y’akababaro yahindutse isomo rikomeye ku baturage, ubuyobozi bubasaba kwirinda amakimbirane n’ibiyobyabwenge

Mu Murenge wa Muyumbu, Akarere ka Rwamagana, abaturage baracyari mu gahinda katewe n’amahano aherutse kuhaba, aho abantu babiri bakekwaho kwica abo bashakanye n’umwana muto baburanishijwe mu ruhame. Ni igikorwa ubuyobozi …

Inkuru y’akababaro yahindutse isomo rikomeye ku baturage, ubuyobozi bubasaba kwirinda amakimbirane n’ibiyobyabwenge Read More

RIB ivuze ku rupfu rw’umusore wigaga muri kaminuza n’umukobwa wari wamusuye basanzwe mu nzu yari acumbitsemo bapfuye

Mu karere ka Rulindo hakomeje kuvugwa inkuru yateye benshi urujijo n’agahinda, nyuma y’urupfu rutunguranye rw’abantu babiri bari bakiri bato, umwe ari umunyeshuri muri IPRC Tumba College, undi ari umukobwa wari …

RIB ivuze ku rupfu rw’umusore wigaga muri kaminuza n’umukobwa wari wamusuye basanzwe mu nzu yari acumbitsemo bapfuye Read More

Urujijo ku rupfu rw’Umuhungu wigaga muri Kaminuza wasanzwe mu nzu we n’umukobwa wari wamusuye bapfuye

Mu Karere ka Rulindo haravugwa inkuru y’incamugongo y’umuhungu n’umukobwa basanzwe bapfuye mu nzu, ibintu byateye urujijo mu baturage ndetse bituma inzego zibishinzwe zitangira iperereza ryimbitse. Aya makuru yamenyekanye kuri uyu …

Urujijo ku rupfu rw’Umuhungu wigaga muri Kaminuza wasanzwe mu nzu we n’umukobwa wari wamusuye bapfuye Read More