Bishobora no gutera Urupfu: U Rwanda ruhangayikishijwe n’ikibazo cy’imiti itagikiza indwara.

Ikibazo cy’udukoko tugira ubudahangarwa ku miti, kizwi nka Antimicrobial Resistance (AMR), gikomeje kuba kimwe mu bibazo bikomeye byugarije ubuzima bw’abatuye Isi, aho impuguke zigaragaza ko niba nta ngamba zihamye zifatwa, …

Bishobora no gutera Urupfu: U Rwanda ruhangayikishijwe n’ikibazo cy’imiti itagikiza indwara. Read More

Amerika igiye kohereza Abanya-Iran muri kimwe mu bihugu bya Afurika: Uruhare rw’Ingabo z’u Rwanda kuri iyi Misiyo

Amerika igiye kohereza Abanya-Iran muri kimwe mu bihugu bya Afurika: Uruhare rw’Ingabo z’u Rwanda kuri iyi Misiyo Amerika iri mu myiteguro yo gutangiza gahunda nshya yo kwimurira bamwe mu bimukira …

Amerika igiye kohereza Abanya-Iran muri kimwe mu bihugu bya Afurika: Uruhare rw’Ingabo z’u Rwanda kuri iyi Misiyo Read More

U Burundi bwakomoje kuri ambasaderi Njebarikanuye wahamagajwe igitaraganya nyuma yo guhura na Louise Mushikiwabo

Guverinoma y’u Burundi yatangaje ko ihamagazwa ryihuse rya Ambasaderi wayo mu Bufaransa akaba n’uhagarariye icyo gihugu mu Muryango Mpuzamahanga w’Ibihugu Bikoresha Igifaransa (OIF), Spès-Caritas Njebarikanuye, ridafitanye isano n’uruzinduko yagiriye ku …

U Burundi bwakomoje kuri ambasaderi Njebarikanuye wahamagajwe igitaraganya nyuma yo guhura na Louise Mushikiwabo Read More

Polisi y’igihugu iri guhiga bukware uwatumye umukobwa bw’imyaka 16 asambanywa n’abagabo bagera ku ijana mu munsi umwe.

Polisi y’igihugu iri guhiga bukware uwatumye umukobwa bw’imyaka 16 asambanywa n’abagabo bagera ku ijana mu munsi umwe. Inkuru y’umukobwa w’imyaka 16 y’amavuko yavuze ko yashutswe n’umuturanyi wamwijeje akazi keza mu …

Polisi y’igihugu iri guhiga bukware uwatumye umukobwa bw’imyaka 16 asambanywa n’abagabo bagera ku ijana mu munsi umwe. Read More

U Rwanda rwagabweho igitero simusiga mu gihe intambara yo mu Burasirazuba bwa RDC yahinduye isura

U Rwanda rwagabweho igitero simusiga mu gihe intambara yo mu Burasirazuba bwa RDC yahinduye isura nkuko bigaragara muri Raporo nshya yasohowe n’umuryango mpuzamahanga uharanira uburenganzira bwa muntu, Human Rights Watch …

U Rwanda rwagabweho igitero simusiga mu gihe intambara yo mu Burasirazuba bwa RDC yahinduye isura Read More

Sebahizi na Amb. Uwihanganye bahishuye akari ku mutima nyuma yo gusimburwa muri Guverinoma yavuguruwe na Perezida Kagame

Impinduka nshya Perezida Paul Kagame yakoze muri Guverinoma y’u Rwanda zatumye bamwe mu bayobozi bari basanzwe bafite inshingano zikomeye basimburwa, ibintu byakuruye ibitekerezo byinshi mu baturage no mu bakurikiranira hafi …

Sebahizi na Amb. Uwihanganye bahishuye akari ku mutima nyuma yo gusimburwa muri Guverinoma yavuguruwe na Perezida Kagame Read More

Perezida Kagame yakoze impinduka zikomeye muri Guverinoma: yinjije amaraso mashya, Karake na Bayingana bahabwa inshingano zikomeye

Impinduka nshya zikomeye cyane Perezida Paul Kagame yakoze muri Guverinoma y’u Rwanda zateje impaka n’ibitekerezo byinshi mu nzego zitandukanye, cyane cyane kubera uburyo zasize hinjiyemo amaraso mashya mu buyobozi bw’inzego …

Perezida Kagame yakoze impinduka zikomeye muri Guverinoma: yinjije amaraso mashya, Karake na Bayingana bahabwa inshingano zikomeye Read More

Abanyarwanda barenga 26.000 bakiri mu mashuri abanza bafite imyaka 18 kuzamura. Inkuru ya Gumyusenge w’imyaka 42 yavugishije benshi.

Urwego rw’uburezi mu Rwanda rukomeje kugaragaza impinduka zikomeye zishingiye ku kongera amahirwe yo kwiga ku bana bose no ku bantu bakuze baba baracikanywe n’amashuri mu bihe bitandukanye. Nubwo igihugu kimaze …

Abanyarwanda barenga 26.000 bakiri mu mashuri abanza bafite imyaka 18 kuzamura. Inkuru ya Gumyusenge w’imyaka 42 yavugishije benshi. Read More

Col. Rugabo wa AFC/M23-Twirwaneho yahishuye amayeri adasanzwe yabafashije gukubita iz’akabwana Ingabo z’u Burundi na FARDC

Mikenke, agace k’ingenzi gaherereye mu misozi miremire ya Kivu y’Amajyepfo, kongeye kwisanga mu maboko y’ingabo za Twirwaneho n’ihuriro rya AFC/M23 nyuma y’imirwano yongeye gukurura impaka n’ibitekerezo byinshi mu karere ka …

Col. Rugabo wa AFC/M23-Twirwaneho yahishuye amayeri adasanzwe yabafashije gukubita iz’akabwana Ingabo z’u Burundi na FARDC Read More

Umusifuzi wari ugiye kwandika amateka mu gikombe cy’Isi yirukanywe akigera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika

Amateka yari agiye kwandikwa n’umusifuzi w’Umunya-Somalia Omar Abdulkadir Artan mu Gikombe cy’Isi cya 2026 yahagaritswe mu buryo butunguranye nyuma y’uko yangiwe kwinjira muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, igihugu kimwe …

Umusifuzi wari ugiye kwandika amateka mu gikombe cy’Isi yirukanywe akigera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika Read More