Gen (Rtd) James Kabarebe yasangije abiga igisirikare ubunararibonye ku rugamba rwo kubohora igihugu

Urugendo rwimbitse mu mateka y’urugamba rwo kubohora u Rwanda rwongeye guha ishusho nshya imyigire y’abanyeshuri bo mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare rya RDF, aho bagiranye ibiganiro n’abayobozi bakuru b’Ingabo z’u …

Gen (Rtd) James Kabarebe yasangije abiga igisirikare ubunararibonye ku rugamba rwo kubohora igihugu Read More

Perezida Kagame yihanangirije ibihugu bikize ku karengane bikomeje gukorera ibikennye

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yongeye kugaragaza impungenge ku buryo ibihugu bikennye bikomeje gutegekwa n’ibikize, ashimangira ko iyo myitwarire idakwiye mu Isi ivuga ko ishingiye ku bwubahane n’ubufatanye. …

Perezida Kagame yihanangirije ibihugu bikize ku karengane bikomeje gukorera ibikennye Read More

U Burundi bwakiriye drone z’intambara n’ibikoresho bigezweho bya gisirikare bwemerewe n’u Bubiligi byo gutera u Rwanda

Amakuru mashya akomeje gucicikana mu karere k’Ibiyaga Bigari aravuga ko u Burundi bwamaze kwakira drone zibarirwa muri 5000 hamwe n’ibindi bikoresho bya gisirikare, ibintu bikomeje kuzamura impaka n’impungenge ku mutekano …

U Burundi bwakiriye drone z’intambara n’ibikoresho bigezweho bya gisirikare bwemerewe n’u Bubiligi byo gutera u Rwanda Read More

Intambwe nshya mu kibazo cy’u Rwanda na RDC: Umuyobozi mushya wa MONUSCO yasuye abarwanyi ba FDLR

Umuyobozi w’Ubutumwa bw’Amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (MONUSCO), James Swan, aherutse gusura abarwanyi b’umutwe wa FDLR bari mu kigo cy’i Bambiro muri teritwari ya Masisi, mu …

Intambwe nshya mu kibazo cy’u Rwanda na RDC: Umuyobozi mushya wa MONUSCO yasuye abarwanyi ba FDLR Read More

Ingaboz’u Burundi zikomeje gupfa nk’udushwiriri mu ntambara yo muri RDC zatumye ubuyobozi bufata icyemezo kidasanzwe

Amakuru akomeje guturuka ku rugamba mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo agaragaza ko abasirikare b’u Burundi bari muri iyo ntambara bakomeje gutakaza ubuzima ku bwinshi, ibintu bituma haduka …

Ingaboz’u Burundi zikomeje gupfa nk’udushwiriri mu ntambara yo muri RDC zatumye ubuyobozi bufata icyemezo kidasanzwe Read More

Abanye-Congo batangiye gutaha bava mu buhungiro mu Burundi nyuma y’amezi y’imibereho igoye

Abanye-Congo bari barahungiye mu Burundi bakuwe mu byabo n’intambara yabereye mu bice bya teritwari ya Uvira mu ntangiriro z’Ukuboza 2025, batangiye gusubira iwabo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo nyuma …

Abanye-Congo batangiye gutaha bava mu buhungiro mu Burundi nyuma y’amezi y’imibereho igoye Read More

U Bubiligi bwakomoje ku makuru y’uko buri guha u Burundi intwaro zo kwifashisha mu gutera u Rwanda

Minisitiri w’Intebe wungirije w’u Bubiligi akaba na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Maxime Prévot, yatangaje ku mugaragaro ko amakuru amaze iminsi acicikana ku bivugwa ko igihugu cye kiri guha u Burundi intwaro …

U Bubiligi bwakomoje ku makuru y’uko buri guha u Burundi intwaro zo kwifashisha mu gutera u Rwanda Read More

U Rwanda na Uganda byongereye imbaraga mu bufatanye, bisinyana amasezerano ane agamije iterambere rirambye.

U Rwanda na Uganda byateye indi ntambwe igamije gushimangira umubano n’ubufatanye mu nzego zitandukanye, nyuma yo gusinyana amasezerano ane yibanda ku guteza imbere ubuzima, ubuhinzi, uburezi n’imiyoborere mu nzego z’ibanze. …

U Rwanda na Uganda byongereye imbaraga mu bufatanye, bisinyana amasezerano ane agamije iterambere rirambye. Read More

Perezida Ndayishimiye yahamagawe n’Abaperezida babiri bamuburira ku mugambi we wo gutera u Rwanda

Amakuru mashya akomeje kuvugwa mu karere k’Afurika y’Iburasirazuba aragaragaza ko umwuka wa politiki n’umutekano ukomeje gufata indi ntera, aho Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, ari mu bashyirwa mu majwi ku …

Perezida Ndayishimiye yahamagawe n’Abaperezida babiri bamuburira ku mugambi we wo gutera u Rwanda Read More