Dutemberane inzu y’arenga Miliyari 1 Frw Miss Jolly Mutesi yujuje i Kigali ikavugisha benshi. Amafoto + Video

Inkuru y’inzu nshya ya Jolly Mutesi ikomeje kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga no mu bitangazamakuru, aho benshi bayifata nk’icyitegererezo cy’inyubako zigezweho mu Mujyi wa Kigali. Nyuma y’igihe abantu bayivuga batarayibona …

Dutemberane inzu y’arenga Miliyari 1 Frw Miss Jolly Mutesi yujuje i Kigali ikavugisha benshi. Amafoto + Video Read More

Umushoramari wari umaze igihe mu rukundo na Jolly Mutesi, yaciye amarenga yo kuba mu munyenga w’urukundo na Alliah Cool.

Inkuru y’urukundo hagati y’ibyamamare ikomeje gutuma benshi bagira amatsiko, bibaza byinshi ku by’imitima yabo, cyane cyane iyo batangiye kugaragaza impinduka zidasanzwe ku mbuga nkoranyambaga. Ibi ni byo biri kuvugwa cyane …

Umushoramari wari umaze igihe mu rukundo na Jolly Mutesi, yaciye amarenga yo kuba mu munyenga w’urukundo na Alliah Cool. Read More

Ibya Semuhungu Eric byahinduye isura: Ibyaha bikomeye, ubuhamya bukomeye, n’iperereza rikomeje.

Inkuru ya Semuhungu Eric umaze iminsi atawe muri yombi yakomeje gukurura impaka n’ibitekerezo bitandukanye, nyuma y’uko hatangajwe ibyaha akurikiranyweho ndetse n’ibikubiye muri dosiye yagejejwe mu bushinjacyaha. Uyu mugabo akurikiranyweho ibyaha …

Ibya Semuhungu Eric byahinduye isura: Ibyaha bikomeye, ubuhamya bukomeye, n’iperereza rikomeje. Read More

“Ikibazo si njyewe”: DJ Ira yacyebuye Abarundi bakomeje kumwibasira bamuziza gusaba ubwenegihugu bw’u Rwanda, ababwiza ukuri

Iradukunda Grace Divine uzwi cyane nka DJ Ira yongeye kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo gushyira ahagaragara ubutumwa burebure asubiza abamaze igihe bamwibasira, by’umwihariko bamwe mu Barundi batishimiye icyemezo …

“Ikibazo si njyewe”: DJ Ira yacyebuye Abarundi bakomeje kumwibasira bamuziza gusaba ubwenegihugu bw’u Rwanda, ababwiza ukuri Read More

Nyuma na nyuma, Umuramyi Prosper Nkomezi yashyize hanze amafoto y’ubukwe bwe yakoze mu ibanga.

Inkuru y’urukundo rwa Prosper Nkomezi n’umugore we Retina Nkurunziza yasubukuye ibiganiro mu myidagaduro nyarwanda ku mbuga nkoranyambaga nyuma y’uko uyu muhanzi usanzwe uzwi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana …

Nyuma na nyuma, Umuramyi Prosper Nkomezi yashyize hanze amafoto y’ubukwe bwe yakoze mu ibanga. Read More

Hamenyekanye ibyaha bitatu bikomeye cyane Eric Semuhungu akurikiranyweho. Dosiye ye yashyikirijwe ubushinjacyaha.

Inkuru y’itabwa muri yombi rya Semuhungu Eric ikomeje kuvugisha benshi, nyuma y’uko dosiye ye ishyikirijwe Ubushinjacyaha ku wa 14 Mata 2026, ikubiyemo ibyaha bitatu bikomeye birimo gukoresha undi imibonano mpuzabitsina …

Hamenyekanye ibyaha bitatu bikomeye cyane Eric Semuhungu akurikiranyweho. Dosiye ye yashyikirijwe ubushinjacyaha. Read More

Umunyamakuru yahawe urw’amenyo kubera kwita umuhanzi uri mu bakunzwe cyane mu Rwanda, umuyobozi ukomeye muri AFC/M23

Inkubiri y’amakuru y’ibinyoma ikomeje gufata indi ntera mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), aho bamwe mu banyamakuru bashinjwa gukoresha itangazamakuru nk’intwaro ya politiki aho kuba urubuga rw’ukuri …

Umunyamakuru yahawe urw’amenyo kubera kwita umuhanzi uri mu bakunzwe cyane mu Rwanda, umuyobozi ukomeye muri AFC/M23 Read More

Kigali: Umuhanzi uri mu bakunzwe cyane yatanze ubusobanuro ku rupfu rw’umushyitsi wari wamusuye.

Urupfu rutunguranye rw’umusore w’imyaka 30 witwa Mugabo Emmanuel, wapfiriye mu rugo rw’umuhanzi Ngenzi Serge uzwi nka Neg G The General, rukomeje guteza urujijo n’agahinda mu muryango we, mu nshuti ze …

Kigali: Umuhanzi uri mu bakunzwe cyane yatanze ubusobanuro ku rupfu rw’umushyitsi wari wamusuye. Read More