General Sultani Makenga yayoboye inama y’ingenzi yagiranye n’aborozi mu mujyi wa Goma

Ku wa Gatandatu tariki ya 25 Mata 2026, mu mujyi wa Goma habereye inama y’ingenzi yahuje ubuyobozi bw’igisirikare cy’ihuriro rya AFC/M23 n’aborozi b’amatungo atandukanye, hagamijwe kuganira ku bibazo byugarije urwego …

General Sultani Makenga yayoboye inama y’ingenzi yagiranye n’aborozi mu mujyi wa Goma Read More

Perezida Kagame yihanangirije ibihugu bikize ku karengane bikomeje gukorera ibikennye

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yongeye kugaragaza impungenge ku buryo ibihugu bikennye bikomeje gutegekwa n’ibikize, ashimangira ko iyo myitwarire idakwiye mu Isi ivuga ko ishingiye ku bwubahane n’ubufatanye. …

Perezida Kagame yihanangirije ibihugu bikize ku karengane bikomeje gukorera ibikennye Read More

U Rwanda na Uganda byongereye imbaraga mu bufatanye, bisinyana amasezerano ane agamije iterambere rirambye.

U Rwanda na Uganda byateye indi ntambwe igamije gushimangira umubano n’ubufatanye mu nzego zitandukanye, nyuma yo gusinyana amasezerano ane yibanda ku guteza imbere ubuzima, ubuhinzi, uburezi n’imiyoborere mu nzego z’ibanze. …

U Rwanda na Uganda byongereye imbaraga mu bufatanye, bisinyana amasezerano ane agamije iterambere rirambye. Read More

U Rwanda rwateguje impinduka zikomeye ku biciro by’ibikomoka kuri peteroli runasaba abaturage guhindura imyitwarire

U Rwanda rwatangaje ko ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli bikomeje kuzamuka kandi bishobora gukomeza gutumbagira mu gihe kiri imbere, bitewe n’ingaruka z’intambara iri mu Burasirazuba bwo hagati, by’umwihariko ifungwa ry’inzira ya …

U Rwanda rwateguje impinduka zikomeye ku biciro by’ibikomoka kuri peteroli runasaba abaturage guhindura imyitwarire Read More

Hatangiye kugaragara amanyanga ateye inkeke ku bigo by’Abanyamerika mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro ya Congo

Inkuru nshya y’iperereza igaragaza urujijo n’impaka zikomeje kwiyongera ku ruhare rw’ibigo by’Abanyamerika mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, aho hari ibimenyetso by’uko hari amakuru ashobora kuba …

Hatangiye kugaragara amanyanga ateye inkeke ku bigo by’Abanyamerika mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro ya Congo Read More

RDC yafashe icyemezo cyarakaje Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu gihe umubano wari usanzwe warajemo agatotsi

Icyemezo cya Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) cyo guhagarika ikoreshwa ry’Amadolari n’andi mafaranga mvamahanga mu kwishyura serivisi zose guhera tariki ya 9 Mata 2027, cyakuruye impaka ndende …

RDC yafashe icyemezo cyarakaje Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu gihe umubano wari usanzwe warajemo agatotsi Read More

U Rwanda rwashimiwe kugira imihanda myiza yujuje ubuziranenge n’ibisabwa byose mu rwego mpuzamahanga ku kigero cya 98%.

U Rwanda rukomeje kugaragaza intambwe ishimishije mu kubaka no kubungabunga imihanda yujuje ubuziranenge, aho rwashimiwe n’Ubuyobozi bw’Umuhora wa Ruguru kubera kugera ku kigero cya 98% cy’imihanda yujuje ibisabwa mpuzamahanga. Ibi …

U Rwanda rwashimiwe kugira imihanda myiza yujuje ubuziranenge n’ibisabwa byose mu rwego mpuzamahanga ku kigero cya 98%. Read More

Hamenyekanye izindi mpamvu ziremereye ziri gutuma ibiciro bya lisansi bizamuka mu Rwanda

Izamuka rikabije ry’ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli rikomeje guteza impungenge mu Rwanda, aho imibare igaragaza ko kuva tariki ya Kane Werurwe kugeza ku ya 17 Mata, lisansi yazamutse ku kigero cya …

Hamenyekanye izindi mpamvu ziremereye ziri gutuma ibiciro bya lisansi bizamuka mu Rwanda Read More

U Rwanda rwasabye abafite imodoka zabo kuzibika bakayoboka bisi no kwitegura ibihe bidasanzwe

Izamuka rikabije ry’ibiciro bya lisansi ryatangiye kugaragara mu Rwanda ryateje impungenge mu baturage, bituma Leta itangira gusaba impinduka mu myitwarire y’abakoresha imodoka, inatanga icyizere ko nubwo ibiciro bihindagurika, ububiko bw’ibikomoka …

U Rwanda rwasabye abafite imodoka zabo kuzibika bakayoboka bisi no kwitegura ibihe bidasanzwe Read More