Ukuri ku cyihishe inyuma y’Inkongi y’umuriro yongeye kwibasira umujyi wa Bujumbura ikongera impungenge

Isoko rya Kinindo mu Mujyi wa Bujumbura ryibasiwe n’inkongi y’umuriro ikomeye mu gitondo cyo ku wa 25 Kanama 2026, aho igice kinini cy’ahacururizwa matelas cyangiritse mbere y’uko abashinzwe kuzimya umuriro …

Ukuri ku cyihishe inyuma y’Inkongi y’umuriro yongeye kwibasira umujyi wa Bujumbura ikongera impungenge Read More

Kuki Litiro 26.000 z’Urwagwa Akarusho rukorwa na Nyirangarama zamenwe kandi rutarimo Ethanol?

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko litiro 26.000 z’urwagwa Akarusho rwakorwaga na Entreprise Urwibutso izwi nka Nyirangarama zamenwe nyuma y’uko ubugenzuzi bugaragaje ko uburyo rwakorwagamo butujuje ibisabwa mu bijyanye n’isuku n’ibikoresho …

Kuki Litiro 26.000 z’Urwagwa Akarusho rukorwa na Nyirangarama zamenwe kandi rutarimo Ethanol? Read More

Umurwa mukuru wa Uganda ugiye kwimurwa uvanwe Kampala? Ibyo utamenye kuri iyi gahunda yazamuye impaka ndende

Meya w’Umujyi wa Kampala, Ronald Balimwezo, yamaganye gahunda ya Guverinoma ya Uganda yo kwimura buhoro buhoro inzego z’ubutegetsi zikava i Kampala zikajya i Nakasongola, ashimangira ko ibibazo by’umujyi bikwiye gukemurwa …

Umurwa mukuru wa Uganda ugiye kwimurwa uvanwe Kampala? Ibyo utamenye kuri iyi gahunda yazamuye impaka ndende Read More

Dr. Nsanzimana yasobanuye impamvu u Rwanda rwibanze ku nzoga zitujuje ubuziranenge mbere y’itabi

Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Nsanzimana Sabin, yavuze ko ingamba zikomeye u Rwanda rwafashe mu gukumira inzoga zitujuje ubuziranenge zishingiye ku kuba inzoga zari zimaze kuba ikibazo gikomeye ku buzima, imibereho n’iterambere …

Dr. Nsanzimana yasobanuye impamvu u Rwanda rwibanze ku nzoga zitujuje ubuziranenge mbere y’itabi Read More

Impuruza zikomeye nyuma yuko Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere rwafunzehoteli enye zo mu Rwanda

Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB) rwafashe icyemezo cyo gufunga by’agateganyo hoteli enye zo mu Rwanda nyuma y’ubugenzuzi bwimbitse bwagaragaje ko hari ibibazo bikomeye byatumaga zituzuza ibisabwa mu rwego rw’ubukerarugendo n’amahoteri. Iki …

Impuruza zikomeye nyuma yuko Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere rwafunzehoteli enye zo mu Rwanda Read More

Ubukene bushya mu mijyi: Abantu bafite akazi ariko batabasha kubaho neza mu gihe hari abakorera 1.100 Frw mu isaha

Mu mujyi wa Kigali no mu yindi mijyi iri kwaguka mu Rwanda, imyumvire y’uko kubona akazi bihita bisobanura ubuzima bwiza iri kugenda ihinduka bucece. Uko imyaka ishira, hagenda hagaragara icyiciro …

Ubukene bushya mu mijyi: Abantu bafite akazi ariko batabasha kubaho neza mu gihe hari abakorera 1.100 Frw mu isaha Read More

Uturere twa Bugesera na Rusizi twashyizwe mu kato ko gucuruza no kwimura ingurube kubera indwara yaciye ibintu.

Uturere twa Bugesera na Rusizi twafatiwe ingamba zikomeye zo guhagarika ikwirakwira ry’indwara ya muryamo yibasiye ingurube, nyuma y’uko bigaragaye ko iri kurimbura ayo matungo ku muvuduko uteye inkeke. Icyemezo cyo …

Uturere twa Bugesera na Rusizi twashyizwe mu kato ko gucuruza no kwimura ingurube kubera indwara yaciye ibintu. Read More

Benshi batunguwe n’ibyo babonye mu Rwanda mu mashusho mashya ‘satellite’ yagaragaje

U Rwanda rukomeje kugaragaza isura nshya y’iterambere ku rwego mpuzamahanga, aho amashusho ya satellite aherutse gusesengurwa n’abashakashatsi mpuzamahanga agaragaza ko ari mu bihugu byo muri Afurika bigenda byiyongera mu rumuri …

Benshi batunguwe n’ibyo babonye mu Rwanda mu mashusho mashya ‘satellite’ yagaragaje Read More

U Rwanda rwasobanuye impamvu ibiciro by’ingendo ku modoka z’amashanyarazi byazamutse.

Impinduka nshya mu biciro by’ingendo mu Rwanda zigaragaza uburyo urwego rw’ubwikorezi rukomeje guhindagurika bitewe n’izamuka rikabije ry’ibikomoka kuri peteroli ku isoko mpuzamahanga. Ibi byatumye n’ingendo zose, haba izikoresha lisansi, mazutu …

U Rwanda rwasobanuye impamvu ibiciro by’ingendo ku modoka z’amashanyarazi byazamutse. Read More

Guverinoma y’u Rwanda yatanze gasopo mu gihe Gaz iri kugura umugabo igasiba undi, amakara yo yabaye imari ishyushye

Ubuzima bwa buri munsi ku baturage b’u Rwanda buragenda burushaho gukomera bitewe n’izamuka rikabije ry’ibiciro by’ibicanwa byo mu ngo, birimo gaz, amakara n’inkwi, aho bamwe mu baturage batangiye gusubira inyuma …

Guverinoma y’u Rwanda yatanze gasopo mu gihe Gaz iri kugura umugabo igasiba undi, amakara yo yabaye imari ishyushye Read More