Mazutu yazamutseho frw 722: Ibiribwa n’ibicuruzwa bigiye guhenda ku masoko y’u Rwanda? Ibyo Leta yakoze.

Abanyarwanda bashobora guhura n’izamuka ry’ibiciro by’ibiribwa n’ibindi bicuruzwa ku masoko mu minsi iri imbere nyuma y’aho igiciro cya mazutu cyiyongereye ku rwego rukomeye, nubwo Leta y’u Rwanda yafashe ingamba zirimo …

Mazutu yazamutseho frw 722: Ibiribwa n’ibicuruzwa bigiye guhenda ku masoko y’u Rwanda? Ibyo Leta yakoze. Read More

Impuruza zikomeye nyuma yuko Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere rwafunzehoteli enye zo mu Rwanda

Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB) rwafashe icyemezo cyo gufunga by’agateganyo hoteli enye zo mu Rwanda nyuma y’ubugenzuzi bwimbitse bwagaragaje ko hari ibibazo bikomeye byatumaga zituzuza ibisabwa mu rwego rw’ubukerarugendo n’amahoteri. Iki …

Impuruza zikomeye nyuma yuko Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere rwafunzehoteli enye zo mu Rwanda Read More

Amerika yemereye ibigo bibiri biri mu bikomeye cyane ku Isi gukorana n’Ingabo z’u Rwanda nubwo yazifatiye ibihano

Amerika yemereye ibigo bibiri biri mu bikomeye cyane ku Isi gukorana n’Ingabo z’u Rwanda nubwo yazifatiye ibihano Leta Zunze Ubumwe za Amerika zafashe icyemezo cyatunguye benshi nyuma yo kwemera ko …

Amerika yemereye ibigo bibiri biri mu bikomeye cyane ku Isi gukorana n’Ingabo z’u Rwanda nubwo yazifatiye ibihano Read More

“Muri hano mushaka kurya gusa”: Perezida Ndayishimiye wirukanye Lt Col Ir. Léonidas Nibigira mu burakari bwinshi cyane amuziza inkwavu.

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yakuye ku mirimo Lt Col Ir. Léonidas Nibigira wari uyoboye ikigo cya Leta gishinzwe ibikorwa by’inyubako, OBUHA, nyuma y’uruzinduko yakoreye ahubakwa umushinga wo korora inkwavu …

“Muri hano mushaka kurya gusa”: Perezida Ndayishimiye wirukanye Lt Col Ir. Léonidas Nibigira mu burakari bwinshi cyane amuziza inkwavu. Read More

Hashyizweho amabwiriza mashya akakaye ku bashaka kurushinga: Umusore udafite ibiti 10 bya Avoka ntiyemerewe kurongora

Amabwiriza mashya yashyizweho n’ubuyobozi bwa Komine Muyinga mu Ntara ya Buhumuza mu Burundi yatangiye kuvugisha benshi nyuma y’uko hamenyekanye ko umusore wese ushaka gusezerana imbere y’amategeko agomba kubanza kugaragaza ko …

Hashyizweho amabwiriza mashya akakaye ku bashaka kurushinga: Umusore udafite ibiti 10 bya Avoka ntiyemerewe kurongora Read More

Ubumwe bw’u Burayi na Mozambique bafashe icyemezo gikakaye kizagira ingaruka zikomeye cyane ku ngabo z’u Rwanda ziri muri Cabo Delgado

Umuryango w’Ubumwe bw’Ibihugu by’u Burayi (EU) watangaje ko ugiye gushyira imbaraga mu kongerera ubushobozi Ingabo za Mozambique (FADM), aho gukomeza gutera inkunga ibikorwa by’Ingabo z’u Rwanda ziri mu Ntara ya …

Ubumwe bw’u Burayi na Mozambique bafashe icyemezo gikakaye kizagira ingaruka zikomeye cyane ku ngabo z’u Rwanda ziri muri Cabo Delgado Read More

Ubukene bushya mu mijyi: Abantu bafite akazi ariko batabasha kubaho neza mu gihe hari abakorera 1.100 Frw mu isaha

Mu mujyi wa Kigali no mu yindi mijyi iri kwaguka mu Rwanda, imyumvire y’uko kubona akazi bihita bisobanura ubuzima bwiza iri kugenda ihinduka bucece. Uko imyaka ishira, hagenda hagaragara icyiciro …

Ubukene bushya mu mijyi: Abantu bafite akazi ariko batabasha kubaho neza mu gihe hari abakorera 1.100 Frw mu isaha Read More

Nyuma y’uruzinduko rwa Perezida Kagame muri Tanzania undi muyobozi wa EAC yageze i Dar es Salaam

Ibiri kubera mu karere ka Afurika y’Iburasirazuba muri iyi minsi birerekana icyerekezo gishya cy’ubufatanye bushobora guhindura imiterere y’ubukungu, ubucuruzi n’imikoranire y’ibihugu bihuriye muri EAC. Nyuma y’uruzinduko rw’akazi Perezida Paul Kagame …

Nyuma y’uruzinduko rwa Perezida Kagame muri Tanzania undi muyobozi wa EAC yageze i Dar es Salaam Read More

Inyubako y’Urwego Rushinzwe Iterambere mu Rwanda, RDB yafunzwe nyuma y’igihe itavugwaho rumwe.

Inyubako ikomeye yakorerwagamo n’ibigo bikomeye by’igihugu iherereye ku Gishushu mu Mujyi wa Kigali yafunzwe by’agateganyo, hafatwa icyemezo cy’uko ivugururwa nyuma y’igihe kinini igaragaramo ibibazo by’ubuziranenge byagiye bitera impungenge abakoreramo n’abayigana. …

Inyubako y’Urwego Rushinzwe Iterambere mu Rwanda, RDB yafunzwe nyuma y’igihe itavugwaho rumwe. Read More