U Rwanda, Kenya na Uganda bihuje imbaraga byiyemeza kwihutisha umushinga uzahindura ubuzima bwa benshi.

Abayobozi mu by’imari b’ibihugu bitatu byo muri Afurika y’Iburasirazuba bongereye imbaraga mu kongera kubyutsa umushinga wari waradindiye w’umuhanda wa gari ya moshi wa Standard Gauge Railway (SGR), bagaragaza ko ari …

U Rwanda, Kenya na Uganda bihuje imbaraga byiyemeza kwihutisha umushinga uzahindura ubuzima bwa benshi. Read More

U Rwanda rugiye gukura ingabo za rwo muri Mozambique? Ibibazo 5 bikomeye bikomeje guteza impaka ku mutekano wa Cabo Delgado

Impaka ku hazaza h’ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bwo kugarura amahoro muri Cabo Delgado zakomeje gufata indi ntera ku rwego mpuzamahanga, nyuma y’uruhererekane rw’ibyemezo bya politiki n’ubukungu byafashwe n’ibihugu …

U Rwanda rugiye gukura ingabo za rwo muri Mozambique? Ibibazo 5 bikomeye bikomeje guteza impaka ku mutekano wa Cabo Delgado Read More

Uturere twa Bugesera na Rusizi twashyizwe mu kato ko gucuruza no kwimura ingurube kubera indwara yaciye ibintu.

Uturere twa Bugesera na Rusizi twafatiwe ingamba zikomeye zo guhagarika ikwirakwira ry’indwara ya muryamo yibasiye ingurube, nyuma y’uko bigaragaye ko iri kurimbura ayo matungo ku muvuduko uteye inkeke. Icyemezo cyo …

Uturere twa Bugesera na Rusizi twashyizwe mu kato ko gucuruza no kwimura ingurube kubera indwara yaciye ibintu. Read More

U Busuwisi: Ibiganiro bishya by’amahoro hagati ya AFC/M23 na RDC bijemo amananiza akomeye bigitangira.

Ibiganiro byahuje Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’umutwe wa AFC/M23 i Genève mu busuwisi byatangiye bigaragaramo amananiza akomeye, ibintu byahise bikurura impaka mu basesenguzi batandukanye ku cyerekezo nyakuri …

U Busuwisi: Ibiganiro bishya by’amahoro hagati ya AFC/M23 na RDC bijemo amananiza akomeye bigitangira. Read More

Ibintu bikomeje gukomera: Ibiciro bya peteroli byongeye kuzamuka nyuma y’icyemezo cya burundu cyafashwe na Amerika.

Ibintu bikomeje guhindura isura ku rwego mpuzamahanga nyuma y’uko ibiganiro byari bimaze amasaha 21 hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Iran, byabereye muri Pakistan, birangiye nta mwanzuro uhamye …

Ibintu bikomeje gukomera: Ibiciro bya peteroli byongeye kuzamuka nyuma y’icyemezo cya burundu cyafashwe na Amerika. Read More

Amerika n’u Burayi byategujwe akaga gakomeye bigiye guhura na ko nyuma yo gufatira ibihano RDF no kuyihagarikira inkunga

Amerika n’u Burayi byategujwe akaga gakomeye bigiye guhura na ko nyuma yo gufatira ibihano ingabo z’u Rwanda no kuzihagarikira inkunga Ibimenyetso bikomeje kugaragara ku rwego mpuzamahanga byerekana ko imyanzuro yafashwe …

Amerika n’u Burayi byategujwe akaga gakomeye bigiye guhura na ko nyuma yo gufatira ibihano RDF no kuyihagarikira inkunga Read More

Benshi batunguwe n’ibyo babonye mu Rwanda mu mashusho mashya ‘satellite’ yagaragaje

U Rwanda rukomeje kugaragaza isura nshya y’iterambere ku rwego mpuzamahanga, aho amashusho ya satellite aherutse gusesengurwa n’abashakashatsi mpuzamahanga agaragaza ko ari mu bihugu byo muri Afurika bigenda byiyongera mu rumuri …

Benshi batunguwe n’ibyo babonye mu Rwanda mu mashusho mashya ‘satellite’ yagaragaje Read More

Amb Gatete yahishuye indi nzira Afurika yakwisunga mu gihe iy’umuhora wa Hormuz yakomeza kwanga

Impinduka zikomeye ziri kuba mu miterere y’ubukungu bw’isi zikomeje gushyira Afurika mu mwanya mushya, aho ishobora kwigira igicumbi cy’inzira z’ubucuruzi n’iterambere rirambye mu gihe ibibazo by’umutekano muke bikomeje kwibasira ibice …

Amb Gatete yahishuye indi nzira Afurika yakwisunga mu gihe iy’umuhora wa Hormuz yakomeza kwanga Read More

Inkuru nziza ku banyarwanda yuko Amerika na Iran byemeranyije agahenge k’ibyumweru bibiri

Isoko mpuzamahanga ry’ibikomoka kuri peteroli ryagaragaje impinduka zikomeye nyuma y’itangazo ritunguranye rya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, ryemezaga ko igihugu cye cyemeranyije na Iran agahenge k’igihe …

Inkuru nziza ku banyarwanda yuko Amerika na Iran byemeranyije agahenge k’ibyumweru bibiri Read More