‘Nkinzeho, Nkinguyeho…’ Imvugo ya Yago Pondat ugiye kugaruka mu Rwanda yashimuse imbuga nkoranyambaga, ibyamamare biyisamira hejuru

Imvugo igira iti “Nkinzeho, Nkinguyeho ndongeye nkingaho” yavuzwe n’umuhanzi akaba n’umunyamakuru Nyarwaya Innocent wamamaye nka Yago Pondat, yahindutse imwe mu ziri kuvugisha abantu benshi ku mbuga nkoranyambaga, aho abakoresha izo …

‘Nkinzeho, Nkinguyeho…’ Imvugo ya Yago Pondat ugiye kugaruka mu Rwanda yashimuse imbuga nkoranyambaga, ibyamamare biyisamira hejuru Read More

Hakozwe agakoresho gafasha abagore n’abakobwa kunyara bahagaze gakomeje gukundwa ariko kanazamura impaka ndende

Ubuzima bwa buri munsi burushaho gusaba abantu gukora ingendo ndende, gutembera mu misozi, gukora ibikorwa byo mu gasozi cyangwa kugera ahantu usanga ubwiherero budahagije kandi budafite isuku. Kubera iyo mpamvu, …

Hakozwe agakoresho gafasha abagore n’abakobwa kunyara bahagaze gakomeje gukundwa ariko kanazamura impaka ndende Read More

Shaddyboo yatawe muri yombi nyuma y’iminsi mike asambanyijwe ku gahato n’umuhanzi Yugi Umukaraza?

Nyuma y’iminsi ku mbuga nkoranyambaga no mu itangazamakuru hacicikana amakuru yavugaga ko Mbabazi Shadia uzwi cyane nka Shaddyboo yaba yaratawe muri yombi, Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwashyize umucyo kuri ayo …

Shaddyboo yatawe muri yombi nyuma y’iminsi mike asambanyijwe ku gahato n’umuhanzi Yugi Umukaraza? Read More

RIP Uwimana: Urupfu rw’umukobwa w’imyaka 16 yiyahuye nyuma yo kubuzwa gukoresha telefoni rwashenguye benshi.

Agahinda n’ishavu byarenze urugero byibasiye umuryango wo mu Murenge wa Rweru, Akarere ka Bugesera, nyuma y’uko umukobwa wabo w’imyaka 16 afashe icyemezo cyo kwiyambura ubuzima, bikekwa ko byatewe n’amakimbirane yari …

RIP Uwimana: Urupfu rw’umukobwa w’imyaka 16 yiyahuye nyuma yo kubuzwa gukoresha telefoni rwashenguye benshi. Read More

Kigali: Umugore w’imyaka 25 akurikiranyweho kugerageza kwica umugabo we akoresheje inzoga irimo Super Glue

Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Gasabo bukomeje gukurikirana umugore w’imyaka 25 ukekwaho icyaha gikomeye cyo kugerageza kwica umugabo we, amuhaye inzoga bivugwa ko yari avanze na Super Glue, mu gikorwa …

Kigali: Umugore w’imyaka 25 akurikiranyweho kugerageza kwica umugabo we akoresheje inzoga irimo Super Glue Read More

RIB yaburiye abamamaza imiti y’inyatsi n’abizeza abaturage kubajyana i Burayi na Amerika ibateguza ibihano biremereye

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwongeye gukangurira Abanyarwanda kwitondera abantu n’ibikorwa bishobora kubashora mu bwambuzi bushukana, runaburira by’umwihariko abakoresha ibitangazamakuru, imbuga nkoranyambaga n’ibyamamare bikomeje kwamamaza ibikorwa bitemewe n’amategeko. Ubu butumwa bwatanzwe …

RIB yaburiye abamamaza imiti y’inyatsi n’abizeza abaturage kubajyana i Burayi na Amerika ibateguza ibihano biremereye Read More

Urupfu rw’Umunyeshuri wiyahuye nyuma y’ibyo Umwarimu yari amaze kumukorera rwazamuye Impaka ndende.

Urujijo n’agahinda bikomeje kuganza mu karere ka Rubirizi mu burengerazuba bwa Uganda, nyuma y’urupfu rw’umunyeshuri witwa Sheilla Ankunda wigaga mu St. Thomas Vocational Secondary School, aho bikekwa ko yiyahuye nyuma …

Urupfu rw’Umunyeshuri wiyahuye nyuma y’ibyo Umwarimu yari amaze kumukorera rwazamuye Impaka ndende. Read More

Hahishuwe ko rwaserera iri mu muryango w’umuhanzi Kafeero ifitanye isano n’u Rwanda: Amabanga akomeye cyane yamenyekanye.

Inkuru y’umuhanzi wamamaye muri Uganda, Prince Job Paul Kafeero, yongeye kuvugisha benshi nyuma y’uko ibisubizo by’ibipimo bya ADN (DNA) bishyize iherezo ku bibazo byari bimaze imyaka bivugwaho mu muryango we. …

Hahishuwe ko rwaserera iri mu muryango w’umuhanzi Kafeero ifitanye isano n’u Rwanda: Amabanga akomeye cyane yamenyekanye. Read More

Ubushyuhe Bukabije i Burayi bukomeje gutuma abantu bajya ku mucanga wa Bredene batambaye akenda na kamwe.

Ubushyuhe bukabije bukomeje kwibasira ibice byinshi by’umugabane w’u Burayi bwatumye abaturage n’abakerarugendo bashaka uburyo butandukanye bwo kwirinda ingaruka zabwo, bamwe bahitamo kujya ku nkombe z’inyanja aho bashobora kubona akayaga n’umwuka …

Ubushyuhe Bukabije i Burayi bukomeje gutuma abantu bajya ku mucanga wa Bredene batambaye akenda na kamwe. Read More