Inzego z’umutekano ziri guhigisha uruhindu abagize uruhare mu kwivugana umukobwa w’imyaka 17 bamukase ijosi.
Agahinda n’akababaro byarenze urugero byafashe abaturage bo mu Mudugudu wa Kamvumba, Akagari ka Kinunga, Umurenge wa Remera mu Karere ka Ngoma, nyuma y’urupfu rw’umukobwa w’imyaka 17 wari utuye muri aka …
Inzego z’umutekano ziri guhigisha uruhindu abagize uruhare mu kwivugana umukobwa w’imyaka 17 bamukase ijosi. Read More