Rusizi: Umugabo akekwaho gusambanya umwana we avuga ko yamwigishaga uko azitwara imbere y’umugabo

Umugabo w’imyaka 35 wo mu Murenge wa Nyakabuye, Akarere ka Rusizi, yashyikirijwe ubugenzacyaha nyuma yo gukekwaho gusambanya umwana we w’imyaka 15, mu gihe iperereza rigikomeje kumenya ukuri ku byabaye. Uyu …

Rusizi: Umugabo akekwaho gusambanya umwana we avuga ko yamwigishaga uko azitwara imbere y’umugabo Read More

Colonel Tom Byabagamba wahoze ayobora Ingabo zirinda Perezida Kagame yapfiriye muri gereza

Colonel Tom Byabagamba, wahoze ari umwe mu basirikare bakomeye mu Ngabo z’u Rwanda ndetse akayobora umutwe w’ingabo zirinda Umukuru w’Igihugu, yapfiriye muri gereza nyuma y’imyaka hafi 12 yari amaze afunzwe. …

Colonel Tom Byabagamba wahoze ayobora Ingabo zirinda Perezida Kagame yapfiriye muri gereza Read More

“Ntituzi uko twakomeza kuba hano”: Umudugudu wose wahunze nyuma y’ibikorwa by’abo ku ruhande rwa leta ya RDC

Abaturage bo mu Mudugudu wa Habula, muri Gurupoma ya Luberike, Teritwari ya Walikale mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), batangiye guhunga ari benshi nyuma y’ibikorwa by’ubugizi bwa …

“Ntituzi uko twakomeza kuba hano”: Umudugudu wose wahunze nyuma y’ibikorwa by’abo ku ruhande rwa leta ya RDC Read More

MINEDUC yasabye imbabazi ku mwana wabaye uwa mbere utagaragaye mu muhango wo gutanga ibihembo

Minisiteri y’Uburezi yasabye imbabazi nyuma y’uko umwana wabaye uwa mbere ku rwego rw’igihugu mu bizamini bisoza Icyiciro Rusange cy’Amashuri Yisumbuye atagaragaye mu muhango wo gutangirwamo ibihembo, ibintu byateje impaka ku …

MINEDUC yasabye imbabazi ku mwana wabaye uwa mbere utagaragaye mu muhango wo gutanga ibihembo Read More

Umwarimu wari ufite ubukwe yafunzwe nyuma yo gufatwa acuruza imifuka irenga 50 yuzuye inzoga zitujuje ubuziranenge.

Umwarimu wigisha mu mashuri yisumbuye mu Murenge wa Busasamana, Akarere ka Nyanza, yatawe muri yombi nyuma y’uko inzego z’ibanze, Polisi, DASSO n’abaturage bafatanyije guca inzoga zitujuje ubuziranenge zasanzwe aho atuye. …

Umwarimu wari ufite ubukwe yafunzwe nyuma yo gufatwa acuruza imifuka irenga 50 yuzuye inzoga zitujuje ubuziranenge. Read More

Basanze amasohoro akiri mu makariso yabo: Umwarimu wahamijwe gusambanya abana 2 agakatirwa imyaka 10 yajuriye.

Umwarimu wahoze yigisha ku Ishuri ry’Imyuga rya Nyanza yajuriye nyuma yo gukatirwa igifungo cy’imyaka 10 ku cyaha cyo gusambanya abana babiri b’abakobwa, umwe w’imyaka 15 n’undi w’imyaka 17. Ntivuguruzwa Thomas …

Basanze amasohoro akiri mu makariso yabo: Umwarimu wahamijwe gusambanya abana 2 agakatirwa imyaka 10 yajuriye. Read More

Umugore yasanzwe yapfuye nyuma y’iminsi micye avuye iwabo kureba imitungo bari guteganya kumuha

Inzego z’ubugenzacyaha zatangiye iperereza ku rupfu rwa Dusabimana Marie wo mu Karere ka Gakenke, nyuma yo kumusanga yapfuye mu gihe umugabo we, Rukundo Innocent w’imyaka 24, yari akiri muzima ariko …

Umugore yasanzwe yapfuye nyuma y’iminsi micye avuye iwabo kureba imitungo bari guteganya kumuha Read More

RIP Nyirarukundo! Urupfu rw’Umugore wiyahuye kubera kubura umufasha kurera abana rwashenguye imitima ya benshi

Abaturage bo mu Mudugudu wa Kabyaza, Akagari ka Gitega, Umurenge wa Rugabano mu Karere ka Karongi, batunguwe n’urupfu rw’umugore wari usanzwe afite ibibazo byo kurera abana nyuma y’uko umugabo we …

RIP Nyirarukundo! Urupfu rw’Umugore wiyahuye kubera kubura umufasha kurera abana rwashenguye imitima ya benshi Read More

Ukuri ku cyihishe inyuma ya ‘Divorce’ iri kuvuza ubuhuha mu Rwanda, ikaba imungu yibasiye umuryango nyarwanda

Umuryango nyarwanda ukomeje guhura n’ikibazo cyo gusenyuka kw’ingo, mu gihe imibare y’imanza za gatanya n’izandikwa mu irangamimerere igaragaza ko gutandukana kw’abashakanye bikiri ku rwego rwo hejuru. Nubwo imanza z’abashakanye basaba …

Ukuri ku cyihishe inyuma ya ‘Divorce’ iri kuvuza ubuhuha mu Rwanda, ikaba imungu yibasiye umuryango nyarwanda Read More

Urukiko rwakatiye Umubyeyi wagize uruhare mu gusambanywa kw’abanyeshuri bari nbitabiriye ibirori by’isabukuru y’amavuko y’umwana we.

Urukiko rw’Ibanze rwa Ruhango rwategetse ko abantu batatu bakekwaho kugira uruhare mu byaha byo gusambanya abanyeshuri bakurikiranwa bafunzwe iminsi 30 y’agateganyo, nyuma y’ibirori by’isabukuru byabereye mu Karere ka Nyanza muri …

Urukiko rwakatiye Umubyeyi wagize uruhare mu gusambanywa kw’abanyeshuri bari nbitabiriye ibirori by’isabukuru y’amavuko y’umwana we. Read More