Kigali: RIB yataye muri yombi uwasambanyaga abakobwa akanabambura ibyabo byose akoresheje amayeri adasanzwe

Inkuru y’icyaha gikomeye cyakorewe mu mujyi wa Kigali n’inkengero zawo yakomeje gutangaza benshi, nyuma y’uko Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rufashe umugabo ukurikiranyweho gushuka abakobwa abizeza akazi, akaza kubasambanya ku gahato ndetse …

Kigali: RIB yataye muri yombi uwasambanyaga abakobwa akanabambura ibyabo byose akoresheje amayeri adasanzwe Read More

Umugabo arembeye mu bitaro nyuma yo gusukwaho amavuta yatuye akanaterwa icyuma n’umugore we kubera kumufuhira

Ijoro ryo ku wa Gatandatu rishyira ku Cyumweru tariki ya 26 ryahindutse iry’amarira n’akababaro mu Kagari ka Kanzenze, Umurenge wa Ntarama mu Karere ka Bugesera, aho amakimbirane ashingiye ku ifuhe …

Umugabo arembeye mu bitaro nyuma yo gusukwaho amavuta yatuye akanaterwa icyuma n’umugore we kubera kumufuhira Read More

Itorero rya ADEPR ryakomoje ku cyemezo cyahagaritse abashumba baryo bagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi

Itorero rya ADEPR ryasobanuye impamvu y’icyemezo giherutse gufatirwa bamwe mu bashumba bagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi, kibambura inshingano z’ubushumba burundu, rigamije kurinda ko barangiza ibihano byabo bakagaruka mu nshingano …

Itorero rya ADEPR ryakomoje ku cyemezo cyahagaritse abashumba baryo bagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi Read More

Bari bemerewe igihembo cya miliyoni 1.2 Frw: Abantu batanu bafunzwe bakurikiranweho kwica umugore w’umwe muri bo

Inkuru y’urupfu rw’umugore w’imyaka 38 wabonetse yapfuye mu buryo butunguranye mu Murenge wa Rambura, Akarere ka Nyabihu, yakomeje gutera impungenge abaturage, aho amakuru mashya aturuka mu bugenzacyaha agaragaza isura itandukanye …

Bari bemerewe igihembo cya miliyoni 1.2 Frw: Abantu batanu bafunzwe bakurikiranweho kwica umugore w’umwe muri bo Read More

Nyuma na nyuma, Umuramyi Prosper Nkomezi yashyize hanze amafoto y’ubukwe bwe yakoze mu ibanga.

Inkuru y’urukundo rwa Prosper Nkomezi n’umugore we Retina Nkurunziza yasubukuye ibiganiro mu myidagaduro nyarwanda ku mbuga nkoranyambaga nyuma y’uko uyu muhanzi usanzwe uzwi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana …

Nyuma na nyuma, Umuramyi Prosper Nkomezi yashyize hanze amafoto y’ubukwe bwe yakoze mu ibanga. Read More

U Rwanda rugiye guhabwa umuti wihariye urinda agakoko gatera Sida watangiye guterwa abaturage muri Afurika

U Rwanda ruri mu bihugu bitegerejweho kungukira ku ntambwe nshya igamije guhindura amateka mu kurwanya Virusi itera Sida, aho hitezwe gutangira gukwirakwiza umuti mushya uzwi nka Lenacapavir, witezweho gufasha mu …

U Rwanda rugiye guhabwa umuti wihariye urinda agakoko gatera Sida watangiye guterwa abaturage muri Afurika Read More

Hamenyekanye ibyaha bitatu bikomeye cyane Eric Semuhungu akurikiranyweho. Dosiye ye yashyikirijwe ubushinjacyaha.

Inkuru y’itabwa muri yombi rya Semuhungu Eric ikomeje kuvugisha benshi, nyuma y’uko dosiye ye ishyikirijwe Ubushinjacyaha ku wa 14 Mata 2026, ikubiyemo ibyaha bitatu bikomeye birimo gukoresha undi imibonano mpuzabitsina …

Hamenyekanye ibyaha bitatu bikomeye cyane Eric Semuhungu akurikiranyweho. Dosiye ye yashyikirijwe ubushinjacyaha. Read More

Abarenga 300 banduye Virusi itera Sida kubera ibyo bakorewe n’abaganga biturutse ku burangare.

Icyari cyitezweho kuba igisubizo ku buzima bw’abaturage, cyahindutse inkomoko y’akaga gakomeye mu Mujyi wa Taunsa uherereye mu Ntara ya Punjab mu gihugu cya Pakistan. Inkuru y’abana 331 basanzwemo Virusi itera …

Abarenga 300 banduye Virusi itera Sida kubera ibyo bakorewe n’abaganga biturutse ku burangare. Read More