Kigali: Igihombo gikomeye nyuma yuko Isoko rya Nyarugenge ryafashwe n’Inkongi y’umuriro.

Ijoro ryo ku wa 13 Mata 2026 ryasize isomo rikomeye ku bacuruzi bakorera mu isoko rya Nyarugenge, nyuma y’aho iduka ricururizwamo ibicuruzwa bitandukanye rifashwe n’inkongi y’umuriro igahungabanya ibikorwa by’ubucuruzi ndetse …

Kigali: Igihombo gikomeye nyuma yuko Isoko rya Nyarugenge ryafashwe n’Inkongi y’umuriro. Read More

Barimo uwayifungiwe imyaka 13: Abantu babiri batawe muri yombi bakurikiranyweho ingengabitekerezo ya Jenoside

Ibikorwa n’amagambo bifitanye isano n’ingengabitekerezo ya Jenoside bikomeje kugaragara hirya no hino mu gihugu, by’umwihariko mu Karere ka Rubavu, aho abantu babiri batawe muri yombi bakekwaho ibikorwa n’imvugo bikomeretsa abarokotse …

Barimo uwayifungiwe imyaka 13: Abantu babiri batawe muri yombi bakurikiranyweho ingengabitekerezo ya Jenoside Read More

Bitunguranye, Urukiko rwakatiye igifungo cy’imyaka 500 umupolisi witwa Irankunda runamutegeka gutanga miliyoni 100.

Urubanza rwaciwe n’Urukiko rw’i Mwaro rwaciye amarenga akomeye ku mikorere y’inzego z’umutekano mu Burundi, aho umupolisi Osias Irankunda yakatiwe igifungo cya burundu ndetse agategekwa gutanga indishyi z’akababaro zingana na miliyoni …

Bitunguranye, Urukiko rwakatiye igifungo cy’imyaka 500 umupolisi witwa Irankunda runamutegeka gutanga miliyoni 100. Read More

Kigali: Umuhanzi uri mu bakunzwe cyane yatanze ubusobanuro ku rupfu rw’umushyitsi wari wamusuye.

Urupfu rutunguranye rw’umusore w’imyaka 30 witwa Mugabo Emmanuel, wapfiriye mu rugo rw’umuhanzi Ngenzi Serge uzwi nka Neg G The General, rukomeje guteza urujijo n’agahinda mu muryango we, mu nshuti ze …

Kigali: Umuhanzi uri mu bakunzwe cyane yatanze ubusobanuro ku rupfu rw’umushyitsi wari wamusuye. Read More

Imirwano ya AFC/M23 na FARDC n’abambari ba yo yongeye gukaza umurego yagize ingaruka ku buzima bwa benshi

Imirwano ikomeje gufata indi ntera mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, aho ihuriro rya AFC/M23 rikomeje guhangana n’ingabo za FARDC zifatanyije n’imitwe ya Wazalendo, mu gihe ibiganiro by’amahoro …

Imirwano ya AFC/M23 na FARDC n’abambari ba yo yongeye gukaza umurego yagize ingaruka ku buzima bwa benshi Read More

Abapolisi batandatu bambuye umuturage witwa Nyandwi arenga miliyoni 7 Frw bazamuye impaka ndende.

Abapolisi batandatu bambuye umuturage witwa Nyandwi arenga miliyoni 7 Frw bazamuye impaka ndende. Inkuru y’umuturage wo mu mujyi wa Bujumbura witwa Nyandwi Gérard yateye impungenge benshi nyuma yo kugaragaza uburyo …

Abapolisi batandatu bambuye umuturage witwa Nyandwi arenga miliyoni 7 Frw bazamuye impaka ndende. Read More

Habaye impanuka ikomeye cyane y’ibyuma byari biri hejuru y’ikamyo byahubutse byica umuntu wari uri mu yindi modoka.

Impuruza z’impanuka zo mu muhanda zongeye kumvikana mu Karere ka Ruhango, aho ibyuma byari bitwikiriye ikamyo byahubutse bikica umuntu mu buryo bwatunguranye, bikongera kwerekana ibibazo bikigaragara mu micungire y’imizigo n’umutekano …

Habaye impanuka ikomeye cyane y’ibyuma byari biri hejuru y’ikamyo byahubutse byica umuntu wari uri mu yindi modoka. Read More

Umunyarwandakazi Uwamahoro yasubije abakomeje kuganira ku mubiri we nyuma y’amashusho yarikoroje

Impaka ku myambarire n’uburyo abantu bihitamo kwigaragaza zikomeje gufata indi ntera mu karere ka Afurika y’Iburasirazuba, cyane cyane ku mbuga nkoranyambaga ahari kuvugwa amagambo ariramo n’ibitekerezo by’abatandukanye. Ibi byongeye kugarukwaho …

Umunyarwandakazi Uwamahoro yasubije abakomeje kuganira ku mubiri we nyuma y’amashusho yarikoroje Read More