Umukozi wo mu rugo w’imyaka 19 yatorokanye nyirabuja bajya kubana nk’umugabo n’umugore. Abaturage baguye mu kantu.

Inkuru idasanzwe yakomeje kuvugisha benshi mu Karere ka Nyagatare nyuma y’aho umugore wari usanzwe afite urugo n’umugabo we afashe icyemezo cyo kurusiga akajya kubana n’umusore w’imyaka 19 wari usanzwe amukorera …

Umukozi wo mu rugo w’imyaka 19 yatorokanye nyirabuja bajya kubana nk’umugabo n’umugore. Abaturage baguye mu kantu. Read More

Kigali: Abakobwa babiri basuye Umusore bakorana urukundo rwo mu mashuka bose bajyanwa kwa muganga barembye.

Ubwoba n’amayobera bikomeje kuvugwa mu baturage batuye i Kanombe mu mujyi wa Kigali nyuma y’aho umusore wari wasuwe n’abakobwa babiri bahuriye mu byago bikomeye byatumye bose bajyanwa kwa muganga bameze …

Kigali: Abakobwa babiri basuye Umusore bakorana urukundo rwo mu mashuka bose bajyanwa kwa muganga barembye. Read More

Byagenze bite ngo Dr. Semwaga Nsabimana Frederick n’umugore we bafungwe? Ibyaha bikomeye mu gutwitira abandi

Inkuru y’itabwa muri yombi rya Dr. Semwaga Emmanuel, umuganga wari uzwi mu kuvura indwara z’abagore no gufasha ababuze urubyaro, yakomeje guteza impaka mu Rwanda nyuma y’uko dosiye ye ihuzwa n’ibikorwa …

Byagenze bite ngo Dr. Semwaga Nsabimana Frederick n’umugore we bafungwe? Ibyaha bikomeye mu gutwitira abandi Read More

Ibendera ry’Igihugu ryari ryibwe ku biro by’Akagari ryabonetse, abaturage 9 batabwa muri yombi bari gukorwaho iperereza

Ibendera ry’Igihugu ryari rimaze iminsi ribuze ku biro by’Akagari ka Muyira mu Murenge wa Manihira mu Karere ka Rutsiro, ryabonetse rirambuye mu ishyamba hafi y’umugezi wa Rutsiro, nyuma y’iminsi abaturage …

Ibendera ry’Igihugu ryari ryibwe ku biro by’Akagari ryabonetse, abaturage 9 batabwa muri yombi bari gukorwaho iperereza Read More

MIFOTRA yashyize umucyo ku cyiswe izamuka ry’umushahara w’abakozi ba Leta nubwo hari impinduka ku ndámunite

Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo (MIFOTRA) yashyize umucyo ku makuru amaze iminsi avugwa ku mbuga nkoranyambaga no mu biganiro bya bamwe mu bakozi ba Leta bavuga ko habayeho izamuka ry’imishahara, …

MIFOTRA yashyize umucyo ku cyiswe izamuka ry’umushahara w’abakozi ba Leta nubwo hari impinduka ku ndámunite Read More

“Gira vuba nigendere”: Amabanga 8 Umugabo/Umusore wese ujya kugura mukobwa wicuruza agomba kumenya mbere yo gufata icyemezo

Hari abagabo n’abasore benshi bavuga ko ibibazo byo mu ngo, amakimbirane adashira cyangwa kutumvikana n’abo bashakanye/bakundana bibasunikira kujya bamara igihe kinini mu tubari no gushaka abagore b’igihe gito, bamwe bakaba …

“Gira vuba nigendere”: Amabanga 8 Umugabo/Umusore wese ujya kugura mukobwa wicuruza agomba kumenya mbere yo gufata icyemezo Read More

Karongi: Amayobera ku rupfu rw’umugabo wasanzwe mu rugo rw’umugore yapfuye, abaturage bakeka ko yari yagiye gusambana

Abaturage bo mu Mudugudu wa Nyagisozi, Akagari ka Kiniha mu Murenge wa Bwishyura mu Karere ka Karongi bakanguwe n’urupfu rw’umugabo w’imyaka 54 wo mu Karere ka Nyamasheke, wasanzwe yapfiriye mu …

Karongi: Amayobera ku rupfu rw’umugabo wasanzwe mu rugo rw’umugore yapfuye, abaturage bakeka ko yari yagiye gusambana Read More

Impaka zikomeje kwiyongera kubera igihano gikakaye cyahawe Umwana w’imyaka 7 azira Gusambanya mugenzi we

Ababyeyi, abarimu n’abaharanira uburenganzira bw’abana bakomeje gutungurwa n’itangazo ryasohowe n’ubuyobozi bw’ishuri rya Ecofo Sagesse Kabere ryo muri Komini Mugina, nyuma y’aho umwana w’imyaka irindwi y’amavuko yirukanwe burundu azira ibyo yashinjwe …

Impaka zikomeje kwiyongera kubera igihano gikakaye cyahawe Umwana w’imyaka 7 azira Gusambanya mugenzi we Read More