Kigali: Urukiko rwakatiye igifungo umugore w’imyaka 45 wari ukurikiranweho kwica umugabo we amunize.

Urukiko Rwisumbuye rwa Gasabo rwakatiye igifungo cya burundu umugore w’imyaka 45 wahamijwe icyaha cy’ubwicanyi, nyuma yo gukurikiranwa ku rupfu rw’umugabo we wapfuye afite igitambaro kiziritse mu ijosi. Urubanza rwasomwe muri …

Kigali: Urukiko rwakatiye igifungo umugore w’imyaka 45 wari ukurikiranweho kwica umugabo we amunize. Read More

RIP Nyandwi Eric: Umusore w’imyaka 18 yapfuye yiyahuye abitewe n’umukobwa bakundana wamutendetse mu rukundo

Umusore w’imyaka 18 wo mu Murenge wa Nyagisozi, Akarere ka Nyanza, yapfuye yiyahuye, mu gihe inzego z’ibanze zivuga ko bikekwa ko yaba yari afite agahinda gakomeye katewe n’ibibazo by’urukundo. Nyandwi …

RIP Nyandwi Eric: Umusore w’imyaka 18 yapfuye yiyahuye abitewe n’umukobwa bakundana wamutendetse mu rukundo Read More

Umusore w’imyaka 27 yafunzwe nyuma yuko yambuye ubuzima umukobwa bakundanaga amushinja kumwanduza indwara idakira

Umusore w’imyaka hafi 27 yatawe muri yombi n’inzego z’umutekano nyuma yo gukekwaho kugira uruhare mu rupfu rw’umukobwa w’imyaka hafi 26 bari bafitanye umubano w’urukundo, mu Murenge wa Save, Akarere ka …

Umusore w’imyaka 27 yafunzwe nyuma yuko yambuye ubuzima umukobwa bakundanaga amushinja kumwanduza indwara idakira Read More

Miss Muyango Claudine na Kimenyi Yves bari mu rukiko batangiye kuburana Gatanya nyuma y’imyaka ibiri bakoze ubukwe

Urukiko rw’Ibanze rwa Gasabo ruri kuburanisha urubanza rurebana no gutandukana byemewe n’amategeko hagati ya Kimenyi Yves na Muyango Claudine, mu rubanza rwabaye mu muhezo kandi rumara igihe gito. Aba bombi, …

Miss Muyango Claudine na Kimenyi Yves bari mu rukiko batangiye kuburana Gatanya nyuma y’imyaka ibiri bakoze ubukwe Read More

RIB yafunze uwateye urushinge umukobwa w’imyaka 26 washakaga guhinduza uburyo bwo kuboneza urubyaro agahita yitaba Imana

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi Ndorimana Etienne, nyiri ivuriro ry’ibanze rya Inshuti Nyabikoni riherereye mu Karere ka Nyarugenge, nyuma y’urupfu rw’umukobwa w’imyaka 26 wapfuye nyuma yo guterwa urushinge …

RIB yafunze uwateye urushinge umukobwa w’imyaka 26 washakaga guhinduza uburyo bwo kuboneza urubyaro agahita yitaba Imana Read More

Dr. Nsanzimana yasobanuye impamvu u Rwanda rwibanze ku nzoga zitujuje ubuziranenge mbere y’itabi

Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Nsanzimana Sabin, yavuze ko ingamba zikomeye u Rwanda rwafashe mu gukumira inzoga zitujuje ubuziranenge zishingiye ku kuba inzoga zari zimaze kuba ikibazo gikomeye ku buzima, imibereho n’iterambere …

Dr. Nsanzimana yasobanuye impamvu u Rwanda rwibanze ku nzoga zitujuje ubuziranenge mbere y’itabi Read More

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko ubukangurambaga ku nzoga zitemewe bwarangiye, iteguza ibihano bikarishye ku muntu wese uzazifatanwa.

Abantu bagifite inzoga zitemewe cyangwa zitujuje ubuziranenge bagomba kuzishyikiriza inzego zibishinzwe, kuko Polisi y’u Rwanda yatangaje ko igihe cyo gukangurira abaturage kuzireka cyarangiye, hakaba hatangiye gushyirwa imbere kubahiriza amategeko no …

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko ubukangurambaga ku nzoga zitemewe bwarangiye, iteguza ibihano bikarishye ku muntu wese uzazifatanwa. Read More

Yatawe muri yombi nyuma yuko ahaye ba Afande ruswa ya Frw 7800 ngo bamwemerere kwinjira mu gisirikare.

Umusore w’imyaka 20 wo muri Uganda yatawe muri yombi akekwaho kugerageza guha ba Ofisiye bane bo mu ngabo za kiriya gihugu ruswa y’amashiringi 20,000 (Frw 7,800), kugira ngo bamwemerere kwinjira …

Yatawe muri yombi nyuma yuko ahaye ba Afande ruswa ya Frw 7800 ngo bamwemerere kwinjira mu gisirikare. Read More

Umugore yihekuye akoresheje umuti w’imbeba, na we ariyahura nyuma yuko umukobwa amutwariye umugabo

Mu Karere ka Gatsibo haravugwa inkuru y’Umugore w’imyaka 36, wahaye abana be babiri umuti w’imbeba, na we arangije arawunywa, bose bahita bitaba Imana nyuma yuko umukobwa w’ikizungerezi amutwariye umugabo. Ibi …

Umugore yihekuye akoresheje umuti w’imbeba, na we ariyahura nyuma yuko umukobwa amutwariye umugabo Read More