Rwambikanye hagati ya Bebe Cool na Mutesi Jolly nyuma yuko uyu muhanzi ashyize hanze ibimenyetso bishya by’uko yamutuburiye.

Umuhanzi w’icyamamare muri Uganda, Moses Ssali wamamaye nka Bebe Cool, yatangiye gushyira hanze ibyo yita ibimenyetso bishinja Miss Mutesi Jolly wabaye Nyampinga w’u Rwanda mu 2016, kuba yaramutuburiye ndetse akanabikora …

Rwambikanye hagati ya Bebe Cool na Mutesi Jolly nyuma yuko uyu muhanzi ashyize hanze ibimenyetso bishya by’uko yamutuburiye. Read More

Isimbi Noeline yahishuye uko yacurujwe i Burayi ashinja umugabo kumukoresha mu nyungu ze

Isimbi Noeline, umwe mu Banyarwandakazi bazwi cyane ku mbuga nkoranyambaga no mu bikorwa bya filime z’abakuze, yashyize ahagaragara ubuhamya bukomeye avuga ko yajyanywe i Burayi mu buryo bushobora gufatwa nk’icuruzwa …

Isimbi Noeline yahishuye uko yacurujwe i Burayi ashinja umugabo kumukoresha mu nyungu ze Read More

Habaye Impanuka Ikomeye cyane ya Bisi itwara abagenzi yahitanye abantu 31, abandi benshi barakomereka

Abantu nibura 31 bamaze kwemezwa ko bapfuye mu mpanuka ikomeye ya bisi yabereye mu karere ka Amhara muri Ethiopia, mu gihe abandi benshi bakomeretse bamwe bikabije, nk’uko byatangajwe n’inzego z’umutekano …

Habaye Impanuka Ikomeye cyane ya Bisi itwara abagenzi yahitanye abantu 31, abandi benshi barakomereka Read More

Kigali: Umugabo yitabye Imana nyuma yo kurya Inyama yitwa Nyash yari yasizwe n’Undi.

Agahinda n’akababaro byabaye byinshi mu baturage bo mu Murenge wa Kinyinya mu Karere ka Gasabo nyuma y’urupfu rutunguranye rw’umugabo wapfuye anizwe n’inyama yari yasigaye ku isahani yari yasizweho n’undi mukiriya …

Kigali: Umugabo yitabye Imana nyuma yo kurya Inyama yitwa Nyash yari yasizwe n’Undi. Read More

Ibitaramenyekanye byose ku gutandukana kwa Vestine na Dorcas na M.Irénée: Ukuri kuri miliyoni 60 Frw bagomba kwishyura

Hashize iminsi mike itsinda ry’abahanzikazi baririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Vestine na Dorcas, ritangaje ko risoje ubufatanye bwari rumaze imyaka itanu hagati yabo na MIE Entertainment Ltd yari …

Ibitaramenyekanye byose ku gutandukana kwa Vestine na Dorcas na M.Irénée: Ukuri kuri miliyoni 60 Frw bagomba kwishyura Read More

Abaturage bacitse igikuba bashya ubwoba bwinshi cyane nyuma yo guhishura ubucuruzi bwa Habimana na mugenzi we.

Abaturage bo mu turere twa Mubende na Fort Portal muri Uganda bakomeje gutungurwa n’amakuru yerekeye abagabo babiri bafatiwe mu bikorwa byo gucuruza inyama z’imbwa, ibintu byateje impaka n’ubwoba mu baturage …

Abaturage bacitse igikuba bashya ubwoba bwinshi cyane nyuma yo guhishura ubucuruzi bwa Habimana na mugenzi we. Read More

Burera: Hamenyekanye icyatumye umunyeshuri yicwa na bagenzi be. Barindwi muri bo batawe muri yombi

Urupfu rw’umunyeshuri wigaga mu Ishuri Ryisumbuye rya Kagogo (ES Kagogo) ruherereye mu Murenge wa Kagogo mu Karere ka Burera rwateye agahinda n’inkeke mu baturage, nyuma y’uko amakuru agaragaza ko rwakomotse …

Burera: Hamenyekanye icyatumye umunyeshuri yicwa na bagenzi be. Barindwi muri bo batawe muri yombi Read More

Inzego z’umutekano ziri guhigisha uruhindu abagize uruhare mu kwivugana umukobwa w’imyaka 17 bamukase ijosi.

Agahinda n’akababaro byarenze urugero byafashe abaturage bo mu Mudugudu wa Kamvumba, Akagari ka Kinunga, Umurenge wa Remera mu Karere ka Ngoma, nyuma y’urupfu rw’umukobwa w’imyaka 17 wari utuye muri aka …

Inzego z’umutekano ziri guhigisha uruhindu abagize uruhare mu kwivugana umukobwa w’imyaka 17 bamukase ijosi. Read More