Amashusho ya Kirabo yateje Impaka nyuma yuko ayasabiye Imbabazi, asaba rubanda kureka kuyareba

Uyu munyamideli n’icyamamare ku mbuga nkoranyambaga ari mu bantu bavugishije benshi muri iyi minsi nyuma y’uko amashusho bivugwa ko ari aye yihariye yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga mu buryo butunguranye, ibintu …

Amashusho ya Kirabo yateje Impaka nyuma yuko ayasabiye Imbabazi, asaba rubanda kureka kuyareba Read More

Polisi y’u Rwanda yatangiye guhigisha uruhindu umugabo ukurikiranyweho kwica umugore we akamumanika mu mugozi ahetse umwana.

Abaturage bo mu Murenge wa Mushonyi mu Karere ka Rutsiro babyutse batewe ubwoba n’urupfu rw’umugore wasanzwe amanitse mu mugozi mu rugo yabagamo, mu gihe Polisi y’u Rwanda yatangiye gushakisha umugabo …

Polisi y’u Rwanda yatangiye guhigisha uruhindu umugabo ukurikiranyweho kwica umugore we akamumanika mu mugozi ahetse umwana. Read More

Umunyamakuru Sadi Habimana yatawe muri yombi mu gihe ibyabaye ku mukino wa Rayon Sports na Kiyovu Sports byose byagiye ahagaragara

Iperereza riracyakomeje ku kibazo cyatumye umunyamakuru wa siporo Sadi Habimana afungwa nyuma y’ibyabereye kuri Stade ubwo hasozwaga shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda. Sadi Habimana, umaze imyaka azwi mu itangazamakuru …

Umunyamakuru Sadi Habimana yatawe muri yombi mu gihe ibyabaye ku mukino wa Rayon Sports na Kiyovu Sports byose byagiye ahagaragara Read More

Umukozi wo mu rugo w’imyaka 19 yatorokanye nyirabuja bajya kubana nk’umugabo n’umugore. Abaturage baguye mu kantu.

Inkuru idasanzwe yakomeje kuvugisha benshi mu Karere ka Nyagatare nyuma y’aho umugore wari usanzwe afite urugo n’umugabo we afashe icyemezo cyo kurusiga akajya kubana n’umusore w’imyaka 19 wari usanzwe amukorera …

Umukozi wo mu rugo w’imyaka 19 yatorokanye nyirabuja bajya kubana nk’umugabo n’umugore. Abaturage baguye mu kantu. Read More

Kigali: Abakobwa babiri basuye Umusore bakorana urukundo rwo mu mashuka bose bajyanwa kwa muganga barembye.

Ubwoba n’amayobera bikomeje kuvugwa mu baturage batuye i Kanombe mu mujyi wa Kigali nyuma y’aho umusore wari wasuwe n’abakobwa babiri bahuriye mu byago bikomeye byatumye bose bajyanwa kwa muganga bameze …

Kigali: Abakobwa babiri basuye Umusore bakorana urukundo rwo mu mashuka bose bajyanwa kwa muganga barembye. Read More

Byagenze bite ngo Dr. Semwaga Nsabimana Frederick n’umugore we bafungwe? Ibyaha bikomeye mu gutwitira abandi

Inkuru y’itabwa muri yombi rya Dr. Semwaga Emmanuel, umuganga wari uzwi mu kuvura indwara z’abagore no gufasha ababuze urubyaro, yakomeje guteza impaka mu Rwanda nyuma y’uko dosiye ye ihuzwa n’ibikorwa …

Byagenze bite ngo Dr. Semwaga Nsabimana Frederick n’umugore we bafungwe? Ibyaha bikomeye mu gutwitira abandi Read More

“Gira vuba nigendere”: Amabanga 8 Umugabo/Umusore wese ujya kugura mukobwa wicuruza agomba kumenya mbere yo gufata icyemezo

Hari abagabo n’abasore benshi bavuga ko ibibazo byo mu ngo, amakimbirane adashira cyangwa kutumvikana n’abo bashakanye/bakundana bibasunikira kujya bamara igihe kinini mu tubari no gushaka abagore b’igihe gito, bamwe bakaba …

“Gira vuba nigendere”: Amabanga 8 Umugabo/Umusore wese ujya kugura mukobwa wicuruza agomba kumenya mbere yo gufata icyemezo Read More

Karongi: Amayobera ku rupfu rw’umugabo wasanzwe mu rugo rw’umugore yapfuye, abaturage bakeka ko yari yagiye gusambana

Abaturage bo mu Mudugudu wa Nyagisozi, Akagari ka Kiniha mu Murenge wa Bwishyura mu Karere ka Karongi bakanguwe n’urupfu rw’umugabo w’imyaka 54 wo mu Karere ka Nyamasheke, wasanzwe yapfiriye mu …

Karongi: Amayobera ku rupfu rw’umugabo wasanzwe mu rugo rw’umugore yapfuye, abaturage bakeka ko yari yagiye gusambana Read More

Urukiko rwakatiye DJ Toxxyk wagonze Umupolisi akitaba Imana mu rubanza rwateje impaka zikomeye

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwafashe icyemezo cyari gihanzwe amaso n’abatari bake nyuma yo gukatira Shema Arnaud de Bosscher uzwi cyane nka DJ Toxxyk igifungo cy’umwaka n’amezi atandatu ndetse no kwishyura …

Urukiko rwakatiye DJ Toxxyk wagonze Umupolisi akitaba Imana mu rubanza rwateje impaka zikomeye Read More

Ibyabaye ku mugabo wifuje kuryamana na Dj Ira uheruka guhabwa ubwenegihugu bw’u Rwanda.

Iradukunda Grace Divine wamamaye nka DJ Ira yongeye kuvuga ku buzima abakobwa bakora mu myidagaduro banyuramo, agaragaza uburyo hari bamwe bagifite imyumvire ibatesha agaciro ndetse bakabafata nk’abakobwa bicuruza kubera gusa …

Ibyabaye ku mugabo wifuje kuryamana na Dj Ira uheruka guhabwa ubwenegihugu bw’u Rwanda. Read More