Agahinda ku musore w’imyaka 52 wiyahuye nyuma yo gusanga yaranduye ya ndwara idakira ntinagire urukingo

Inkuru ibabaje yavugishije benshi mu Karere ka Rutsiro, nyuma y’urupfu rw’umusore w’imyaka 52 wasanzwe yiyahuye mu nzu yabagamo wenyine, aho amakuru y’ibanze agaragaza ko ashobora kuba yarafashe icyemezo gikomeye nyuma …

Agahinda ku musore w’imyaka 52 wiyahuye nyuma yo gusanga yaranduye ya ndwara idakira ntinagire urukingo Read More

Ukuri ku makuru y’uko Ihuriro rya AFC/M23 ryafunze insengero zose z’Abanye-Congo mu bice rigenzura

Amakuru amaze iminsi akwirakwira ku mbuga nkoranyambaga no mu bitangazamakuru atangaza ko ihuriro rya AFC/M23 ryafunze insengero zose mu bice rigenzura mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yakomeje …

Ukuri ku makuru y’uko Ihuriro rya AFC/M23 ryafunze insengero zose z’Abanye-Congo mu bice rigenzura Read More

Uganda: Umwuzukuru wa Perezida Museveni yarongowe mu birori byari biryoheye ijisho. Amafoto

Ubukwe bwitabiriwe n’abanyacyubahiro batandukanye muri Uganda bwabaye ikimenyetso cy’uko imiryango ikomeye mu gihugu ikomeje guhuza imbaraga, aho Sasi Karugire, umwuzukuru wa Perezida wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni, yasezeranye n’umuhungu wa …

Uganda: Umwuzukuru wa Perezida Museveni yarongowe mu birori byari biryoheye ijisho. Amafoto Read More

Kiliziya Gatolika mu mpinduka: Cardinal Kambanda yakomoje ku bihayimana “b’aba star”, TikTok n’impaka kuri Cathédrale nshya

Mu gihe isi igenda irushaho kwihuta mu bijyanye n’ikoranabuhanga no guhindura uburyo abantu babona amakuru n’iyobokamana, Kiliziya Gatolika mu Rwanda iri gushaka uburyo bushya bwo kwegera urubyiruko rugaragara nk’aho rugenda …

Kiliziya Gatolika mu mpinduka: Cardinal Kambanda yakomoje ku bihayimana “b’aba star”, TikTok n’impaka kuri Cathédrale nshya Read More

Urukiko rwo mu gihugu cya EAC rwemeje icyemezo cyo guca imodoka ziteye nk’izaciye ibintu i Kigali.

Urukiko Rukuru rwo muri Kenya (kimwe mu bihugu bigize umuryano wa Afurika y’Iburasirazuba, EAC) rwemeje ko icyemezo cya Guverinoma cyo guhagarika gusiga amarangi akabije n’ibishushanyo byinshi ku modoka zitwara abagenzi …

Urukiko rwo mu gihugu cya EAC rwemeje icyemezo cyo guca imodoka ziteye nk’izaciye ibintu i Kigali. Read More

Urukiko rwakatiye uwishe abanyeshuri bane mu rubanza rwasize amarira menshi n’amasomo akomeye

Urukiko Rukuru rw’i Kampala muri Uganda rwafashe umwanzuro ukomeye mu rubanza rwari rumaze iminsi rukurikiranywe n’abaturage benshi, rukatira igihano cy’urupfu Christopher Okello Onyum, nyuma yo kumuhamya icyaha cyo kwica abana …

Urukiko rwakatiye uwishe abanyeshuri bane mu rubanza rwasize amarira menshi n’amasomo akomeye Read More

RIP Nshimiye! Umusore w’imyaka 21 yitabye Imana azize impanuka ikomeye yabereye mu rugo ubwo yari aryamye

Inkuru y’akababaro yongeye kumvikana mu Karere ka Rutsiro nyuma y’uko umusore w’imyaka 21 witwa Nshimiye ahitanywe n’inkuba yamukubitiye mu nzu aryamye, mu ijoro rishyira tariki ya 30 Mata 2026. Ibi …

RIP Nshimiye! Umusore w’imyaka 21 yitabye Imana azize impanuka ikomeye yabereye mu rugo ubwo yari aryamye Read More

Umugabo w’imyaka 29 waguye agacuho ari gusambanya umukecuru w’imyaka 89 yateje uburakari bukomeye mu baturage

Ihohoterwa rishingiye ku gitsina rikomeje kuba ikibazo gihangayikishije hirya no hino ku isi, aho ibikorwa bibi byibasira n’abasaza n’abakecuru bikomeje kugaragara, bigateza impungenge ku mutekano n’uburenganzira bw’abaturage, by’umwihariko abari mu …

Umugabo w’imyaka 29 waguye agacuho ari gusambanya umukecuru w’imyaka 89 yateje uburakari bukomeye mu baturage Read More

RIB yataye muri yombi Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Mageragere

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwataye muri yombi Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Mageragere, uherereye mu Karere ka Nyarugenge, Hategekimana Silas, akurikiranyweho ibyaha bya ruswa ndetse no kumena ibanga ry’akazi. …

RIB yataye muri yombi Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Mageragere Read More

Abaturage barashwe, Leta irahakana: urujijo ku bwicanyi bwabereye ku mupaka w’u Rwanda n’u Burundi

Ku wa 29 Mata 2026, mu gace ka Mparamirundi gaherereye muri Komini Kayanza, Intara ya Butanyerera mu gihugu cy’u Burundi, havuzwe inkuru ikomeye yateje impaka n’urujijo, aho bivugwa ko Polisi …

Abaturage barashwe, Leta irahakana: urujijo ku bwicanyi bwabereye ku mupaka w’u Rwanda n’u Burundi Read More