Umugore n’Umugabo bajyanye Umujyi wa Kigali mu nkiko ku butaka bufite agaciro ka miliyari zirenga 5 Frw.

Mu gihe ibibazo by’ubutaka bikomeje kuba imwe mu nzitizi zikomeye mu iterambere ry’imijyi, umuturage witwa Isingizwe Yves n’umugore we Ihimbazwe Esther bagejeje ikirego mu nkiko barega Umujyi wa Kigali, bawushinja …

Umugore n’Umugabo bajyanye Umujyi wa Kigali mu nkiko ku butaka bufite agaciro ka miliyari zirenga 5 Frw. Read More

Kigali: Hasigaye iminsi umunani gusa yo gufotora abifuza e-Indangamuntu. NIDA yatanze ubutumwa bukomeye.

Mu gihe gahunda yo gutanga Indangamuntu koranabuhanga (e-ID) ikomeje gushyirwamo imbaraga ku rwego rw’Igihugu, ubuyobozi bw’Ikigo cy’Igihugu cy’Indangamuntu (NIDA) bwongeye kwibutsa abatuye mu Mujyi wa Kigali ko igikorwa cyo gufotora …

Kigali: Hasigaye iminsi umunani gusa yo gufotora abifuza e-Indangamuntu. NIDA yatanze ubutumwa bukomeye. Read More

Amafoto: Kigali Pelé Stadium mu isura nshya nyuma yo kuvugururwa n’ibice byayo byinshi byarahindutse.

Kigali Pelé Stadium yagarutse mu isura nshya nyuma yo kuvugururwa, ikaba yiteguye kwakira imikino ya FIFA Series 2026 izabera mu Rwanda bwa mbere. Mu kwezi kwa Gashyantare 2026 ni bwo …

Amafoto: Kigali Pelé Stadium mu isura nshya nyuma yo kuvugururwa n’ibice byayo byinshi byarahindutse. Read More

Chike yahishuye inama ikakaye yahawe na nyina ku bijyanye no gushaka: urukundo rwonyine ntiruhagije

Mu gihe ibiganiro ku rukundo n’imibanire bikomeje gufata indi ntera ku mbuga nkoranyambaga no mu bitangazamakuru, umuhanzi ukunzwe muri Nigeria, Chike, yongeye kubyutsa impaka nyuma yo gutangaza inama idasanzwe yahawe …

Chike yahishuye inama ikakaye yahawe na nyina ku bijyanye no gushaka: urukundo rwonyine ntiruhagije Read More

Umujyi wa Kigali wisobanuye ku bishyimbo biri hafi kwera byaranduwe bikazamura impaka ndende.

Mu Mujyi wa Kigali hakomeje kuvugwa cyane inkuru y’ibishyimbo byaranduwe bikiri hafi kwera, nyuma y’amafoto n’ubutumwa byakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga, bikurura impaka ndende mu baturage. Ibi byatangiye ubwo uwitwa Bagiruwubusa …

Umujyi wa Kigali wisobanuye ku bishyimbo biri hafi kwera byaranduwe bikazamura impaka ndende. Read More

Ariya ni yo masaha yo gukanguka – Perezida Kagame yakomoje ku kibazo cyo gutora Adhan byahagaritswe

Mu gihe hari hashize imyaka igera kuri ine hari impaka ku ihagarikwa ry’umuhamagaro w’Abayisilamu ujya usaba abantu kujya mu masengesho ya mu gitondo uzwi nka Adhan, Perezida wa Repubulika y’u …

Ariya ni yo masaha yo gukanguka – Perezida Kagame yakomoje ku kibazo cyo gutora Adhan byahagaritswe Read More

Inkuru y’akababaro yahindutse isomo rikomeye ku baturage, ubuyobozi bubasaba kwirinda amakimbirane n’ibiyobyabwenge

Mu Murenge wa Muyumbu, Akarere ka Rwamagana, abaturage baracyari mu gahinda katewe n’amahano aherutse kuhaba, aho abantu babiri bakekwaho kwica abo bashakanye n’umwana muto baburanishijwe mu ruhame. Ni igikorwa ubuyobozi …

Inkuru y’akababaro yahindutse isomo rikomeye ku baturage, ubuyobozi bubasaba kwirinda amakimbirane n’ibiyobyabwenge Read More