Kwizera Emelyne wamamaye mu mashusho y’ubusambanyi yasohoye andi yatumye benshi bacika ururondogoro.

Kwizera Emelyne, umwe mu bakobwa bamamaye cyane ku mbuga nkoranyambaga mu bihe bitandukanye kubera imyitwarire yagiye ivugisha benshi, yongeye kuvugisha abantu nyuma yo gutangaza ubuhamya bwe bw’ubuzima bushya avuga ko …

Kwizera Emelyne wamamaye mu mashusho y’ubusambanyi yasohoye andi yatumye benshi bacika ururondogoro. Read More

Urukiko rwahinduye itegeko ku bana b’ingimbi n’abangavu batera akabariro babyumvikanye.

Impaka ndende zari zimaze imyaka zivugwa muri Kenya ku bijyanye n’uburyo amategeko ahana ibyaha by’imibonano mpuzabitsina akoreshwa ku rubyiruko, zafashe indi ntera nyuma y’icyemezo gikomeye cyafashwe n’Urukiko Rukuru rwa Nairobi. …

Urukiko rwahinduye itegeko ku bana b’ingimbi n’abangavu batera akabariro babyumvikanye. Read More

Inzego z’umutekano z’u Rwanda zataye muri yombi abantu 73 bafashwe hifashishijwe indege zitagira abapilote.

Ikoranabuhanga rya drone rikomeje guhindura uburyo bwo guhangana n’ibyaha mu Rwanda, aho mu Karere ka Kayonza ryatumye hafatwa abantu 73 bakekwaho ibikorwa bifitanye isano no guteka Kanyanga, kuyicuruza ndetse no …

Inzego z’umutekano z’u Rwanda zataye muri yombi abantu 73 bafashwe hifashishijwe indege zitagira abapilote. Read More

Umunyamakuru Ndahiro Valens Papy yasabiwe gufungwa imyaka itanu mu rubanza rwazamuye impaka ndende

Urubanza ruregwamo umunyamakuru Ndahiro Valens Papy rwakomeje gukurura amarangamutima n’impaka mu bakurikiranira hafi umwuga w’itangazamakuru mu Rwanda, nyuma y’uko Ubushinjacyaha bumusabiye igifungo cy’imyaka itanu ndetse n’ihazabu ya miliyoni imwe n’ibihumbi …

Umunyamakuru Ndahiro Valens Papy yasabiwe gufungwa imyaka itanu mu rubanza rwazamuye impaka ndende Read More

Urujijo kuri ba bantu bakoze uburiganya bwo kwizeza urubyiruko amahirwe yo kujya kwiga muri Canada

Urubyiruko rwinshi rwo mu Rwanda rwongeye kwisanga mu gihirahiro nyuma y’amakuru yavugaga amahirwe yo kujya kwiga muri Canada, bikarangira bamwe mu bari babiteguye bafashwe bakekwaho uburiganya no gushuka abaturage. Ku …

Urujijo kuri ba bantu bakoze uburiganya bwo kwizeza urubyiruko amahirwe yo kujya kwiga muri Canada Read More

Amarira n’agahinda nyuma y’impanuka iteye ubwoba yatewe n’ikamyo yerekeza i Kigali yagize ingaruka ku buzima bw’abantu 17.

Abaturage bo mu Karere ka Muhanga babyukiye mu gahinda nyuma y’impanuka ikomeye yabereye mu Mudugudu wa Busozi, Akagari ka Kivumu, Umurenge wa Cyeza, igahitana abantu babiri abandi 15 bagakomereka bikomeye. …

Amarira n’agahinda nyuma y’impanuka iteye ubwoba yatewe n’ikamyo yerekeza i Kigali yagize ingaruka ku buzima bw’abantu 17. Read More

Ukuri ku cyihishe inyuma y’urupfu rwa Gitifu Habiyaremye wasanzwe mu mugezi yapfuye nyuma y’iminsi 10 yaraburiwe irengero

Agahinda n’urujijo bikomeje kuvugwa mu Karere ka Karongi nyuma y’aho Habiyaremye Bernard wari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Kavumu mu Murenge wa Twumba asanzwe mu mugezi yapfuye, nyuma y’iminsi 10 yaraburiwe …

Ukuri ku cyihishe inyuma y’urupfu rwa Gitifu Habiyaremye wasanzwe mu mugezi yapfuye nyuma y’iminsi 10 yaraburiwe irengero Read More

Abakobwa bagaragaye bambaye amasume muri Gare ya Nyabugogo bateje impaka batumye Polisi itanga umuburo ukomeye.

Amashusho y’abakobwa babiri bagaragaye muri Gare ya Nyabugogo bambaye amasume ndetse bafite udutambaro tw’umweru mu mutwe yakomeje gukwirakwira ku mbuga nkoranyambaga, bituma abantu benshi bayavugaho ndetse bamwe bibaza niba ibikorwa …

Abakobwa bagaragaye bambaye amasume muri Gare ya Nyabugogo bateje impaka batumye Polisi itanga umuburo ukomeye. Read More

Ubuhamya bwa ‘Slay Queen’ y’i Kigali yahuzaga abakobwa bicuruza n’ibyamamare bwazamuye impaka ndende

Mukaruziga Shakira, umugore w’Umunyarwandakazi wigeze kubaho ubuzima buhenze kandi buvugisha benshi mu bakobwa bazwi nka ‘Slay Queens’, yahishuye uburyo urugendo rwe rwo gushaka amafaranga no kubaho ubuzima bwo ku rwego …

Ubuhamya bwa ‘Slay Queen’ y’i Kigali yahuzaga abakobwa bicuruza n’ibyamamare bwazamuye impaka ndende Read More