Polisi ya Zambia yafashe Abarundi benshi mu gihe Perezida Ndayishimiye yakiriwe nk’intwari i Bujumbura nyuma yo guhabwa inshingano nshya

Mu gihe Evariste Ndayishimiye yakiriwe mu cyubahiro gikomeye n’abaturage b’i Bujumbura nyuma yo guhabwa inshingano zo kuyobora Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, ikibazo cy’Abarundi benshi bafatirwa mu mahanga, cyane cyane …

Polisi ya Zambia yafashe Abarundi benshi mu gihe Perezida Ndayishimiye yakiriwe nk’intwari i Bujumbura nyuma yo guhabwa inshingano nshya Read More

Urupfu rw’umugore wiyahuye nyuma yuko asanganye umugabo we n’umukobwa ku munsi w’abakundana rwateje impaka zikomeye

Mu Karere ka Gatsibo haravugwa inkuru yateje agahinda n’impaka nyinshi mu baturage, nyuma y’uko umugore w’imyaka 24 witwa Uwase yiyahuye ku munsi wahariwe abakundana, uzwi nka Saint Valentin, nyuma yo …

Urupfu rw’umugore wiyahuye nyuma yuko asanganye umugabo we n’umukobwa ku munsi w’abakundana rwateje impaka zikomeye Read More

Urukiko rwakatiye imyaka 20 umugabo nyuma yo gufata ku ngufu umugore we no kumutegeza abandi bagabo 72

Umugore w’Umufaransa, Gisèle Pelicot, yongeye kuvuga ku mateka ye akomeye y’ihohoterwa yakorewe n’uwahoze ari umugabo we, ashimangira ko n’ubwo urubanza rwarangiye, hari ibibazo byinshi atarabonera ibisubizo. Uyu mugore w’imyaka 74 …

Urukiko rwakatiye imyaka 20 umugabo nyuma yo gufata ku ngufu umugore we no kumutegeza abandi bagabo 72 Read More

Ubwoba ni bwinshi ku Barundi baba mu mahanga kubera ibyo batangiye gukorerwa mu gihe Perezida Ndayishimiye yatangiye kuyobora AU

Mu gihe Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yatangiye inshingano zo kuyobora Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU), Abarundi benshi baba mu mahanga, cyane cyane muri Lusaka muri Zambia, bari mu …

Ubwoba ni bwinshi ku Barundi baba mu mahanga kubera ibyo batangiye gukorerwa mu gihe Perezida Ndayishimiye yatangiye kuyobora AU Read More

Yunguka ibihumbi 300 ku munsi: Umworozi woroye ingurube zirenga 900 ushaka no kubaka uruganda yatunguye benshi. Amafoto

Mu gihe ubworozi bukomeje kugaragara nk’imwe mu nkingi z’iterambere ry’ubuhinzi n’ubukungu bw’u Rwanda, Ruzagiriza Francis utuye mu Karere ka Kayonza ari mu borozi b’intangarugero bageze ku rwego rushimishije mu bworozi …

Yunguka ibihumbi 300 ku munsi: Umworozi woroye ingurube zirenga 900 ushaka no kubaka uruganda yatunguye benshi. Amafoto Read More

‘Balthazar’ w’Umurusiya ari guhigishwa uruhindu nyuma yo gusambanya abagore benshi muri Afurika no kubafata amashusho

Umugabo w’Umurusiya wahimbwe akazina ka “Balthazar” kubera ibikorwa bye, ari gushakishwa n’inzego z’umutekano mu bihugu bitandukanye bya Afurika nyuma yo gukekwaho gusambanya abagore n’abakobwa benshi, akabafata amashusho y’ubwambure bwabo, hanyuma …

‘Balthazar’ w’Umurusiya ari guhigishwa uruhindu nyuma yo gusambanya abagore benshi muri Afurika no kubafata amashusho Read More

Kigali: Abageni bashya baraye ku biro by’Akagari nyuma yo kubura aho kurara ku munsi w’ubukwe bwabo

Umunsi w’ubukwe wari utegerejwe n’ibyishimo n’amasezerano y’urukundo, wahindutse umunsi w’amakenga ku bageni bashya bo mu Karere ka Kamonyi, ubwo bageze i Kigali bakabura aho kurara. Abaturage bo mu Murenge wa …

Kigali: Abageni bashya baraye ku biro by’Akagari nyuma yo kubura aho kurara ku munsi w’ubukwe bwabo Read More