Ihuriro ry’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryakajije ibitero riri kugerageza kwisubiza Rubaya ku ngufu.

Imirwano yongeye kubura hagati y’ihuriro ry’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) n’abarwanyi ba AFC/M23 mu gace ka Rubaya, kari muri teritwari ya Masisi mu Ntara ya …

Ihuriro ry’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryakajije ibitero riri kugerageza kwisubiza Rubaya ku ngufu. Read More

Urupfu rw’umusirikare w’u Burundi ufite ipeti ryo hejuru wishwe na AFC/M23 rwashenguye imitima ya benshi

Umusirikare w’u Burundi, Captain Eraste Ndayishemeze, yiciwe mu mirwano ikomeje kubera mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, aho bivugwa ko yiciwe mu gitero cy’abasirikare b’u Burundi kuri AFC/M23 …

Urupfu rw’umusirikare w’u Burundi ufite ipeti ryo hejuru wishwe na AFC/M23 rwashenguye imitima ya benshi Read More

Igisubizo cya Minisitiri w’Umutekano ku bapasiteri basaba kurindwa n’abapolisi cyazamuye impaka ndende

Minisitiri w’Umutekano  yasabye Abapasiteri bakomeye mu gihugu basigaye barindwa n’abapolisi, kubireka, bakajya barindwa n’Imana. Igisubizo cya Minisitiri w’Umutekano w’Imbere mu Gihugu muri Uganda, Kahinda Otafiire, ku kibazo cy’abapasiteri basaba kurindwa …

Igisubizo cya Minisitiri w’Umutekano ku bapasiteri basaba kurindwa n’abapolisi cyazamuye impaka ndende Read More

Kigali: Ubuyobozi bw’Umujyi bwibukije abawutuye koga umubiri wose buri munsi no kwambara imyenda imeshe

Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwongeye kwibutsa abawutuye ko isuku y’umubiri ari inkingi ya mwamba mu buzima bwiza n’imibereho myiza rusange, bubasaba koga umubiri wose buri munsi bakoresheje amazi meza n’isabune, …

Kigali: Ubuyobozi bw’Umujyi bwibukije abawutuye koga umubiri wose buri munsi no kwambara imyenda imeshe Read More