Kigali: Abageni bashya baraye ku biro by’Akagari nyuma yo kubura aho kurara ku munsi w’ubukwe bwabo

Umunsi w’ubukwe wari utegerejwe n’ibyishimo n’amasezerano y’urukundo, wahindutse umunsi w’amakenga ku bageni bashya bo mu Karere ka Kamonyi, ubwo bageze i Kigali bakabura aho kurara. Abaturage bo mu Murenge wa …

Kigali: Abageni bashya baraye ku biro by’Akagari nyuma yo kubura aho kurara ku munsi w’ubukwe bwabo Read More

Rusizi: Umukobwa w’imyaka 18 afunzwe akekwaho gukomeretsa umusore wamwimye urukundo amukebesheje urwembe

Mu Karere ka Rusizi haravugwa inkuru itangaje, nyuma y’uko umukobwa w’imyaka 18 akurikiranyweho gukomeretsa umusore w’imyaka 25 akoresheje urwembe, amuziza ko yamwimye urukundo. Ibi byabereye mu Mudugudu wa Kabeza, Akagari …

Rusizi: Umukobwa w’imyaka 18 afunzwe akekwaho gukomeretsa umusore wamwimye urukundo amukebesheje urwembe Read More

Ibyo Pamella wa The Ben yagaragaje bikomeje gutitiza imbuga nkoranyambaga nyuma y’ubusabe bwa Bruce Melodie kwa Perezida Kagame

Mu gihe imyidagaduro nyarwanda ikomeje kwiyubaka no kwigaragaza nk’urwego rufite uruhare rugaragara mu mibereho y’igihugu, inkuru z’urukundo rw’ibyamamare n’ibitekerezo bigamije iterambere ry’ubuhanzi bikomeje gufata umwanya munini mu bitangazamakuru no ku …

Ibyo Pamella wa The Ben yagaragaje bikomeje gutitiza imbuga nkoranyambaga nyuma y’ubusabe bwa Bruce Melodie kwa Perezida Kagame Read More

Queen wakundanaga na Captaine Regis mu munyenga w’urukundo n’umuhanzi uri mu bakunzwe cyane mu Rwanda n’i Burundi

Amashusho aherutse gukwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga agaragaza Nizzo Kaboss, wahoze muri Urban Boys, ari kumwe na Queen Ringo, umukinnyi w’icyamamare mu sinema y’u Rwanda, yateje impaka ku bakunzi b’imyidagaduro ndetse …

Queen wakundanaga na Captaine Regis mu munyenga w’urukundo n’umuhanzi uri mu bakunzwe cyane mu Rwanda n’i Burundi Read More

Umusirikare wari uvuye mu butumwa bwo kubungabunga amahoro yishe umutoza wo muri Gym wasigaye yita ku mugore we

Abaturage b’akarere ka Umoja muri Kenya wagize agahinda kadasanzwe nyuma y’urupfu rwa Alphy Migasa, umutoza w’imyitozo ngororamubiri (gym) wari ukunzwe cyane muri ako gace. Amakuru aturuka mu baturage b’aho byabereye …

Umusirikare wari uvuye mu butumwa bwo kubungabunga amahoro yishe umutoza wo muri Gym wasigaye yita ku mugore we Read More

Abarimu 20 batawe muri yombi bazira kwigisha abana mbere yuko amasomo yongera gutangira

Mu Karere ka Jinja, abarimu 20 hamwe n’abayobozi b’amashuri batatu bafashwe n’inzego z’umutekano nyuma yo kugaragara bigisha abanyeshuri mbere y’itangira ry’umwaka w’amashuri, icyemezo kitubahirije amategeko yashyizweho n’ubuyobozi bw’igihugu. Ubuyobozi bw’akarere …

Abarimu 20 batawe muri yombi bazira kwigisha abana mbere yuko amasomo yongera gutangira Read More

Yari yaramugize umugore we: Umusore w’imyaka 23 yisanze mu maboko atari aye nyuma yo gusambanya mubyara we w’imyaka babanaga.

Mu Karere ka Rutsiro haravugwa inkuru ibabaje y’umusore w’imyaka 23 watawe muri yombi akekwaho gusambanya umwana w’imyaka icyenda wo mu muryango we wa hafi, babanaga mu rugo rumwe kwa nyirakuru …

Yari yaramugize umugore we: Umusore w’imyaka 23 yisanze mu maboko atari aye nyuma yo gusambanya mubyara we w’imyaka babanaga. Read More