Indege Itwaye Amafaranga Menshi Yakoze Impanuka Ikomeye, 15 Bahasiga Ubuzima, Abaturage Bagerageza Kuyiba

Ku mbuga nkoranyambaga no mu bitangazamakuru bitandukanye hakomeje gukwirakwira inkuru ibabaje y’impanuka y’indege yahitanye abantu 15, abandi benshi barakomereka, yavuzwe cyane muri Bolivia, mu gihe iyo ndege y’Igisirikare yari itwaye …

Indege Itwaye Amafaranga Menshi Yakoze Impanuka Ikomeye, 15 Bahasiga Ubuzima, Abaturage Bagerageza Kuyiba Read More

Harushimana wagaragaye atwaye isanduku ye n’umusaraba uriho izina rye asaba ko “bamuzura” yatawe muri yombi azira iyicwa ry’Ababikira

Inkuru y’umugabo witwa Guillaume Harushimana yongeye kugarukwaho cyane mu bitangazamakuru mpuzamahanga nyuma y’uko afatiwe mu mujyi wa Parma mu Butaliyani, akekwaho kugira uruhare rukomeye mu iyicwa ry’ababikira batatu b’Abataliyani bishwe …

Harushimana wagaragaye atwaye isanduku ye n’umusaraba uriho izina rye asaba ko “bamuzura” yatawe muri yombi azira iyicwa ry’Ababikira Read More

Urupfu rw’umugore wiyahuye nyuma yuko asanganye umugabo we n’umukobwa ku munsi w’abakundana rwateje impaka zikomeye

Mu Karere ka Gatsibo haravugwa inkuru yateje agahinda n’impaka nyinshi mu baturage, nyuma y’uko umugore w’imyaka 24 witwa Uwase yiyahuye ku munsi wahariwe abakundana, uzwi nka Saint Valentin, nyuma yo …

Urupfu rw’umugore wiyahuye nyuma yuko asanganye umugabo we n’umukobwa ku munsi w’abakundana rwateje impaka zikomeye Read More

Urukiko rwakatiye imyaka 20 umugabo nyuma yo gufata ku ngufu umugore we no kumutegeza abandi bagabo 72

Umugore w’Umufaransa, Gisèle Pelicot, yongeye kuvuga ku mateka ye akomeye y’ihohoterwa yakorewe n’uwahoze ari umugabo we, ashimangira ko n’ubwo urubanza rwarangiye, hari ibibazo byinshi atarabonera ibisubizo. Uyu mugore w’imyaka 74 …

Urukiko rwakatiye imyaka 20 umugabo nyuma yo gufata ku ngufu umugore we no kumutegeza abandi bagabo 72 Read More

Yunguka ibihumbi 300 ku munsi: Umworozi woroye ingurube zirenga 900 ushaka no kubaka uruganda yatunguye benshi. Amafoto

Mu gihe ubworozi bukomeje kugaragara nk’imwe mu nkingi z’iterambere ry’ubuhinzi n’ubukungu bw’u Rwanda, Ruzagiriza Francis utuye mu Karere ka Kayonza ari mu borozi b’intangarugero bageze ku rwego rushimishije mu bworozi …

Yunguka ibihumbi 300 ku munsi: Umworozi woroye ingurube zirenga 900 ushaka no kubaka uruganda yatunguye benshi. Amafoto Read More

‘Balthazar’ w’Umurusiya ari guhigishwa uruhindu nyuma yo gusambanya abagore benshi muri Afurika no kubafata amashusho

Umugabo w’Umurusiya wahimbwe akazina ka “Balthazar” kubera ibikorwa bye, ari gushakishwa n’inzego z’umutekano mu bihugu bitandukanye bya Afurika nyuma yo gukekwaho gusambanya abagore n’abakobwa benshi, akabafata amashusho y’ubwambure bwabo, hanyuma …

‘Balthazar’ w’Umurusiya ari guhigishwa uruhindu nyuma yo gusambanya abagore benshi muri Afurika no kubafata amashusho Read More