Imiryango irenga 600 yasizwe iheruheru n’imyuzure ikomeye yibasiye Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo

Imvura nyinshi idasanzwe iherutse kugwa mu gace ka Fungurume, komine ifite imiterere y’umujyi n’icyaro iherereye nko mu birometero 100 uvuye i Kolwezi mu Ntara ya Lualaba, yasize abaturage benshi mu …

Imiryango irenga 600 yasizwe iheruheru n’imyuzure ikomeye yibasiye Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo Read More

Ibyo Pamella wa The Ben yagaragaje bikomeje gutitiza imbuga nkoranyambaga nyuma y’ubusabe bwa Bruce Melodie kwa Perezida Kagame

Mu gihe imyidagaduro nyarwanda ikomeje kwiyubaka no kwigaragaza nk’urwego rufite uruhare rugaragara mu mibereho y’igihugu, inkuru z’urukundo rw’ibyamamare n’ibitekerezo bigamije iterambere ry’ubuhanzi bikomeje gufata umwanya munini mu bitangazamakuru no ku …

Ibyo Pamella wa The Ben yagaragaje bikomeje gutitiza imbuga nkoranyambaga nyuma y’ubusabe bwa Bruce Melodie kwa Perezida Kagame Read More

Queen wakundanaga na Captaine Regis mu munyenga w’urukundo n’umuhanzi uri mu bakunzwe cyane mu Rwanda n’i Burundi

Amashusho aherutse gukwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga agaragaza Nizzo Kaboss, wahoze muri Urban Boys, ari kumwe na Queen Ringo, umukinnyi w’icyamamare mu sinema y’u Rwanda, yateje impaka ku bakunzi b’imyidagaduro ndetse …

Queen wakundanaga na Captaine Regis mu munyenga w’urukundo n’umuhanzi uri mu bakunzwe cyane mu Rwanda n’i Burundi Read More

Ubuhamya bukomeye bwa Dr. Abimana wafunzwe azira ifoto ya Perezida Kagame bukomeje gutigisa imbuga nkoranyambaga

Iyo uganiriye n’Abanyarwanda bagendaga Umujyi wa Goma mu bihe wari ukigenzurwa n’Ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), usanga inkuru bavuga ziba zisa n’inzozi mbi. Gufungwa nta …

Ubuhamya bukomeye bwa Dr. Abimana wafunzwe azira ifoto ya Perezida Kagame bukomeje gutigisa imbuga nkoranyambaga Read More

Umusirikare wari uvuye mu butumwa bwo kubungabunga amahoro yishe umutoza wo muri Gym wasigaye yita ku mugore we

Abaturage b’akarere ka Umoja muri Kenya wagize agahinda kadasanzwe nyuma y’urupfu rwa Alphy Migasa, umutoza w’imyitozo ngororamubiri (gym) wari ukunzwe cyane muri ako gace. Amakuru aturuka mu baturage b’aho byabereye …

Umusirikare wari uvuye mu butumwa bwo kubungabunga amahoro yishe umutoza wo muri Gym wasigaye yita ku mugore we Read More

Urupfu rwa Nyiranzabamwita Phelomène wishwe bya kinyamaswa rukomeje kuzamura imbamutima benshi.

Abaturage bo mu Murenge wa Bushekeli, mu Karere ka Nyamasheke, baguye mu kantu nyuma y’urupfu rubabaje rw’umugore w’imyaka 59 wasanzwe mu muferege w’umuhanda, yishwe mu buryo bukomeye kandi buteye ubwoba, …

Urupfu rwa Nyiranzabamwita Phelomène wishwe bya kinyamaswa rukomeje kuzamura imbamutima benshi. Read More

Abarimu 20 batawe muri yombi bazira kwigisha abana mbere yuko amasomo yongera gutangira

Mu Karere ka Jinja, abarimu 20 hamwe n’abayobozi b’amashuri batatu bafashwe n’inzego z’umutekano nyuma yo kugaragara bigisha abanyeshuri mbere y’itangira ry’umwaka w’amashuri, icyemezo kitubahirije amategeko yashyizweho n’ubuyobozi bw’igihugu. Ubuyobozi bw’akarere …

Abarimu 20 batawe muri yombi bazira kwigisha abana mbere yuko amasomo yongera gutangira Read More