“Papa uranyishe, mbabarira.”- Umugabo yarumye ubugabo bw’umuhungu we kubera gufuha

Umugabo yatawe muri yombi akurikiranyweho kuruma ubugabo bw’umuhungu we kubera gufuha Mu Karere ka Ngoma, mu Murenge wa Gashanda, haravugwa inkuru itangaje kandi ibabaje yakuruye impaka mu baturage, nyuma y’uko …

“Papa uranyishe, mbabarira.”- Umugabo yarumye ubugabo bw’umuhungu we kubera gufuha Read More

Kigali: Umuhanzi uri mu bakunzwe cyane yatunguwe n’inkumi yamusabye kuyisinyira ahatagerwa na bose.

Mu gihe umuziki nyarwanda ukomeje kugenda waguka no kugera ku rwego mpuzamahanga, bamwe mu bahanzi barimo kongera kugaragaza ko bafite abafana babakunda ku buryo budasanzwe. Ni muri urwo rwego inkuru …

Kigali: Umuhanzi uri mu bakunzwe cyane yatunguwe n’inkumi yamusabye kuyisinyira ahatagerwa na bose. Read More

Inzego zishinzwe umutekano zakoze operasiyo idasanzwe ifatirwamo abantu 59 barimo n’abari bafite intwaro

Mu rwego rwo gukomeza guhashya ibyaha bihungabanya umutekano n’ituze by’abaturage, Polisi y’u Rwanda yakoze operasiyo idasanzwe mu Karere ka Muhanga, ifatirwamo abantu 59 bakekwaho ibikorwa by’ubujura, kwitwaza intwaro gakondo no …

Inzego zishinzwe umutekano zakoze operasiyo idasanzwe ifatirwamo abantu 59 barimo n’abari bafite intwaro Read More

Uburyo 4 bushya bwo gushyingura mu Rwanda: igisubizo ku kibazo cy’ubutaka n’igiciro cyo gushyingura

Mu gihe u Rwanda rukomeje guhangana n’ikibazo cy’ubutaka bugenda buba buke ugereranyije n’ubwiyongere bw’abaturage, ubuyobozi buri gutegura impinduka zikomeye mu buryo bwo gushyingura, zigamije kunoza imikoreshereze y’amarimbi no kugabanya ibiciro …

Uburyo 4 bushya bwo gushyingura mu Rwanda: igisubizo ku kibazo cy’ubutaka n’igiciro cyo gushyingura Read More

Umuganga ukurikiranyweho gusambanya ku gahato abarwayi 38 yagejejwe imbere y’urukiko

Mu gihugu cy’’u Bwongereza, umuganga w’imyaka 38 witwa Nathaniel Spencer yagejejwe imbere y’urukiko akurikiranyweho ibyaha byinshi bikomeye birimo ihohotera rishingiye ku gitsina yakoreye abarwayi benshi, barimo n’umwana utarageza ku myaka …

Umuganga ukurikiranyweho gusambanya ku gahato abarwayi 38 yagejejwe imbere y’urukiko Read More

Yinjiza arenga miliyoni 100: Umugabo uhemberwa gukora ubusa akomeje gutitiza imbuga nkoranyambaga

Mu buzima busanzwe, abantu benshi babyuka buri gitondo bagana ku kazi bafite intego imwe: gushaka imibereho. Benshi bakora imirimo igoye, bakamaramo amasaha menshi kugira ngo babone amafaranga yo kubaho no …

Yinjiza arenga miliyoni 100: Umugabo uhemberwa gukora ubusa akomeje gutitiza imbuga nkoranyambaga Read More

Abantu bane bishwe bashinjwa ko iyo basuhuje Abasore n’Abagabo, Ubugabo bwabo buhita buburirwa irengero.

Bya bintu byakomeye: Abantu bane bishwe bashinjwa ko iyo basuhuje Abasore n’Abagabo, Ubugabo bwabo buhita buburirwa irengero. Mu Ntara ya Katanga muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, hadutse inkuru zateje …

Abantu bane bishwe bashinjwa ko iyo basuhuje Abasore n’Abagabo, Ubugabo bwabo buhita buburirwa irengero. Read More

Inzego zishinzwe umutekano zafunze umusore wambuye Abanyamerika miliyari zisaga 15 Frw akoresheje urukundo

Urwego rw’ubutabera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika rwatangaje ko umugabo ukomoka muri Ghana witwa Derrick Van Yeboah yahamijwe icyaha cyo kwambura Abanyamerika amafaranga arenga miliyoni 10 z’amadolari ya Amerika, …

Inzego zishinzwe umutekano zafunze umusore wambuye Abanyamerika miliyari zisaga 15 Frw akoresheje urukundo Read More

Uru rubyiruko ruragana he? Abanyarwanda barenga ibihumbi 119 bafatiwe mu bikorwa by’ubujura

Ikibazo cy’ubujura gikomeje kugaragara mu bice bitandukanye by’u Rwanda, aho imibare mishya igaragaza ko abantu barenga ibihumbi 119 bafatiwe muri ibyo bikorwa mu gihe cy’imyaka itanu ishize. Ni imibare igaragaza …

Uru rubyiruko ruragana he? Abanyarwanda barenga ibihumbi 119 bafatiwe mu bikorwa by’ubujura Read More

RIB yataye muri yombi umugabo n’umugore bakekwaho kwambura ubuzima abantu benshi, imibiri igatabwa mu cyobo cyo mu rugo.

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, Rwanda Investigation Bureau (RIB), rwatangaje ko rwataye muri yombi umugabo witwa Ndayisaba Félicien n’umugore we Imanishimwe Rebecca batuye mu Murenge wa Mugombwa mu Karere ka Gisagara District, …

RIB yataye muri yombi umugabo n’umugore bakekwaho kwambura ubuzima abantu benshi, imibiri igatabwa mu cyobo cyo mu rugo. Read More