Urukiko rwakatiye imyaka 20 umugabo nyuma yo gufata ku ngufu umugore we no kumutegeza abandi bagabo 72

Umugore w’Umufaransa, Gisèle Pelicot, yongeye kuvuga ku mateka ye akomeye y’ihohoterwa yakorewe n’uwahoze ari umugabo we, ashimangira ko n’ubwo urubanza rwarangiye, hari ibibazo byinshi atarabonera ibisubizo. Uyu mugore w’imyaka 74 …

Urukiko rwakatiye imyaka 20 umugabo nyuma yo gufata ku ngufu umugore we no kumutegeza abandi bagabo 72 Read More

Yunguka ibihumbi 300 ku munsi: Umworozi woroye ingurube zirenga 900 ushaka no kubaka uruganda yatunguye benshi. Amafoto

Mu gihe ubworozi bukomeje kugaragara nk’imwe mu nkingi z’iterambere ry’ubuhinzi n’ubukungu bw’u Rwanda, Ruzagiriza Francis utuye mu Karere ka Kayonza ari mu borozi b’intangarugero bageze ku rwego rushimishije mu bworozi …

Yunguka ibihumbi 300 ku munsi: Umworozi woroye ingurube zirenga 900 ushaka no kubaka uruganda yatunguye benshi. Amafoto Read More

‘Balthazar’ w’Umurusiya ari guhigishwa uruhindu nyuma yo gusambanya abagore benshi muri Afurika no kubafata amashusho

Umugabo w’Umurusiya wahimbwe akazina ka “Balthazar” kubera ibikorwa bye, ari gushakishwa n’inzego z’umutekano mu bihugu bitandukanye bya Afurika nyuma yo gukekwaho gusambanya abagore n’abakobwa benshi, akabafata amashusho y’ubwambure bwabo, hanyuma …

‘Balthazar’ w’Umurusiya ari guhigishwa uruhindu nyuma yo gusambanya abagore benshi muri Afurika no kubafata amashusho Read More

Kigali: Abageni bashya baraye ku biro by’Akagari nyuma yo kubura aho kurara ku munsi w’ubukwe bwabo

Umunsi w’ubukwe wari utegerejwe n’ibyishimo n’amasezerano y’urukundo, wahindutse umunsi w’amakenga ku bageni bashya bo mu Karere ka Kamonyi, ubwo bageze i Kigali bakabura aho kurara. Abaturage bo mu Murenge wa …

Kigali: Abageni bashya baraye ku biro by’Akagari nyuma yo kubura aho kurara ku munsi w’ubukwe bwabo Read More

Umukecuru wambuwe ubuzima mu buryo bwa kinyamaswa na FARDC, FDLR n’ingabo z’u Burundi yazamuye imbamutima za benshi

Mu gitondo cyo ku itariki ya 12 Gashyantare 2026, hamenyekanye amakuru akomeye kandi yazamuye imbamutima z’abaturage bo mu gace ka Rundu, mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo. Umukecuru witwaga Elizabeth Mukuza, …

Umukecuru wambuwe ubuzima mu buryo bwa kinyamaswa na FARDC, FDLR n’ingabo z’u Burundi yazamuye imbamutima za benshi Read More

Ubuhamya bushaririye bw’Umunyarwandakazi wafashwe ku ngufu n’Abasirikare bwashenguye imitima ya benshi

Nyiramana (izina ryahinduwe), w’imyaka 36, ni umwe mu Banyarwanda 161 bamaze gutahuka mu gihugu nyuma yo kuba imyaka myinshi mu mashyamba ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC). Iyi nkuru …

Ubuhamya bushaririye bw’Umunyarwandakazi wafashwe ku ngufu n’Abasirikare bwashenguye imitima ya benshi Read More

Rusizi: Umukobwa w’imyaka 18 afunzwe akekwaho gukomeretsa umusore wamwimye urukundo amukebesheje urwembe

Mu Karere ka Rusizi haravugwa inkuru itangaje, nyuma y’uko umukobwa w’imyaka 18 akurikiranyweho gukomeretsa umusore w’imyaka 25 akoresheje urwembe, amuziza ko yamwimye urukundo. Ibi byabereye mu Mudugudu wa Kabeza, Akagari …

Rusizi: Umukobwa w’imyaka 18 afunzwe akekwaho gukomeretsa umusore wamwimye urukundo amukebesheje urwembe Read More

RDC: Abaturage bamwe bari mu marira menshi nyuma yuko Guverinoma ibatunguye ikavuga ko igiye gutangira gusenya inzu za bo.

Abaturage bo mu gace ka Fungurume, mu Ntara ya Lualaba muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), batunguwe bikomeye n’itangazo ribamenyesha ko Guverinoma igiye gusenya amazu ya bamwe muri bo, …

RDC: Abaturage bamwe bari mu marira menshi nyuma yuko Guverinoma ibatunguye ikavuga ko igiye gutangira gusenya inzu za bo. Read More