Guverinoma ya RDC yabonye intwaro nshya idasanzwe iri kwifashisha mu kwigarurira umujyi wa Goma.

Ubwiyongere bw’icyorezo cya Ebola mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwongeye gukurura impaka zikomeye hagati ya Leta y’i Kinshasa n’ihuriro AFC/M23 rigenzura Umujyi wa Goma n’ibindi bice byinshi …

Guverinoma ya RDC yabonye intwaro nshya idasanzwe iri kwifashisha mu kwigarurira umujyi wa Goma. Read More

RDC yarakariye u Rwanda nyuma y’ibyo rwakoze: Kinshasa yavuze ko binyuranyije n’amategeko mpuzamahanga

Umwuka mubi wongeye kuzamuka hagati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo nyuma y’aho Kigali ifatiye icyemezo cyo gufunga imipaka ihuza ibihugu byombi mu turere twa Rubavu na Rusizi, …

RDC yarakariye u Rwanda nyuma y’ibyo rwakoze: Kinshasa yavuze ko binyuranyije n’amategeko mpuzamahanga Read More

Uganda yafunze imipaka nyuma y’icyemezo cy’u Rwanda, mu gihe Amerika yahiye ubwoba bwinshi cyane

Ikwirakwira ry’icyorezo cya Ebola mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo no muri Uganda rikomeje guteza impungenge zikomeye mu bihugu byo mu karere no ku rwego mpuzamahanga, aho ibihugu …

Uganda yafunze imipaka nyuma y’icyemezo cy’u Rwanda, mu gihe Amerika yahiye ubwoba bwinshi cyane Read More

Amerika yahiye ubwoba bwinshi cyane mu gihe u Rwanda rwafunze indi mipaka ibiri yarwo

Ubwoba bw’icyorezo cya Ebola bukomeje gukwira mu karere k’Ibiyaga Bigari nyuma y’uko Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na Uganda byongeye kugaragaramo iyi ndwara yica vuba, ibintu byatumye u Rwanda rukaza …

Amerika yahiye ubwoba bwinshi cyane mu gihe u Rwanda rwafunze indi mipaka ibiri yarwo Read More

Ebola yongeye guhangayikisha akarere: U Rwanda rwakajije ingamba ku mupaka wa RDC nyuma y’imibare mishya ya OMS

Ubwiyongere bw’abandura Ebola muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo no muri Uganda bwakanguye ibihugu byo mu karere, aho u Rwanda rwatangaje ko rwatangiye gukaza ingamba zo gukumira iki cyorezo ku …

Ebola yongeye guhangayikisha akarere: U Rwanda rwakajije ingamba ku mupaka wa RDC nyuma y’imibare mishya ya OMS Read More

Nord-Kivu: Guverineri wa gisirikare yafashe ingamba zikomeye cyane nyuma y’icyemezo cy’u Rwanda cyo gufunga imipaka itatu iruhuza na RDC

Nord-Kivu: Guverineri wa gisirikare yafashe ingamba zikomeye cyane nyuma y’icyemezo cy’u Rwanda cyo gufunga imipaka itatu iruhuza na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo Ubwoba bw’ikwirakwira rya Ebola bukomeje gufata indi …

Nord-Kivu: Guverineri wa gisirikare yafashe ingamba zikomeye cyane nyuma y’icyemezo cy’u Rwanda cyo gufunga imipaka itatu iruhuza na RDC Read More

U Rwanda rwafunze imipaka itatu yose iruhuza na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo

U Rwanda rwafashe icyemezo cyo gufunga by’agateganyo imwe mu mipaka iruhuza na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, nyuma y’uko icyorezo cya Ebola gikomeje gukaza umurego muri iki gihugu ndetse kikagera …

U Rwanda rwafunze imipaka itatu yose iruhuza na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo Read More

Amarira n’agahinda nyuma y’impanuka iteye ubwoba yatewe n’ikamyo yerekeza i Kigali yagize ingaruka ku buzima bw’abantu 17.

Abaturage bo mu Karere ka Muhanga babyukiye mu gahinda nyuma y’impanuka ikomeye yabereye mu Mudugudu wa Busozi, Akagari ka Kivumu, Umurenge wa Cyeza, igahitana abantu babiri abandi 15 bagakomereka bikomeye. …

Amarira n’agahinda nyuma y’impanuka iteye ubwoba yatewe n’ikamyo yerekeza i Kigali yagize ingaruka ku buzima bw’abantu 17. Read More

U Rwanda rwatangiye gukaza ubwirinzi kuri Vurusi nshya yatangiye guhitana abantu benshi.

Impungenge zikomeje kwiyongera mu rwego mpuzamahanga rw’ubuzima nyuma y’uko indwara ya Hantavirus igaragaye mu buryo budasanzwe mu ntangiriro za Gicurasi 2026, aho bamwe mu bantu bari mu bwato bw’ubukerarugendo bapfuye …

U Rwanda rwatangiye gukaza ubwirinzi kuri Vurusi nshya yatangiye guhitana abantu benshi. Read More

Ukuri ku cyihishe inyuma y’urupfu rwa Gitifu Habiyaremye wasanzwe mu mugezi yapfuye nyuma y’iminsi 10 yaraburiwe irengero

Agahinda n’urujijo bikomeje kuvugwa mu Karere ka Karongi nyuma y’aho Habiyaremye Bernard wari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Kavumu mu Murenge wa Twumba asanzwe mu mugezi yapfuye, nyuma y’iminsi 10 yaraburiwe …

Ukuri ku cyihishe inyuma y’urupfu rwa Gitifu Habiyaremye wasanzwe mu mugezi yapfuye nyuma y’iminsi 10 yaraburiwe irengero Read More