“Gira vuba nigendere”: Amabanga 8 Umugabo/Umusore wese ujya kugura mukobwa wicuruza agomba kumenya mbere yo gufata icyemezo

Hari abagabo n’abasore benshi bavuga ko ibibazo byo mu ngo, amakimbirane adashira cyangwa kutumvikana n’abo bashakanye/bakundana bibasunikira kujya bamara igihe kinini mu tubari no gushaka abagore b’igihe gito, bamwe bakaba …

“Gira vuba nigendere”: Amabanga 8 Umugabo/Umusore wese ujya kugura mukobwa wicuruza agomba kumenya mbere yo gufata icyemezo Read More

Ebola yongeye guhangayikisha akarere: U Rwanda rwakajije ingamba ku mupaka wa RDC nyuma y’imibare mishya ya OMS

Ubwiyongere bw’abandura Ebola muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo no muri Uganda bwakanguye ibihugu byo mu karere, aho u Rwanda rwatangaje ko rwatangiye gukaza ingamba zo gukumira iki cyorezo ku …

Ebola yongeye guhangayikisha akarere: U Rwanda rwakajije ingamba ku mupaka wa RDC nyuma y’imibare mishya ya OMS Read More

Nord-Kivu: Guverineri wa gisirikare yafashe ingamba zikomeye cyane nyuma y’icyemezo cy’u Rwanda cyo gufunga imipaka itatu iruhuza na RDC

Nord-Kivu: Guverineri wa gisirikare yafashe ingamba zikomeye cyane nyuma y’icyemezo cy’u Rwanda cyo gufunga imipaka itatu iruhuza na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo Ubwoba bw’ikwirakwira rya Ebola bukomeje gufata indi …

Nord-Kivu: Guverineri wa gisirikare yafashe ingamba zikomeye cyane nyuma y’icyemezo cy’u Rwanda cyo gufunga imipaka itatu iruhuza na RDC Read More

Amarira n’agahinda nyuma y’impanuka iteye ubwoba yatewe n’ikamyo yerekeza i Kigali yagize ingaruka ku buzima bw’abantu 17.

Abaturage bo mu Karere ka Muhanga babyukiye mu gahinda nyuma y’impanuka ikomeye yabereye mu Mudugudu wa Busozi, Akagari ka Kivumu, Umurenge wa Cyeza, igahitana abantu babiri abandi 15 bagakomereka bikomeye. …

Amarira n’agahinda nyuma y’impanuka iteye ubwoba yatewe n’ikamyo yerekeza i Kigali yagize ingaruka ku buzima bw’abantu 17. Read More

U Rwanda rwatangiye gukaza ubwirinzi kuri Vurusi nshya yatangiye guhitana abantu benshi.

Impungenge zikomeje kwiyongera mu rwego mpuzamahanga rw’ubuzima nyuma y’uko indwara ya Hantavirus igaragaye mu buryo budasanzwe mu ntangiriro za Gicurasi 2026, aho bamwe mu bantu bari mu bwato bw’ubukerarugendo bapfuye …

U Rwanda rwatangiye gukaza ubwirinzi kuri Vurusi nshya yatangiye guhitana abantu benshi. Read More

Ukuri ku cyihishe inyuma y’urupfu rwa Gitifu Habiyaremye wasanzwe mu mugezi yapfuye nyuma y’iminsi 10 yaraburiwe irengero

Agahinda n’urujijo bikomeje kuvugwa mu Karere ka Karongi nyuma y’aho Habiyaremye Bernard wari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Kavumu mu Murenge wa Twumba asanzwe mu mugezi yapfuye, nyuma y’iminsi 10 yaraburiwe …

Ukuri ku cyihishe inyuma y’urupfu rwa Gitifu Habiyaremye wasanzwe mu mugezi yapfuye nyuma y’iminsi 10 yaraburiwe irengero Read More

Agahinda ku musore w’imyaka 52 wiyahuye nyuma yo gusanga yaranduye ya ndwara idakira ntinagire urukingo

Inkuru ibabaje yavugishije benshi mu Karere ka Rutsiro, nyuma y’urupfu rw’umusore w’imyaka 52 wasanzwe yiyahuye mu nzu yabagamo wenyine, aho amakuru y’ibanze agaragaza ko ashobora kuba yarafashe icyemezo gikomeye nyuma …

Agahinda ku musore w’imyaka 52 wiyahuye nyuma yo gusanga yaranduye ya ndwara idakira ntinagire urukingo Read More

Urukiko rwakatiye uwishe abanyeshuri bane mu rubanza rwasize amarira menshi n’amasomo akomeye

Urukiko Rukuru rw’i Kampala muri Uganda rwafashe umwanzuro ukomeye mu rubanza rwari rumaze iminsi rukurikiranywe n’abaturage benshi, rukatira igihano cy’urupfu Christopher Okello Onyum, nyuma yo kumuhamya icyaha cyo kwica abana …

Urukiko rwakatiye uwishe abanyeshuri bane mu rubanza rwasize amarira menshi n’amasomo akomeye Read More

Umuganga umwe n’ababyaza 3 bafunzwe bazira ubugome bakoreye umubyeyi wari ugiye kubyara bugateza urupfu

Abakozi bane b’Ibitaro by’Akarere ka Nyanza, barimo umuganga umwe n’ababyaza batatu, bafunzwe bakekwaho gutanga serivisi mbi ku mubyeyi wari ugiye kubyara, bikamuviramo kubura umwana we nyuma y’igihe gito avutse. Aya …

Umuganga umwe n’ababyaza 3 bafunzwe bazira ubugome bakoreye umubyeyi wari ugiye kubyara bugateza urupfu Read More