Umutwe wa Twirwaneho wavuze ku mirwano yawuhanganishije na RDF na AFC/M23, usaba ONU, AU, EU na Amerika gukora Iperereza

Umutwe wa MRDP-Twirwaneho watangaje ko amakuru amaze iminsi akwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga no mu nzego zitandukanye avuga ko habereye imirwano hagati yawo, ingabo z’u Rwanda (RDF) ndetse n’abarwanyi ba AFC/M23 …

Umutwe wa Twirwaneho wavuze ku mirwano yawuhanganishije na RDF na AFC/M23, usaba ONU, AU, EU na Amerika gukora Iperereza Read More

AFC/M23 ikoze Operasiyo idasanzwe yafatiwemo Abarwanyi babiri bafite amapeti yo hejuru barimo umuyobozi wa Wazalendo.

Operasiyo idasanzwe yayobowe na Colonel Vianney Kanyamuhanda Kazarama, usigaye ashinzwe ibikorwa by’ubukangurambaga muri AFC/M23, yageze ku musaruro ukomeye nyuma yo gufatira umwe mu bayobozi b’imitwe ya Wazalendo inatuma undi murwanyi …

AFC/M23 ikoze Operasiyo idasanzwe yafatiwemo Abarwanyi babiri bafite amapeti yo hejuru barimo umuyobozi wa Wazalendo. Read More

RDC yazanye amayeri mashya azayifasha gutsinda AFC/M23 mu ntambara yageze mu cyiciro gishya cy’urugamba?

Imirwano imaze imyaka myinshi mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ikomeje gufata indi sura, aho ubutegetsi bwa Kinshasa busa n’ubwinjiye mu cyiciro gishya cy’urugamba rutarangwa gusa no gushaka …

RDC yazanye amayeri mashya azayifasha gutsinda AFC/M23 mu ntambara yageze mu cyiciro gishya cy’urugamba? Read More

Mazutu yazamutseho frw 722: Ibiribwa n’ibicuruzwa bigiye guhenda ku masoko y’u Rwanda? Ibyo Leta yakoze.

Abanyarwanda bashobora guhura n’izamuka ry’ibiciro by’ibiribwa n’ibindi bicuruzwa ku masoko mu minsi iri imbere nyuma y’aho igiciro cya mazutu cyiyongereye ku rwego rukomeye, nubwo Leta y’u Rwanda yafashe ingamba zirimo …

Mazutu yazamutseho frw 722: Ibiribwa n’ibicuruzwa bigiye guhenda ku masoko y’u Rwanda? Ibyo Leta yakoze. Read More

Polisi y’u Rwanda yatangiye guhigisha uruhindu umugabo ukurikiranyweho kwica umugore we akamumanika mu mugozi ahetse umwana.

Abaturage bo mu Murenge wa Mushonyi mu Karere ka Rutsiro babyutse batewe ubwoba n’urupfu rw’umugore wasanzwe amanitse mu mugozi mu rugo yabagamo, mu gihe Polisi y’u Rwanda yatangiye gushakisha umugabo …

Polisi y’u Rwanda yatangiye guhigisha uruhindu umugabo ukurikiranyweho kwica umugore we akamumanika mu mugozi ahetse umwana. Read More

U Burundi bwahamagaje Ambasaderi Njebarikanuye nyuma yo guhura na Louise Mushikiwabo, Impaka zirushaho gukara

Ibibazo bya dipolomasi mu Karere k’Ibiyaga Bigari byongeye gufata indi ntera nyuma y’aho Guverinoma y’u Burundi ihamagariye mu gihugu Ambasaderi wayo mu Bufaransa, Spès-Caritas Njebarikanuye, nyuma y’iminsi ibiri gusa agiriye …

U Burundi bwahamagaje Ambasaderi Njebarikanuye nyuma yo guhura na Louise Mushikiwabo, Impaka zirushaho gukara Read More

RDC: Perezida Tshisekedi yirukanye Jenerali wa FARDC nyuma y’Igitutu cya Gen. Muhoozi Kainerugaba.

Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yafashe icyemezo gikomeye cyahinduye ubuyobozi bw’Intara ya Ituri, akuraho Lt. Gen Johnny Luboya Nkashama wari umaze imyaka itanu ayiyobora nka …

RDC: Perezida Tshisekedi yirukanye Jenerali wa FARDC nyuma y’Igitutu cya Gen. Muhoozi Kainerugaba. Read More

U Rwanda rwasubije Amerika yavuze ko ruzavana Ingabo zarwo mu Burasirazuba bwa RDC muri Nyakanga.

Guverinoma y’u Rwanda yasubije amagambo aherutse gutangazwa na Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga, Marco Rubio, wavuze ko hari icyizere cy’uko ingabo z’u Rwanda zizaba zatangiye …

U Rwanda rwasubije Amerika yavuze ko ruzavana Ingabo zarwo mu Burasirazuba bwa RDC muri Nyakanga. Read More

U Rwanda rwagaragaje inyungu zidasanzwe rwakuye mu mubano w’akadasohoka na Amerika wageze ku rwego rushya.

U Rwanda rwongeye kugaragaza icyizere rufitiye umubano warwo na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ruvuga ko ubufatanye bw’ibihugu byombi bugenda bugera ku rwego rushya rugaragaramo ikoranabuhanga rigezweho, ubushakashatsi bw’isanzure, ishoramari …

U Rwanda rwagaragaje inyungu zidasanzwe rwakuye mu mubano w’akadasohoka na Amerika wageze ku rwego rushya. Read More

Bihinduye isura muri RDC: Perezida Tshisekedi agiye kugezwa mu nkiko, hategurwa imyigaragambyo karundura.

Abatavuga rumwe n’ubutegetsi muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bakomeje kongera igitutu kuri Perezida Félix Tshisekedi nyuma y’uko ihuriro C64 ritangaje gahunda yo kumuregera mu nzego z’ubutabera no gutegura imyigaragambyo …

Bihinduye isura muri RDC: Perezida Tshisekedi agiye kugezwa mu nkiko, hategurwa imyigaragambyo karundura. Read More