U Rwanda rwatangiye gukaza ubwirinzi kuri Vurusi nshya yatangiye guhitana abantu benshi.

Impungenge zikomeje kwiyongera mu rwego mpuzamahanga rw’ubuzima nyuma y’uko indwara ya Hantavirus igaragaye mu buryo budasanzwe mu ntangiriro za Gicurasi 2026, aho bamwe mu bantu bari mu bwato bw’ubukerarugendo bapfuye …

U Rwanda rwatangiye gukaza ubwirinzi kuri Vurusi nshya yatangiye guhitana abantu benshi. Read More

Tanzania mu mazi abira nyuma yo kwanga kwakira intumwa zari zije kuyikoraho iperereza ridasanzwe.

Tanzania mu mazi abira nyuma yo kwanga kwakira intumwa zari zije kuyikoraho iperereza rikomeye cyane. Umwuka mubi hagati ya Leta ya Tanzania n’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi ukomeje gufata indi ntera …

Tanzania mu mazi abira nyuma yo kwanga kwakira intumwa zari zije kuyikoraho iperereza ridasanzwe. Read More

Ihuriro rya AFC/M23 ryikomye Amerika ku ruhare rwayo mu ntambara yo Burasirazuba bwa RDC

Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo rikomeje kugaragaza kutishimira uburyo Leta Zunze Ubumwe za Amerika iri kwitwara mu bibazo by’umutekano muke bimaze imyaka myinshi mu Burasirazuba …

Ihuriro rya AFC/M23 ryikomye Amerika ku ruhare rwayo mu ntambara yo Burasirazuba bwa RDC Read More

Ndayishimiye yazamuye impaka nyuma y’ibyo yavuze ku ngabo za FNDB muri RDC, FDLR n’ifungwa ry’imipaka

Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yongeye gukurura impaka zikomeye nyuma yo gutangaza amagambo benshi bafata nk’ukwivuguruza ku ruhare rw’ingabo z’u Burundi mu ntambara yo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi …

Ndayishimiye yazamuye impaka nyuma y’ibyo yavuze ku ngabo za FNDB muri RDC, FDLR n’ifungwa ry’imipaka Read More

Abapasiteri bapfukamye basabira imbabazi ibyo mugenzi wabo yakoreye uwarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi.

Amagambo yuzuye agahinda n’amarira yavugiwe mu muhango wo Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi wabereye mu Karere ka Rubavu, ubwo umurokotse Jenoside, Niyigena Drocella, yasangizaga abantu ubuzima bukomeye yanyuzemo mu 1994, harimo …

Abapasiteri bapfukamye basabira imbabazi ibyo mugenzi wabo yakoreye uwarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi. Read More

Ibaruwa ya Musenyeri Bigirumwami yashimagizaga Habyarimana yongeye kuzamura impaka kubera ibitarayivuzweho

Ibaruwa yiswe “Umurage w’Ukwemera” yanditswe na Musenyeri Aloys Bigirumwami wabaye Umushumba wa Diyosezi Gatolika ya Nyundo, yongeye kuvugisha abatari bake nyuma y’uko hagaragajwe amagambo akomeye yashimagizaga Juvénal Habyarimana wari umaze …

Ibaruwa ya Musenyeri Bigirumwami yashimagizaga Habyarimana yongeye kuzamura impaka kubera ibitarayivuzweho Read More

Ibyo wamenya ku mabanga y’igisirikare cya Amerika avuga ku bivejuru yari yarahishwe imyaka myinshi yashyizwe hanze

Isi yose yakangutse itunguwe n’icyemezo gikomeye cyafashwe na Leta Zunze Ubumwe za Amerika cyo gushyira hanze amabanga akomeye yari amaze imyaka myinshi avugwaho mu ibanga rikomeye, ajyanye n’ibintu biguruka mu …

Ibyo wamenya ku mabanga y’igisirikare cya Amerika avuga ku bivejuru yari yarahishwe imyaka myinshi yashyizwe hanze Read More

Amerika n’u Bushinwa Mu Ntambara Ikomeye muri RDC Yahindutse “Zahabu Nshya” y’Isi

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ikomeje kwigaragaza nk’igihugu gishobora guhindura isura y’ubukungu bw’isi mu gihe ibihugu bikomeye birwanira kugenzura umutungo kamere ukoreshwa mu ikoranabuhanga rigezweho, ingufu zisubira ndetse n’imodoka zikoresha …

Amerika n’u Bushinwa Mu Ntambara Ikomeye muri RDC Yahindutse “Zahabu Nshya” y’Isi Read More

Amerika yinjiye mu ntambara yo muri RDC, izana itegeko rishya rigiye guhindura imibanire n’u Rwanda

Ibibazo by’umutekano muke mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bikomeje gufata indi ntera ku rwego mpuzamahanga, aho Leta Zunze Ubumwe za Amerika zigaragaza ko ziteguye gukaza ingamba zo …

Amerika yinjiye mu ntambara yo muri RDC, izana itegeko rishya rigiye guhindura imibanire n’u Rwanda Read More