Umunyamakuru Ndahiro Valens Papy yasabiwe gufungwa imyaka itanu mu rubanza rwazamuye impaka ndende

Urubanza ruregwamo umunyamakuru Ndahiro Valens Papy rwakomeje gukurura amarangamutima n’impaka mu bakurikiranira hafi umwuga w’itangazamakuru mu Rwanda, nyuma y’uko Ubushinjacyaha bumusabiye igifungo cy’imyaka itanu ndetse n’ihazabu ya miliyoni imwe n’ibihumbi …

Umunyamakuru Ndahiro Valens Papy yasabiwe gufungwa imyaka itanu mu rubanza rwazamuye impaka ndende Read More

Perezida Kagame yavuze uko Afurika yamburwa ikanahanwa: “Ibihano bitangwa mu nyungu z’utanga byinshi”

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yavuze ko uburyo Afurika ifatwa ku rwego mpuzamahanga bukomeje kugaragaza akarengane, aho ibihugu bikomeye bikoresha ibihano n’igitutu mu rwego rwo kurengera inyungu zabyo …

Perezida Kagame yavuze uko Afurika yamburwa ikanahanwa: “Ibihano bitangwa mu nyungu z’utanga byinshi” Read More

AFC/M23 yahinduye Ubutasi n’Ubuyobozi bwa Gisirikare: Col. wa Twirwaneho Yasimbuye Nzenze wa M23, Sematama ahabwa inshingano nshya.

Ihuriro rya AFC/M23 rikomeje gukora impinduka zikomeye mu nzego zaryo za gisirikare n’ubuyobozi mu rwego ryo gukomeza kwagura ibikorwa byaryo mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, aho amakuru …

AFC/M23 yahinduye Ubutasi n’Ubuyobozi bwa Gisirikare: Col. wa Twirwaneho Yasimbuye Nzenze wa M23, Sematama ahabwa inshingano nshya. Read More

Manchester United yamuritse umwambaro mushya wa 2026/27, wakuruye amarangamutima y’abafana. Amafoto

Ikipe ya Manchester United yamuritse ku mugaragaro umwambaro mushya izakoresha mu mwaka w’imikino wa 2026/27, mu gikorwa cyakuruye amarangamutima y’abafana b’iyi kipe yo mu Bwongereza ndetse n’abakunzi b’umupira w’amaguru ku …

Manchester United yamuritse umwambaro mushya wa 2026/27, wakuruye amarangamutima y’abafana. Amafoto Read More

Urujijo kuri ba bantu bakoze uburiganya bwo kwizeza urubyiruko amahirwe yo kujya kwiga muri Canada

Urubyiruko rwinshi rwo mu Rwanda rwongeye kwisanga mu gihirahiro nyuma y’amakuru yavugaga amahirwe yo kujya kwiga muri Canada, bikarangira bamwe mu bari babiteguye bafashwe bakekwaho uburiganya no gushuka abaturage. Ku …

Urujijo kuri ba bantu bakoze uburiganya bwo kwizeza urubyiruko amahirwe yo kujya kwiga muri Canada Read More

Icyihishe inyuma y’Uruzinduko rwa Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda muri Uganda rwahuriranye n’urwa Tshisekedi.

Urugendo rwa Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr. Justin Nsengiyumva, muri Uganda rwabaye mu gihe akarere k’Afurika y’Iburasirazuba kari gukurikiranira hafi uburyo umubano hagati y’ibihugu bitandukanye ukomeje guhinduka, cyane cyane hagati …

Icyihishe inyuma y’Uruzinduko rwa Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda muri Uganda rwahuriranye n’urwa Tshisekedi. Read More

Amarira n’agahinda nyuma y’impanuka iteye ubwoba yatewe n’ikamyo yerekeza i Kigali yagize ingaruka ku buzima bw’abantu 17.

Abaturage bo mu Karere ka Muhanga babyukiye mu gahinda nyuma y’impanuka ikomeye yabereye mu Mudugudu wa Busozi, Akagari ka Kivumu, Umurenge wa Cyeza, igahitana abantu babiri abandi 15 bagakomereka bikomeye. …

Amarira n’agahinda nyuma y’impanuka iteye ubwoba yatewe n’ikamyo yerekeza i Kigali yagize ingaruka ku buzima bw’abantu 17. Read More

Tshisekedi na Museveni mu mikoranire mishya nyuma ya Operation Shujaa ku nyeshyamba za ADF

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’iya Uganda bikomeje kwagura ubufatanye bwabyo mu rwego rw’umutekano, ubucuruzi n’ibikorwaremezo, mu gihe abayobozi b’ibihugu byombi biteganyijwe ko kuri uyu wa 11 Gicurasi 2026 basinyana …

Tshisekedi na Museveni mu mikoranire mishya nyuma ya Operation Shujaa ku nyeshyamba za ADF Read More