Ihuriro rya AFC/M23 yikomye Amerika nyuma y’igitero cya drone za FARDC cyishe benshi muri Masisi

Umuhuzabikorwa w’ihuriro AFC/M23, Corneille Nangaa, yikomye bikomeye Leta Zunze Ubumwe za Amerika nyuma y’igitero cya drone cyagabwe n’ingabo za FARDC ku isoko rya Mushaki muri Teritwari ya Masisi, igitero cyahitanye …

Ihuriro rya AFC/M23 yikomye Amerika nyuma y’igitero cya drone za FARDC cyishe benshi muri Masisi Read More

Rwanda Premier League yaciye impaka ku gutanga ibikombe bibiri bya Shampiyona muri uyu mwaka w’imikino

Impaka zikomeje gufata intera mu bakurikiranira hafi umupira w’amaguru mu Rwanda nyuma y’uko ubuyobozi bwa Rwanda Premier League bwemeje ko uyu mwaka w’imikino wa 2025/26 uzasozwa hatanzwe ibikombe bibiri bya …

Rwanda Premier League yaciye impaka ku gutanga ibikombe bibiri bya Shampiyona muri uyu mwaka w’imikino Read More

Umusifuzi yakubtiwe ku kibuga kugeza apfuye nyuma yo gushinjwa kubogama mu mukino wari ukomeye cyane.

Umusifuzi yakubiswe kugeza apfuye nyuma yo gushinjwa kubogama mu mukino wari ukomeye cyane. Agahinda n’uburakari byafashe benshi mu bakunzi b’umupira w’amaguru muri Zambia nyuma y’urupfu rw’umusifuzi Donald Tonga wari ufite …

Umusifuzi yakubtiwe ku kibuga kugeza apfuye nyuma yo gushinjwa kubogama mu mukino wari ukomeye cyane. Read More

Akagambane ka Kayumba Nyamwasa mu rubanza rwa Eugene Gasana wahamijwe icyaha gikomeye muri Amerika.

Eugène-Richard Gasana wahoze ari Ambasaderi w’u Rwanda muri Loni ndetse akaba yaranabaye Perezida w’Akanama ka Loni gashinzwe Umutekano, ari mu bihe bikomeye nyuma yo guhamywa n’urukiko rwo muri Leta Zunze …

Akagambane ka Kayumba Nyamwasa mu rubanza rwa Eugene Gasana wahamijwe icyaha gikomeye muri Amerika. Read More

Corneille Nangaa wa AFC/M23 atangaje ko iminsi ya Tshisekedi ku butegetsi ibaze nyuma y’ubutumwa bwa Amerika

Umwuka wa politiki n’umutekano ukomeje kuzamba muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, mu gihe Leta Zunze Ubumwe za Amerika zamaganye ibitero bya drone byagabwe mu gace ka Mushaki muri Teritwari …

Corneille Nangaa wa AFC/M23 atangaje ko iminsi ya Tshisekedi ku butegetsi ibaze nyuma y’ubutumwa bwa Amerika Read More

RDC yakajije umuvuduko yagiye gusabira u Rwanda ibindi bihano nyuma y’ibyo rwafatiwe na Amerika

Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ikomeje urugamba rwa dipolomasi rugamije gushaka ko Igisirikare cy’u Rwanda (RDF) gifatirwa ibihano n’ibihugu byo mu Burengerazuba bw’Isi, nyuma y’uko Leta Zunze Ubumwe …

RDC yakajije umuvuduko yagiye gusabira u Rwanda ibindi bihano nyuma y’ibyo rwafatiwe na Amerika Read More

Hamenyekanye akayabo k’amafaranga Irahira rya Museveni ritegerejwe na benshi rizatwara

Guverinoma ya Uganda yatangaje ko yateganyije miliyari icyenda z’Amashilingi ya Uganda, asaga miliyari 3,5 z’Amafaranga y’u Rwanda, azakoreshwa mu muhango wo kurahiza Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, uherutse kongera …

Hamenyekanye akayabo k’amafaranga Irahira rya Museveni ritegerejwe na benshi rizatwara Read More

Abakobwa bagaragaye bambaye amasume muri Gare ya Nyabugogo bateje impaka batumye Polisi itanga umuburo ukomeye.

Amashusho y’abakobwa babiri bagaragaye muri Gare ya Nyabugogo bambaye amasume ndetse bafite udutambaro tw’umweru mu mutwe yakomeje gukwirakwira ku mbuga nkoranyambaga, bituma abantu benshi bayavugaho ndetse bamwe bibaza niba ibikorwa …

Abakobwa bagaragaye bambaye amasume muri Gare ya Nyabugogo bateje impaka batumye Polisi itanga umuburo ukomeye. Read More

Ibimenyetso bishya by’uko Minisitiri Bugaga yishwe. Inama idasanzwe yakozwe mbere y’iyicwa rye, n’ibyo yazize

Urupfu rwa Gabriel “Gabby” Bugaga wahoze ari Minisitiri w’Itumanaho n’Itangazamakuru mu Burundi rukomeje guteza impaka zikomeye, mu gihe amakuru mashya akomeje kujya hanze agaragaza ibimenyetso benshi bavuga ko bishimangira ko …

Ibimenyetso bishya by’uko Minisitiri Bugaga yishwe. Inama idasanzwe yakozwe mbere y’iyicwa rye, n’ibyo yazize Read More