Umunyamakuru Sadi Habimana yatawe muri yombi mu gihe ibyabaye ku mukino wa Rayon Sports na Kiyovu Sports byose byagiye ahagaragara

Iperereza riracyakomeje ku kibazo cyatumye umunyamakuru wa siporo Sadi Habimana afungwa nyuma y’ibyabereye kuri Stade ubwo hasozwaga shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda. Sadi Habimana, umaze imyaka azwi mu itangazamakuru …

Umunyamakuru Sadi Habimana yatawe muri yombi mu gihe ibyabaye ku mukino wa Rayon Sports na Kiyovu Sports byose byagiye ahagaragara Read More

Uwakiniye Manchester United yahamagawe bwa mbere mu Mavubi, Stephen Constantine asiga abavandimwe ba Mickels n’Abakinnyi bakomeye

Umutoza w’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda ‘Amavubi’, Stephen Constantine, yashyize hanze urutonde rw’abakinnyi 24 bazitabira umwiherero w’imikino ibiri ya gicuti izabera muri Maroc, hagaragaramo amazina mashya ndetse n’abakinnyi bakomeye basanzwe bamenyerewe …

Uwakiniye Manchester United yahamagawe bwa mbere mu Mavubi, Stephen Constantine asiga abavandimwe ba Mickels n’Abakinnyi bakomeye Read More

Manchester United yamuritse umwambaro mushya wa 2026/27, wakuruye amarangamutima y’abafana. Amafoto

Ikipe ya Manchester United yamuritse ku mugaragaro umwambaro mushya izakoresha mu mwaka w’imikino wa 2026/27, mu gikorwa cyakuruye amarangamutima y’abafana b’iyi kipe yo mu Bwongereza ndetse n’abakunzi b’umupira w’amaguru ku …

Manchester United yamuritse umwambaro mushya wa 2026/27, wakuruye amarangamutima y’abafana. Amafoto Read More

Rwanda Premier League yaciye impaka ku gutanga ibikombe bibiri bya Shampiyona muri uyu mwaka w’imikino

Impaka zikomeje gufata intera mu bakurikiranira hafi umupira w’amaguru mu Rwanda nyuma y’uko ubuyobozi bwa Rwanda Premier League bwemeje ko uyu mwaka w’imikino wa 2025/26 uzasozwa hatanzwe ibikombe bibiri bya …

Rwanda Premier League yaciye impaka ku gutanga ibikombe bibiri bya Shampiyona muri uyu mwaka w’imikino Read More

Umusifuzi yakubtiwe ku kibuga kugeza apfuye nyuma yo gushinjwa kubogama mu mukino wari ukomeye cyane.

Umusifuzi yakubiswe kugeza apfuye nyuma yo gushinjwa kubogama mu mukino wari ukomeye cyane. Agahinda n’uburakari byafashe benshi mu bakunzi b’umupira w’amaguru muri Zambia nyuma y’urupfu rw’umusifuzi Donald Tonga wari ufite …

Umusifuzi yakubtiwe ku kibuga kugeza apfuye nyuma yo gushinjwa kubogama mu mukino wari ukomeye cyane. Read More

“Nahitamo Amagaju cyangwa Etincelles”: Umukinnyi wa APR FC yasuzuguye Rayon Sports mbere y’umukino uzabahuza

Mu gihe Shampiyona y’u Rwanda igeze ku musozo, amarangamutima n’ihangana bikomeje gufata indi ntera mbere y’umukino utegerejwe na benshi uzahuza APR FC na Rayon Sports ku munsi wa 29, uteganyijwe …

“Nahitamo Amagaju cyangwa Etincelles”: Umukinnyi wa APR FC yasuzuguye Rayon Sports mbere y’umukino uzabahuza Read More

APR FC na Rayon Sports zigiye gukinira ku kibuga gito cya Kamena mu gihe Stade Huye ikomeje kudakoreshwa

Impinduka zigaragara mu mikinire ya Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Rwanda zikomeje gufata indi ntera, aho amakipe akomeye arimo APR FC na Rayon Sports agiye gukinira ku kibuga gito cya …

APR FC na Rayon Sports zigiye gukinira ku kibuga gito cya Kamena mu gihe Stade Huye ikomeje kudakoreshwa Read More

Rutahizamu w’Amavubi yafashe icyemezo gikomeye mu buzima yambika impeta umukunzi we.

Inkuru nziza ishimangira ko ubuzima bw’abakinnyi butarangwa gusa n’intsinzi ku kibuga, ahubwo bunarangwa n’inkuru z’urukundo, yongeye kugarukwaho kuri rutahizamu w’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda Amavubi, Nshuti Innocent, wafashe icyemezo gikomeye mu …

Rutahizamu w’Amavubi yafashe icyemezo gikomeye mu buzima yambika impeta umukunzi we. Read More

RDC yongeye kwandika amateka. Nyuma y’umukino w’ishyiraniro yagarutse mu gikombe cy’Isi nyuma y’imyaka 52

Ikipe y’igihugu ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Les Léopards, yongeye kwandika amateka akomeye mu mupira w’amaguru nyuma yo kubona itike yo kuzakina Igikombe cy’Isi cya 2026, ibintu bitari byarongeye …

RDC yongeye kwandika amateka. Nyuma y’umukino w’ishyiraniro yagarutse mu gikombe cy’Isi nyuma y’imyaka 52 Read More