Guverinoma yijeje gukemura ibibazo byagaragaye mu mavugurura ya mituweli, imara impungenge abaturage batanyuzwe n’imisanzu mishya

Guverinoma y’u Rwanda yongeye gusobanurira abaturage impamvu y’amavugurura aherutse gukorwa muri gahunda y’ubwisungane mu kwivuza (mituweli), nyuma y’uko bamwe mu baturage bagaragaje impungenge ku izamuka ry’imisanzu n’uburyo yashyizweho. Mu kiganiro …

Guverinoma yijeje gukemura ibibazo byagaragaye mu mavugurura ya mituweli, imara impungenge abaturage batanyuzwe n’imisanzu mishya Read More

Afurika Yunze Ubumwe yahaye Shingiro wahoze ari Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Burundi inshingano nshya

Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU) ukomeje kongera imbaraga mu gukemura amakimbirane hagati y’ibihugu binyuze mu nzira z’amahoro, aho wahaye Ambasaderi Albert Shingiro wahoze ari Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Burundi …

Afurika Yunze Ubumwe yahaye Shingiro wahoze ari Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Burundi inshingano nshya Read More

Kigali: Hasigaye iminsi umunani gusa yo gufotora abifuza e-Indangamuntu. NIDA yatanze ubutumwa bukomeye.

Mu gihe gahunda yo gutanga Indangamuntu koranabuhanga (e-ID) ikomeje gushyirwamo imbaraga ku rwego rw’Igihugu, ubuyobozi bw’Ikigo cy’Igihugu cy’Indangamuntu (NIDA) bwongeye kwibutsa abatuye mu Mujyi wa Kigali ko igikorwa cyo gufotora …

Kigali: Hasigaye iminsi umunani gusa yo gufotora abifuza e-Indangamuntu. NIDA yatanze ubutumwa bukomeye. Read More

Uganda: Gen. Muhoozi yateguje kohereza ingabo mu ntambara na Iran mu rurego rwo gushyigikira Israel

Mu gihe umwuka w’intambara mu Burasirazuba bwo Hagati ukomeje gufata intera ishobora kugeza isi mu kaga gakomeye, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda (UPDF), Jenerali Muhoozi Kainerugaba, yashyize hanze itangazo rikomeye …

Uganda: Gen. Muhoozi yateguje kohereza ingabo mu ntambara na Iran mu rurego rwo gushyigikira Israel Read More

Chike yahishuye inama ikakaye yahawe na nyina ku bijyanye no gushaka: urukundo rwonyine ntiruhagije

Mu gihe ibiganiro ku rukundo n’imibanire bikomeje gufata indi ntera ku mbuga nkoranyambaga no mu bitangazamakuru, umuhanzi ukunzwe muri Nigeria, Chike, yongeye kubyutsa impaka nyuma yo gutangaza inama idasanzwe yahawe …

Chike yahishuye inama ikakaye yahawe na nyina ku bijyanye no gushaka: urukundo rwonyine ntiruhagije Read More

Minisitiri Biruta yashyikirije Perezida Saasou Nguesso ubutumwa bukomeye bwa Perezida Kagame

U Rwanda rukomeje ibikorwa bya dipolomasi bigamije gushimangira umubano n’ibindi bihugu no gushaka inkunga mpuzamahanga ku mukandida warwo ku buyobozi bw’Umuryango Mpuzamahanga w’Ibihugu bikoresha Ururimi rw’Igifaransa (OIF), Louise Mushikiwabo. Kuri …

Minisitiri Biruta yashyikirije Perezida Saasou Nguesso ubutumwa bukomeye bwa Perezida Kagame Read More

U Rwanda rwagaragaje impungenge ku misoro mishya ya Amerika runahishura ingaruka izagira ku bucuruzi bwa rwo

Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda, Prudence Sebahizi, yatangaje ko imisoro mishya yashyizweho na Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku bicuruzwa bituruka mu bihugu bitandukanye, igira ingaruka no ku Rwanda, ariko agaragaza ko …

U Rwanda rwagaragaje impungenge ku misoro mishya ya Amerika runahishura ingaruka izagira ku bucuruzi bwa rwo Read More

U Rwanda rwanyuranyije na Amerika na Israel ubwo Loni yemezaga ubucakara nk’icyaha ndengakamere

Inteko Rusange y’Umuryango w’Abibumbye (Loni) yafashe umwanzuro ukomeye mu mateka, wemeza ko ubucakara bwakorewe Abanyafurika mu bucuruzi bwambukaga inyanja ya Atlantique ari “icyaha ndengakamere kiruta ibindi byibasiye inyokomuntu,” mu gihe …

U Rwanda rwanyuranyije na Amerika na Israel ubwo Loni yemezaga ubucakara nk’icyaha ndengakamere Read More

RDC: Abayobozi n’abaturage bo mu duce AFC/M23 yakuyemo ingabo batangiye gukorerwa ibya kinyamaswa

Mu gihe hari icyizere cyari cyatangiye kugaragara ko intambara yo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ishobora kugana ku musozo, amakuru mashya ava muri Teritwari ya Lubero aragaragaza …

RDC: Abayobozi n’abaturage bo mu duce AFC/M23 yakuyemo ingabo batangiye gukorerwa ibya kinyamaswa Read More