Rwambikanye hagati ya Bebe Cool na Mutesi Jolly nyuma yuko uyu muhanzi ashyize hanze ibimenyetso bishya by’uko yamutuburiye.

Umuhanzi w’icyamamare muri Uganda, Moses Ssali wamamaye nka Bebe Cool, yatangiye gushyira hanze ibyo yita ibimenyetso bishinja Miss Mutesi Jolly wabaye Nyampinga w’u Rwanda mu 2016, kuba yaramutuburiye ndetse akanabikora …

Rwambikanye hagati ya Bebe Cool na Mutesi Jolly nyuma yuko uyu muhanzi ashyize hanze ibimenyetso bishya by’uko yamutuburiye. Read More

Kigali yabaye ihuriro ry’ibikorwa bikomeye bya EASF na EAC: U Rwanda ruri gushimangira ubufatanye bw’Akarere

Kigali yongeye kuba ihuriro ry’ibikorwa bikomeye bigamije gushimangira ubufatanye bw’ibihugu byo mu Karere ka Afurika y’Iburasirazuba, nyuma y’uko yakiriye inama ebyiri zikomeye zirebana n’umutekano, ubutabazi ndetse n’iterambere rya politiki ry’akarere. …

Kigali yabaye ihuriro ry’ibikorwa bikomeye bya EASF na EAC: U Rwanda ruri gushimangira ubufatanye bw’Akarere Read More

RDC Igeze Ahakomeye: Hatangajwe “Repubulika nshya y’Abavuga Igiswahili” muri iki gihugu. Amabendera ari gucapwa

Impaka zikomeje kuvugwa ku ihindurwa ry’Itegeko Nshinga muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zafashe indi ntera nyuma y’aho Patrick Mundeke, umwe mu bajyanama ba Moïse Katumbi Chapwe, atangaje ko mu …

RDC Igeze Ahakomeye: Hatangajwe “Repubulika nshya y’Abavuga Igiswahili” muri iki gihugu. Amabendera ari gucapwa Read More

U Rwanda rwahagaritse umushinga wokKubaka Imidugudu y’Icyitegererezo: Impamvu zatumye Leta ifata iki cyemezo.

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko yafashe icyemezo cyo guhagarika by’agateganyo gahunda yo kubaka imidugudu y’icyitegererezo yari imaze imyaka ishyirwa mu bikorwa hirya no hino mu gihugu, mu rwego rwo kongera …

U Rwanda rwahagaritse umushinga wokKubaka Imidugudu y’Icyitegererezo: Impamvu zatumye Leta ifata iki cyemezo. Read More

Gen Muhoozi yumviye umugore we yemera kurekura Lukwago wari watawe muri yombi n’ingabo zidasanzwe.

Amakuru mashya aturutse muri Uganda yagaragaje indi sura y’umubano uri hagati y’ubutegetsi, igisirikare n’abatavuga rumwe na bwo, nyuma y’aho Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, atangarije ko yafashe …

Gen Muhoozi yumviye umugore we yemera kurekura Lukwago wari watawe muri yombi n’ingabo zidasanzwe. Read More

Ibyo Perezida wa FIFA yabwiye abakinnyi ba Iran nyuma yo kwirukanwa muri Amerika ako kanya nyuma y’umukino wayo wa mbere

Ikipe y’Igihugu ya Iran iri mu zikomeje kuvugisha benshi mu Gikombe cy’Isi cya 2026 nyuma y’uko abayobozi bayo batangaje ko iri guhura n’imbogamizi zikomeye hanze y’ikibuga, zirimo gutegekwa kuva muri …

Ibyo Perezida wa FIFA yabwiye abakinnyi ba Iran nyuma yo kwirukanwa muri Amerika ako kanya nyuma y’umukino wayo wa mbere Read More

Umuhanzi Kidum ukomoka mu Burundi yaje kuneka mu Rwanda? Hamenyekanye ukuri ku gukorera inyungu za politiki kwe.

Umuhanzi w’icyamamare ukomoka mu Burundi, Nimbona Jean Pierre uzwi cyane nka Kidumu cyangwa Kibido Kibuganizo, yongeye kuvuga ku birego bimaze igihe bimuvugwaho n’abamwe mu Barundi bahungiye mu Rwanda, bavuga ko …

Umuhanzi Kidum ukomoka mu Burundi yaje kuneka mu Rwanda? Hamenyekanye ukuri ku gukorera inyungu za politiki kwe. Read More