Centrafrica: Igisirikare cyakomoje ku makuru agishinja gushaka guhirika ubutegetsi kinasaba abaturage kuba maso.

Ubuyobozi Bukuru bw’Ingabo za Repubulika ya Centrafrique (FACA) bwamaganye bwivuye inyuma amakuru amaze iminsi akwirakwira ku mbuga nkoranyambaga no mu nzego zimwe za politiki, abushinja kuba buri mu mugambi ugamije …

Centrafrica: Igisirikare cyakomoje ku makuru agishinja gushaka guhirika ubutegetsi kinasaba abaturage kuba maso. Read More

“Sindi Umunyarwanda wo kugira ibyo njya kubaza Kagame” – Uwigeze guhatanira kuba Perezida wa Repubulika

Umunyapolitiki Seth Kikuni utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yongeye gukarara ku murongo anenga Perezida Félix Tshisekedi, amushinja kuba ari we nyirabayazana w’akajagari n’ibibazo by’umutekano bimaze imyaka …

“Sindi Umunyarwanda wo kugira ibyo njya kubaza Kagame” – Uwigeze guhatanira kuba Perezida wa Repubulika Read More

Isimbi Noeline yahishuye uko yacurujwe i Burayi ashinja umugabo kumukoresha mu nyungu ze

Isimbi Noeline, umwe mu Banyarwandakazi bazwi cyane ku mbuga nkoranyambaga no mu bikorwa bya filime z’abakuze, yashyize ahagaragara ubuhamya bukomeye avuga ko yajyanywe i Burayi mu buryo bushobora gufatwa nk’icuruzwa …

Isimbi Noeline yahishuye uko yacurujwe i Burayi ashinja umugabo kumukoresha mu nyungu ze Read More

Byahinduye isura I Kinshasa: Abantu 10 bishwe, 15 baburirwa irengero, abandi 176 barakomereka bikabije. Ninde uzabatabara?

Umujyi wa Kinshasa wongeye kuba isibaniro ry’impaka za politiki nyuma y’imyigaragambyo ikomeye yamaganaga umugambi uvugwa wo guhindura Itegeko Nshinga rya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ibikorwa bivugwa ko byahitanye abantu …

Byahinduye isura I Kinshasa: Abantu 10 bishwe, 15 baburirwa irengero, abandi 176 barakomereka bikabije. Ninde uzabatabara? Read More

Uko urugomo rw’umwimukira rwateje imyigaragambyo ikomeye muri Irelande y’Amajyaruguru

Ubwoba, umujinya n’akababaro byafashe abaturage benshi bo muri Irelande y’Amajyaruguru nyuma y’igikorwa cy’urugomo gikomeye cyakozwe n’umwimukira ukomoka muri Sudani, cyakomerekeyemo bikabije umugabo witwa Stephen Ogilvie. Icyo gikorwa cyakurikiwe n’imyigaragambyo ikomeye …

Uko urugomo rw’umwimukira rwateje imyigaragambyo ikomeye muri Irelande y’Amajyaruguru Read More

Habaye Impanuka Ikomeye cyane ya Bisi itwara abagenzi yahitanye abantu 31, abandi benshi barakomereka

Abantu nibura 31 bamaze kwemezwa ko bapfuye mu mpanuka ikomeye ya bisi yabereye mu karere ka Amhara muri Ethiopia, mu gihe abandi benshi bakomeretse bamwe bikabije, nk’uko byatangajwe n’inzego z’umutekano …

Habaye Impanuka Ikomeye cyane ya Bisi itwara abagenzi yahitanye abantu 31, abandi benshi barakomereka Read More

Kigali: Umugabo yitabye Imana nyuma yo kurya Inyama yitwa Nyash yari yasizwe n’Undi.

Agahinda n’akababaro byabaye byinshi mu baturage bo mu Murenge wa Kinyinya mu Karere ka Gasabo nyuma y’urupfu rutunguranye rw’umugabo wapfuye anizwe n’inyama yari yasigaye ku isahani yari yasizweho n’undi mukiriya …

Kigali: Umugabo yitabye Imana nyuma yo kurya Inyama yitwa Nyash yari yasizwe n’Undi. Read More

Ibitaramenyekanye byose ku gutandukana kwa Vestine na Dorcas na M.Irénée: Ukuri kuri miliyoni 60 Frw bagomba kwishyura

Hashize iminsi mike itsinda ry’abahanzikazi baririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Vestine na Dorcas, ritangaje ko risoje ubufatanye bwari rumaze imyaka itanu hagati yabo na MIE Entertainment Ltd yari …

Ibitaramenyekanye byose ku gutandukana kwa Vestine na Dorcas na M.Irénée: Ukuri kuri miliyoni 60 Frw bagomba kwishyura Read More

Uwakoze inyandikomvugo y’uko Bagosora yari kuba Perezida yahishuye uko umugambi we wapfubye anavuga icyawukomye mu nkokora

Mu myaka isaga 30 ishize Jenoside yakorewe Abatutsi itangiye, bamwe mu bari bafite amakuru y’imbere mu nzego za gisirikare bakomeje gusangiza Abanyarwanda ibyakorwaga muri iyo minsi y’amage. Mu baherutse gutanga …

Uwakoze inyandikomvugo y’uko Bagosora yari kuba Perezida yahishuye uko umugambi we wapfubye anavuga icyawukomye mu nkokora Read More