Abaturage bacitse igikuba bashya ubwoba bwinshi cyane nyuma yo guhishura ubucuruzi bwa Habimana na mugenzi we.

Abaturage bo mu turere twa Mubende na Fort Portal muri Uganda bakomeje gutungurwa n’amakuru yerekeye abagabo babiri bafatiwe mu bikorwa byo gucuruza inyama z’imbwa, ibintu byateje impaka n’ubwoba mu baturage …

Abaturage bacitse igikuba bashya ubwoba bwinshi cyane nyuma yo guhishura ubucuruzi bwa Habimana na mugenzi we. Read More

Zabyaye amahari hagati ya Gen Muhoozi na Frank Gashumba kubera umugambi wo gutangiza M23 muri Uganda.

Umwuka wa politiki muri Uganda wongeye gukaza umurego nyuma y’uko Umugaba Mukuru w’Ingabo z’iki gihugu, Gen Muhoozi Kainerugaba, atangaje ko agiye kuganira na Frank Malimungu Gashumba ku magambo aherutse gutangaza …

Zabyaye amahari hagati ya Gen Muhoozi na Frank Gashumba kubera umugambi wo gutangiza M23 muri Uganda. Read More

Abasirikare ba AFC/M23 batangiye gukirigita ifaranga hamenyekanye ibyo bagiye gukorera umutwe wa FDLR

Ihuriro AFC/M23 rikomeje kugaragaza impinduka zikomeye mu mikorere yaryo no mu buryo ritegura ibikorwa by’umutekano mu bice rigenzura mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, aho ryatangaje ko ryatangiye …

Abasirikare ba AFC/M23 batangiye gukirigita ifaranga hamenyekanye ibyo bagiye gukorera umutwe wa FDLR Read More

AFC/M23 Iri Gucungana na Tshisekedi: Amakosa agiye gukora bigatuma havutse Leta nshya muri Kivu cyanga RDC ikigarurirwa yose?

Impaka za politiki muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zikomeje gufata indi ntera nyuma y’amagambo ya Perezida Félix Tshisekedi agaragaza ko amatora ateganyijwe mu mwaka wa 2028 ashobora kutaba mu …

AFC/M23 Iri Gucungana na Tshisekedi: Amakosa agiye gukora bigatuma havutse Leta nshya muri Kivu cyanga RDC ikigarurirwa yose? Read More

Burera: Hamenyekanye icyatumye umunyeshuri yicwa na bagenzi be. Barindwi muri bo batawe muri yombi

Urupfu rw’umunyeshuri wigaga mu Ishuri Ryisumbuye rya Kagogo (ES Kagogo) ruherereye mu Murenge wa Kagogo mu Karere ka Burera rwateye agahinda n’inkeke mu baturage, nyuma y’uko amakuru agaragaza ko rwakomotse …

Burera: Hamenyekanye icyatumye umunyeshuri yicwa na bagenzi be. Barindwi muri bo batawe muri yombi Read More

Ukuri ku cyihishe inyuma ya gatanya kwa Vestine na Dorcas batandukanye na MIE nyuma y’urugendo rw’imyaka isaga itanu

Inkuru y’itandukana rya Vestine na Dorcas n’inzu ifasha abahanzi ya MIE ikomeje kuvugisha benshi mu bakurikiranira hafi umuziki wo kuramya no guhimbaza Imana mu Rwanda, cyane cyane nyuma y’imyaka isaga …

Ukuri ku cyihishe inyuma ya gatanya kwa Vestine na Dorcas batandukanye na MIE nyuma y’urugendo rw’imyaka isaga itanu Read More

RDC: Ibitero bidasanzwe byahitanye benshi mu gihe Martin Fayulu arusimbutse I Kinshasa

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ikomeje kunyura mu bihe bikomeye birangwa n’umutekano muke mu Burasirazuba bw’igihugu ndetse n’umwuka mubi wa politiki mu murwa mukuru Kinshasa, ibintu bikomeje gutuma abaturage benshi …

RDC: Ibitero bidasanzwe byahitanye benshi mu gihe Martin Fayulu arusimbutse I Kinshasa Read More

Inzego z’umutekano ziri guhigisha uruhindu abagize uruhare mu kwivugana umukobwa w’imyaka 17 bamukase ijosi.

Agahinda n’akababaro byarenze urugero byafashe abaturage bo mu Mudugudu wa Kamvumba, Akagari ka Kinunga, Umurenge wa Remera mu Karere ka Ngoma, nyuma y’urupfu rw’umukobwa w’imyaka 17 wari utuye muri aka …

Inzego z’umutekano ziri guhigisha uruhindu abagize uruhare mu kwivugana umukobwa w’imyaka 17 bamukase ijosi. Read More