Umusifuzi wari ugiye kwandika amateka mu gikombe cy’Isi yirukanywe akigera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika

Amateka yari agiye kwandikwa n’umusifuzi w’Umunya-Somalia Omar Abdulkadir Artan mu Gikombe cy’Isi cya 2026 yahagaritswe mu buryo butunguranye nyuma y’uko yangiwe kwinjira muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, igihugu kimwe …

Umusifuzi wari ugiye kwandika amateka mu gikombe cy’Isi yirukanywe akigera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika Read More

Iherezo ry’Ubukwe: Ni iki SKOL izibukirwaho mu mateka ya Rayon Sports batandukanye nyuma y’imyaka 12?

Nyuma y’urugendo rwamaze imyaka 12 rwahinduye byinshi mu mikorere no mu iterambere rya Rayon Sports, uruganda rwenga ibinyobwa rwa SKOL Brewery Ltd rwatangaje ko amasezerano yarwo yo gutera inkunga iyi …

Iherezo ry’Ubukwe: Ni iki SKOL izibukirwaho mu mateka ya Rayon Sports batandukanye nyuma y’imyaka 12? Read More

Uganda: Dr. Muganga wimwe Umwanya muri Guverinoma nshya nyuma y’impaka ku bwenegihugu bwe yahishuye isano afitanye n’u Rwanda

Impaka zikomeye zimaze iminsi zivugwa muri Uganda ku bwenegihugu bw’abayobozi bamwe bashyizwe muri guverinoma zatumye Dr. Lawrence Muganga agaruka ku mateka y’umuryango we, anavuga ku rugendo rw’ubuzima bw’ababyeyi be bahunze …

Uganda: Dr. Muganga wimwe Umwanya muri Guverinoma nshya nyuma y’impaka ku bwenegihugu bwe yahishuye isano afitanye n’u Rwanda Read More

Ihuriro rya AFC/M23 ryakoze impinduka zidasanzwe kandi zihutirwa mu buyobozi no miyoborere byaryo.

Ihuriro AFC/M23 rikomeje gushyira imbaraga mu kongera gutunganya imiyoborere y’uturere n’imijyi rigenzura mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, aho kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 6 Kamena 2026 …

Ihuriro rya AFC/M23 ryakoze impinduka zidasanzwe kandi zihutirwa mu buyobozi no miyoborere byaryo. Read More

U Bubiligi bwatunguranye buvuga ku bihano bya Amerika, bwemera ko kuvana ingabo z’u Rwanda muri RDC bikwiye kujyana no gusenya FDLR

Impaka ku mutekano n’amahoro mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zikomeje gufata indi ntera nyuma y’uko Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Bubiligi, Maxime Prevot, agaragaje ko igihugu cye gishyigikiye …

U Bubiligi bwatunguranye buvuga ku bihano bya Amerika, bwemera ko kuvana ingabo z’u Rwanda muri RDC bikwiye kujyana no gusenya FDLR Read More

Umutwe wa Twirwaneho wavuze ku mirwano yawuhanganishije na RDF na AFC/M23, usaba ONU, AU, EU na Amerika gukora Iperereza

Umutwe wa MRDP-Twirwaneho watangaje ko amakuru amaze iminsi akwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga no mu nzego zitandukanye avuga ko habereye imirwano hagati yawo, ingabo z’u Rwanda (RDF) ndetse n’abarwanyi ba AFC/M23 …

Umutwe wa Twirwaneho wavuze ku mirwano yawuhanganishije na RDF na AFC/M23, usaba ONU, AU, EU na Amerika gukora Iperereza Read More

AFC/M23 ikoze Operasiyo idasanzwe yafatiwemo Abarwanyi babiri bafite amapeti yo hejuru barimo umuyobozi wa Wazalendo.

Operasiyo idasanzwe yayobowe na Colonel Vianney Kanyamuhanda Kazarama, usigaye ashinzwe ibikorwa by’ubukangurambaga muri AFC/M23, yageze ku musaruro ukomeye nyuma yo gufatira umwe mu bayobozi b’imitwe ya Wazalendo inatuma undi murwanyi …

AFC/M23 ikoze Operasiyo idasanzwe yafatiwemo Abarwanyi babiri bafite amapeti yo hejuru barimo umuyobozi wa Wazalendo. Read More

RDC yazanye amayeri mashya azayifasha gutsinda AFC/M23 mu ntambara yageze mu cyiciro gishya cy’urugamba?

Imirwano imaze imyaka myinshi mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ikomeje gufata indi sura, aho ubutegetsi bwa Kinshasa busa n’ubwinjiye mu cyiciro gishya cy’urugamba rutarangwa gusa no gushaka …

RDC yazanye amayeri mashya azayifasha gutsinda AFC/M23 mu ntambara yageze mu cyiciro gishya cy’urugamba? Read More