Ukuri ku cyihishe inyuma y’uruzinduko rudasanzwe rwa Perezida Ndayishimiye utegerejwe kwa Capitaine Traoré

Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, ategerejwe mu murwa mukuru wa Burkina Faso, Ouagadougou, mu ruzinduko rw’akazi ruri kuvugisha benshi ku mugabane wa Afurika, cyane cyane mu gihe akarere ka Sahel …

Ukuri ku cyihishe inyuma y’uruzinduko rudasanzwe rwa Perezida Ndayishimiye utegerejwe kwa Capitaine Traoré Read More

Ibya Semuhungu Eric byahinduye isura: Ibyaha bikomeye, ubuhamya bukomeye, n’iperereza rikomeje.

Inkuru ya Semuhungu Eric umaze iminsi atawe muri yombi yakomeje gukurura impaka n’ibitekerezo bitandukanye, nyuma y’uko hatangajwe ibyaha akurikiranyweho ndetse n’ibikubiye muri dosiye yagejejwe mu bushinjacyaha. Uyu mugabo akurikiranyweho ibyaha …

Ibya Semuhungu Eric byahinduye isura: Ibyaha bikomeye, ubuhamya bukomeye, n’iperereza rikomeje. Read More

Ingabo za FARDC n’abambari ba zo basutse ibisasu karundura ku barwanyi ba M23 na Twirwaneho

Ibice byinshi byo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bikomeje kuzamo umwuka mubi w’umutekano, nyuma y’uko ingabo za Leta n’abafatanyabikorwa ba zo bakomeje kugaba ibitero bikomeye mu duce …

Ingabo za FARDC n’abambari ba zo basutse ibisasu karundura ku barwanyi ba M23 na Twirwaneho Read More

Hatangiye kugaragara ibimenyetso bishya by’uko Minisitiri Bugaga yishwe na Guverinoma y’u Burundi

Ibimenyetso bikomeje kujya ahagaragara ku rupfu rwa Gabby Bugaga wahoze ari Minisitiri w’Itangazamakuru n’Itumanaho mu Burundi, birushaho gukomeza impaka n’urujijo mu baturage, mu gihe hari abemeza ko ashobora kuba yarishwe …

Hatangiye kugaragara ibimenyetso bishya by’uko Minisitiri Bugaga yishwe na Guverinoma y’u Burundi Read More

RDC: Ingabo za FARDC, Iz’u Burundi zari zigiye gusahura imyaka n’amatungo zahuye n’uruva gusenya.

Mu misozi miremire ya Minembwe, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, umutekano ukomeje kuzamba umunsi ku wundi. Ibikorwa by’ingabo za Leta bifatanyije n’ingabo …

RDC: Ingabo za FARDC, Iz’u Burundi zari zigiye gusahura imyaka n’amatungo zahuye n’uruva gusenya. Read More

Iran yemeye gufungura umuhora wa Hormuz, itanga inzira ku bucuruzi mpuzamahanga nyuma y’ibyo yakorewe na Israel

Agahenge kamaze kwemerwa hagati ya Israel na Liban katangiye gutanga icyizere ku mutekano w’ubucuruzi mpuzamahanga, cyane cyane mu bijyanye n’ikorwa ry’ingendo z’ubwato bunyura mu muhora wa Hormuz, umwe mu mihora …

Iran yemeye gufungura umuhora wa Hormuz, itanga inzira ku bucuruzi mpuzamahanga nyuma y’ibyo yakorewe na Israel Read More