Umuhanda wa gari ya moshi uhuza Afurika y’Iburasirazuba ugeze ku ntambwe nshya, ugiye kugera mu Rwanda, u Burundi na RDC

Kuri uyu wa 21 Werurwe 2026, habaye igikorwa gikomeye mu iterambere ry’ibikorwaremezo mu karere ka Afurika y’Iburasirazuba, aho Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, na Perezida wa Kenya, William Samoei …

Umuhanda wa gari ya moshi uhuza Afurika y’Iburasirazuba ugeze ku ntambwe nshya, ugiye kugera mu Rwanda, u Burundi na RDC Read More

Kapiteni w’ikipe y’igihugu ya Maroc yanze igikombe cya AFCON, ashimangira ko Sénégal ari yo yatsinze mu kibuga

Kapiteni w’ikipe y’igihugu ya Maroc, Achraf Hakimi, yatunguye benshi nyuma yo gutangaza ko atemera igikombe cya Afurika (AFCON 2026) cyahawe igihugu cye, ashimangira ko ku bwe, ikipe ya Sénégal national …

Kapiteni w’ikipe y’igihugu ya Maroc yanze igikombe cya AFCON, ashimangira ko Sénégal ari yo yatsinze mu kibuga Read More

AFC/M23 yakomoje ku kuvana ingabo za yo muri Bukavu, ishinja ubutegetsi bwa RDC gukwirakwiza ibinyoma byo kuyobya uburari

Mu gihe umutekano mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ukomeje kuba muke, ihuriro rya AFC/M23 ryongeye gutera utwatsi amakuru amaze iminsi acaracara ku mbuga nkoranyambaga arivuga ko ryafashe …

AFC/M23 yakomoje ku kuvana ingabo za yo muri Bukavu, ishinja ubutegetsi bwa RDC gukwirakwiza ibinyoma byo kuyobya uburari Read More

Impinduka mu mahame y’itorero ry’Abahamya ba Yehova bemerewe guterwa amaraso

Itorero ry’Abahamya ba Yehova ryatangaje impinduka ikomeye ku mabwiriza ryari risanzwe rikurikiza ku bijyanye no gukoresha amaraso mu buvuzi, aho ubu ryemereye abayoboke baryo kwifatira icyemezo ku ikoreshwa ry’amaraso yabo …

Impinduka mu mahame y’itorero ry’Abahamya ba Yehova bemerewe guterwa amaraso Read More

Ingabo z’u Burundi zari zivuye mu Kiliba zaguye mu gico cya AFC/M23, FARDC isohora itangazo ryavugisije benshi.

Mu gihe umutekano ukomeje kuzamba mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), amakuru mashya aravuga ko imirwano iri hagati y’ingabo za Leta n’imitwe itandukanye irimo AFC/M23-Twirwaneho ikomeje gufata …

Ingabo z’u Burundi zari zivuye mu Kiliba zaguye mu gico cya AFC/M23, FARDC isohora itangazo ryavugisije benshi. Read More

Byahinduye isura muri Uvira nyuma yuko Perezida Tshisekedi asubiyemo amakosa asa nk’ayagejeje ku ifatwa rya Goma

Mu gihe akarere k’Ibiyaga Bigari gakomeje kuba mu mwuka mubi w’umutekano muke, amakuru mashya aravuga ko umujyi wa Uvira uri mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ushobora kuba …

Byahinduye isura muri Uvira nyuma yuko Perezida Tshisekedi asubiyemo amakosa asa nk’ayagejeje ku ifatwa rya Goma Read More

Asize asohoye indirimbo zisaga 100: Umuhanzi uri mu bakunzwe cyane mu Rwanda yitabye Imana

U Rwanda ruri mu gahinda nyuma y’itabaruka ry’umuhanzi w’inararibonye Ngombwa Timothée, witabye Imana mu ijoro ryo ku wa 19 rishyira uwa 20 Werurwe 2026, asize amateka akomeye mu muziki gakondo …

Asize asohoye indirimbo zisaga 100: Umuhanzi uri mu bakunzwe cyane mu Rwanda yitabye Imana Read More