Leta Zunze Ubumwe za Amerika yokeje igitutu kidasanzwe Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo

Igitutu cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika kuri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo gikomeje kwiyongera, aho isabwa kugaragaza ibikorwa bifatika byo gusenya umutwe wa FDLR umaze imyaka myinshi uvugwaho guhungabanya …

Leta Zunze Ubumwe za Amerika yokeje igitutu kidasanzwe Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo Read More

U Rwanda rwongeye kubwiza Loni ukuri ruyihishurira ibigiye kuba muri RDC umutwe wa FDLR nudasenywa

Ibibazo by’umutekano mu karere k’Ibiyaga Bigari bikomeje gufata indi ntera, mu gihe u Rwanda rwongeye kumvikanisha ku rwego mpuzamahanga ko nta mahoro arambye ashobora kugerwaho mu gihe umutwe wa FDLR …

U Rwanda rwongeye kubwiza Loni ukuri ruyihishurira ibigiye kuba muri RDC umutwe wa FDLR nudasenywa Read More

Ukuri ku cyihishe inyuma y’urupfu rwa Minisitiri w’u Burundi wasanzwe ku nzira yitabye Imana

Urupfu rutunguranye rwa Minisitiri w’Itumanaho n’Itangazamakuru w’u Burundi, Gabby Bugaga, rwateje urujijo n’impaka zikomeye mu baturage no mu banyapolitiki, nyuma y’uko asanzwe mu modoka ye yapfuye mu buryo butarasobanuka neza, …

Ukuri ku cyihishe inyuma y’urupfu rwa Minisitiri w’u Burundi wasanzwe ku nzira yitabye Imana Read More

Ibyatangajwe na Yakutumba byateye ubwoba benshi muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo

Umwuka w’impungenge ukomeje kwiyongera mu baturage bo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, by’umwihariko mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, nyuma y’amagambo akomeye yatangajwe na William Yakutumba, umwe mu …

Ibyatangajwe na Yakutumba byateye ubwoba benshi muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo Read More

Perezida Kagame yageze muri Repubulika ya Congo: Ukuri ku cyihishe inyuma y’uruzinduko rwe rw’amateka muri iki gihugu

Perezida w’u Rwanda Paul Kagame yageze i Brazzaville ku gicamunsi cyo ku wa 15 Mata 2026, mu ruzinduko rufite uburemere budasanzwe mu mubano w’ibihugu byombi. Yakiriwe ku Kibuga Mpuzamahanga cya …

Perezida Kagame yageze muri Repubulika ya Congo: Ukuri ku cyihishe inyuma y’uruzinduko rwe rw’amateka muri iki gihugu Read More

U Rwanda rugiye gukura ingabo za rwo muri Mozambique? Ibibazo 5 bikomeye bikomeje guteza impaka ku mutekano wa Cabo Delgado

Impaka ku hazaza h’ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bwo kugarura amahoro muri Cabo Delgado zakomeje gufata indi ntera ku rwego mpuzamahanga, nyuma y’uruhererekane rw’ibyemezo bya politiki n’ubukungu byafashwe n’ibihugu …

U Rwanda rugiye gukura ingabo za rwo muri Mozambique? Ibibazo 5 bikomeye bikomeje guteza impaka ku mutekano wa Cabo Delgado Read More

Intambwe idasanzwe mu biganiro by’amahoro: Abasirikare ba AFC/M23 na FARDC bagiye guhurira mu rwego rumwe

Abahagarariye Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’umutwe wa AFC/M23 bateye indi ntambwe ikomeye igamije kugarura amahoro, aho ku nshuro ya mbere bemeranyije ku gushyiraho uburyo bushya bwo gukorana …

Intambwe idasanzwe mu biganiro by’amahoro: Abasirikare ba AFC/M23 na FARDC bagiye guhurira mu rwego rumwe Read More

U Rwanda rwasabye ubufasha Misiri mu guhangana na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.

U Rwanda rwinjiye mu kindi cyiciro cy’imbaraga za dipolomasi rugamije gushaka amajwi azafasha Louise Mushikiwabo kongera kugirirwa icyizere cyo kuyobora Umuryango w’Ibihugu bikoresha Igifaransa (OIF), mu matora ateganyijwe mu mpera …

U Rwanda rwasabye ubufasha Misiri mu guhangana na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Read More