Tanzania: Perezida Suluhu yakozwe ku mutima n’uruzinduko rwa mugenzi we wa Kenya rwageze ku ntego zikomeye

Uruzinduko rw’iminsi ibiri Perezida wa Kenya, William Ruto, yagiriye muri Tanzania rwatangiye ku wa Mbere tariki ya 04 Gicurasi 2026, rwagaragaye nk’intambwe ikomeye mu kongera kubaka umubano wari warajemo agatotsi …

Tanzania: Perezida Suluhu yakozwe ku mutima n’uruzinduko rwa mugenzi we wa Kenya rwageze ku ntego zikomeye Read More

Amakuru mashya: Inzego zishinzwe umutekano zarasiye umuntu hafi y’Ibiro bya Perezida

Ibiro by’Umukuru w’Igihugu muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika byashyizwe mu kato by’igihe gito nyuma y’ibikorwa bikomeye byo kurasana ryabereye hafi yabyo, aho umuntu witwaje intwaro yarashwe n’inzego z’umutekano mu …

Amakuru mashya: Inzego zishinzwe umutekano zarasiye umuntu hafi y’Ibiro bya Perezida Read More

Hamenyekanye ibyo Perezida Ruto yatangaje ku Rwanda mu ruzinduko rw’amateka yagiriye muri Tanzania

Perezida wa Kenya, William Ruto, yongeye kugaragaza umuhate we mu guteza imbere ihuzanzira ry’itumanaho hagati y’ibihugu byo mu karere ka Afurika y’Iburasirazuba, asaba ko hashyirwa imbaraga mu gushyira mu bikorwa …

Hamenyekanye ibyo Perezida Ruto yatangaje ku Rwanda mu ruzinduko rw’amateka yagiriye muri Tanzania Read More

Col Rugabo: “Ntituzanemera ko u Rwanda ruterwa na Ndayishimiye. Umunsi bazavuga ngo isasu rya mbere ryarashwe,…”

Colonel Rugabo Fidèle, umwe mu basirikare bakuru b’umutwe wa Twirwaneho wiyemeje kurengera Abanyamulenge batuye mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yatangaje ko batazemera na rimwe ko u Rwanda …

Col Rugabo: “Ntituzanemera ko u Rwanda ruterwa na Ndayishimiye. Umunsi bazavuga ngo isasu rya mbere ryarashwe,…” Read More

Umusore wari waburiwe irengero ku munsi w’ubukwe yabonetse, benshi batungurwa n’ibyo umugeni we yahise akora

Umusore w’imyaka 26 wo mu Karere ka Rwamagana wari umaze iminsi ashyirwa mu majwi nyuma yo kuburirwa irengero ku munsi nyir’izina w’ubukwe bwe, yongeye kuboneka ari muzima ndetse agarukana umugore …

Umusore wari waburiwe irengero ku munsi w’ubukwe yabonetse, benshi batungurwa n’ibyo umugeni we yahise akora Read More

Coup d’Etat mu Burundi? Intambara mu nzego z’umutekano yongeye kubura nyuma yo kurekurwa kwa Bunyoni

Umwuka mubi n’amakimbirane ukomeje gufata intera mu nzego z’umutekano n’iza politiki mu Burundi muri uyu mwaka wa 2026, aho amakuru atandukanye agaragaza ko igisirikare cy’u Burundi (FDNB) kiri mu bihe …

Coup d’Etat mu Burundi? Intambara mu nzego z’umutekano yongeye kubura nyuma yo kurekurwa kwa Bunyoni Read More

Nyuma y’uruzinduko rwa Perezida Kagame muri Tanzania undi muyobozi wa EAC yageze i Dar es Salaam

Ibiri kubera mu karere ka Afurika y’Iburasirazuba muri iyi minsi birerekana icyerekezo gishya cy’ubufatanye bushobora guhindura imiterere y’ubukungu, ubucuruzi n’imikoranire y’ibihugu bihuriye muri EAC. Nyuma y’uruzinduko rw’akazi Perezida Paul Kagame …

Nyuma y’uruzinduko rwa Perezida Kagame muri Tanzania undi muyobozi wa EAC yageze i Dar es Salaam Read More

Tanzania ifatiye u Burundi icyemezo agitunguranye cy’agahato nyuma y’uruzinduko rwa Perezida Kagame

Gufungwa kw’inkambi yakiraga impunzi z’Abarundi mu majyaruguru y’uburengerazuba bwa Tanzania, bikomeje guteza impungenge mu miryango mpuzamahanga no mu baharanira uburenganzira bwa muntu, mu gihe abayobozi b’ibihugu byo mu karere bakomeje …

Tanzania ifatiye u Burundi icyemezo agitunguranye cy’agahato nyuma y’uruzinduko rwa Perezida Kagame Read More

Leta y’u Rwanda igiye gusuzuma niba amafaranga y’ishuri atarutishwa uburezi n’ubumenyi bihabwa abanyeshuri.

U Rwanda rwinjiye mu gikorwa gikomeye kigamije gusesengura no kunoza ireme ry’uburezi mu mashuri makuru na kaminuza, cyane cyane mu gihe hamaze iminsi humvikana impaka ndende ku ireme ry’ubumenyi butangwa …

Leta y’u Rwanda igiye gusuzuma niba amafaranga y’ishuri atarutishwa uburezi n’ubumenyi bihabwa abanyeshuri. Read More