U Rwanda rwashyize umucyo ku cyemezo cyarwo cyateje umwuka mubi hagati yarwo na RDC, WHO itanga umuburo ukomeye.

Impungenge ku cyorezo cya Ebola zikomeje kwiyongera mu karere ka Afurika y’Iburasirazuba nyuma y’uko Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na Uganda bikomeje kugaragaramo abanduye ndetse n’abahitanwa n’iyi ndwara, mu gihe …

U Rwanda rwashyize umucyo ku cyemezo cyarwo cyateje umwuka mubi hagati yarwo na RDC, WHO itanga umuburo ukomeye. Read More

Kampala: Brig Gen Ronald Rwivanga yatangiye imirimo mishya nk’umuyobozi wa EASF atanga ubutumwa bukomeye

Brig Gen Ronald Rwivanga yatangiye ku mugaragaro inshingano nshya zo kuyobora Ingabo z’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba zishinzwe gutabara aho rukomeye, zizwi nka The Eastern Africa Standby Force (EASF), mu muhango …

Kampala: Brig Gen Ronald Rwivanga yatangiye imirimo mishya nk’umuyobozi wa EASF atanga ubutumwa bukomeye Read More

“Muri hano mushaka kurya gusa”: Perezida Ndayishimiye wirukanye Lt Col Ir. Léonidas Nibigira mu burakari bwinshi cyane amuziza inkwavu.

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yakuye ku mirimo Lt Col Ir. Léonidas Nibigira wari uyoboye ikigo cya Leta gishinzwe ibikorwa by’inyubako, OBUHA, nyuma y’uruzinduko yakoreye ahubakwa umushinga wo korora inkwavu …

“Muri hano mushaka kurya gusa”: Perezida Ndayishimiye wirukanye Lt Col Ir. Léonidas Nibigira mu burakari bwinshi cyane amuziza inkwavu. Read More

Inzego z’umutekano z’u Rwanda zataye muri yombi abantu 73 bafashwe hifashishijwe indege zitagira abapilote.

Ikoranabuhanga rya drone rikomeje guhindura uburyo bwo guhangana n’ibyaha mu Rwanda, aho mu Karere ka Kayonza ryatumye hafatwa abantu 73 bakekwaho ibikorwa bifitanye isano no guteka Kanyanga, kuyicuruza ndetse no …

Inzego z’umutekano z’u Rwanda zataye muri yombi abantu 73 bafashwe hifashishijwe indege zitagira abapilote. Read More

Guverinoma ya RDC yabonye intwaro nshya idasanzwe iri kwifashisha mu kwigarurira umujyi wa Goma.

Ubwiyongere bw’icyorezo cya Ebola mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwongeye gukurura impaka zikomeye hagati ya Leta y’i Kinshasa n’ihuriro AFC/M23 rigenzura Umujyi wa Goma n’ibindi bice byinshi …

Guverinoma ya RDC yabonye intwaro nshya idasanzwe iri kwifashisha mu kwigarurira umujyi wa Goma. Read More

RDC yarakariye u Rwanda nyuma y’ibyo rwakoze: Kinshasa yavuze ko binyuranyije n’amategeko mpuzamahanga

Umwuka mubi wongeye kuzamuka hagati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo nyuma y’aho Kigali ifatiye icyemezo cyo gufunga imipaka ihuza ibihugu byombi mu turere twa Rubavu na Rusizi, …

RDC yarakariye u Rwanda nyuma y’ibyo rwakoze: Kinshasa yavuze ko binyuranyije n’amategeko mpuzamahanga Read More

Perezida wa Mozambique yavuze iki mu gihe igihugu cye cyemeye gutanga inkunga ku ngabo z’u Rwanda ziri muri Cabo Delgado?

Perezida wa Mozambique, Daniel Francisco Chapo, yatangaje ko igihugu cye gifite ubushake bwo gukomeza ubufatanye n’u Rwanda mu rugamba rwo kurwanya iterabwoba mu ntara ya Cabo Delgado, mu gihe hafashwe …

Perezida wa Mozambique yavuze iki mu gihe igihugu cye cyemeye gutanga inkunga ku ngabo z’u Rwanda ziri muri Cabo Delgado? Read More

U Rwanda rwafashe icyemezo cya nyuma ku ngabo zarwo ziri muri Cabo Delgado nyuma yuko EU ihagaritse inkunga yazigeneraga

Amakuru manshya yatangajwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe, yakuyeho urujijo ku hazaza h’ingabo z’u Rwanda ziri mu ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique, nyuma y’amezi yari …

U Rwanda rwafashe icyemezo cya nyuma ku ngabo zarwo ziri muri Cabo Delgado nyuma yuko EU ihagaritse inkunga yazigeneraga Read More

AFC/M23 yavuye mu birindiro byinshi byayo mu gihe imirwano ikomeye yubuye hagati yayo n’ingabo za Leta ya Kinshasa

Ibice byinshi byo mu majyepfo y’Ikirwa cya Idjwi byakanguwe n’amakuru avuga ko abarwanyi ba AFC/M23 baba bavuye mu birindiro byinshi bari bafite muri ako gace, mu gihe indi mirwano mishya …

AFC/M23 yavuye mu birindiro byinshi byayo mu gihe imirwano ikomeye yubuye hagati yayo n’ingabo za Leta ya Kinshasa Read More