Ibyabaye ku mugabo wifuje kuryamana na Dj Ira uheruka guhabwa ubwenegihugu bw’u Rwanda.

Iradukunda Grace Divine wamamaye nka DJ Ira yongeye kuvuga ku buzima abakobwa bakora mu myidagaduro banyuramo, agaragaza uburyo hari bamwe bagifite imyumvire ibatesha agaciro ndetse bakabafata nk’abakobwa bicuruza kubera gusa …

Ibyabaye ku mugabo wifuje kuryamana na Dj Ira uheruka guhabwa ubwenegihugu bw’u Rwanda. Read More

Bihinduye isura: Nyuma y’u Rwanda, Uganda na yo yafunze imipaka yayo yo ku butaka n’izo mu kirere.

Uganda yafashe icyemezo gikomeye cyo gufunga inzira zose ziyihuza na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), zirimo izo ku butaka n’izo mu kirere, mu rwego rwo gukumira ikwirakwira ry’icyorezo cya …

Bihinduye isura: Nyuma y’u Rwanda, Uganda na yo yafunze imipaka yayo yo ku butaka n’izo mu kirere. Read More

AFC/M23 yatangiye gukoresha andi mayeri mashya itari isanganywe ku rugamba yazonze FARDC yigaruriye uduce tubiri tw’ingenzi

Imirwano ikomeje gufata indi ntera mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, aho abarwanyi ba AFC/M23 bakomeje guhangana n’ihuriro ry’ingabo za Leta ya Kinshasa rigizwe na FARDC, Wazalendo, FDLR …

AFC/M23 yatangiye gukoresha andi mayeri mashya itari isanganywe ku rugamba yazonze FARDC yigaruriye uduce tubiri tw’ingenzi Read More

Kwizera Emelyne wamamaye mu mashusho y’ubusambanyi yasohoye andi yatumye benshi bacika ururondogoro.

Kwizera Emelyne, umwe mu bakobwa bamamaye cyane ku mbuga nkoranyambaga mu bihe bitandukanye kubera imyitwarire yagiye ivugisha benshi, yongeye kuvugisha abantu nyuma yo gutangaza ubuhamya bwe bw’ubuzima bushya avuga ko …

Kwizera Emelyne wamamaye mu mashusho y’ubusambanyi yasohoye andi yatumye benshi bacika ururondogoro. Read More

Intambara yo kurwanya iterabwoba mu Ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique ikomeje gufata indi ntera

Intambara yo kurwanya iterabwoba mu Ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique ikomeje gufata indi ntera mu mubano wa dipolomasi n’umutekano hagati y’u Rwanda na Mozambique, mu gihe Guverinoma ya Mozambique …

Intambara yo kurwanya iterabwoba mu Ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique ikomeje gufata indi ntera Read More

Zabyaye amahari hagati ya Uganda na Leta Zunze Ubumwe za Amerika kubera Ebola imaze guhitana abarenga 130 muri RDC

Ubwiyongere bw’icyorezo cya Ebola mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ndetse n’abamaze kugaragara muri Uganda, bikomeje guteza impaka hagati ya Uganda na Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku …

Zabyaye amahari hagati ya Uganda na Leta Zunze Ubumwe za Amerika kubera Ebola imaze guhitana abarenga 130 muri RDC Read More

Ibaruwa y’Imfungwa yandikiye Perezida Ndayishimiye yatumye benshi bacika ururondogoro.

Ijwi rikomeye ry’umufungwa uri muri Gereza Nkuru ya Mpimba mu Burundi ryakomeje gukwirakwira ku mbuga nkoranyambaga no mu miryango iharanira uburenganzira bwa muntu, nyuma y’uko yandikiye Perezida w’u Burundi, Évariste …

Ibaruwa y’Imfungwa yandikiye Perezida Ndayishimiye yatumye benshi bacika ururondogoro. Read More

Urukiko rwahinduye itegeko ku bana b’ingimbi n’abangavu batera akabariro babyumvikanye.

Impaka ndende zari zimaze imyaka zivugwa muri Kenya ku bijyanye n’uburyo amategeko ahana ibyaha by’imibonano mpuzabitsina akoreshwa ku rubyiruko, zafashe indi ntera nyuma y’icyemezo gikomeye cyafashwe n’Urukiko Rukuru rwa Nairobi. …

Urukiko rwahinduye itegeko ku bana b’ingimbi n’abangavu batera akabariro babyumvikanye. Read More