Uko Perezida Habyarimana yashakaga kwica Abatutsi akazigaragaza nk’umucunguzi wa bo

Ibiganiro n’ubuhamya bitandukanye bikomeje gushyira mu mucyo uko Jenoside yakorewe Abatutsi yateguwe mu buryo bwimbitse kandi burimo amayeri menshi, aho bamwe mu bayobozi bakuru b’icyo gihe bagaragazwa nk’abari bafite imigambi …

Uko Perezida Habyarimana yashakaga kwica Abatutsi akazigaragaza nk’umucunguzi wa bo Read More

Imirwano ikaze cyane yahanganishije RDC na AFC/M23 mu gihe impande zombi zitabiriye ibiganiro bishya by’amahoro

Uurasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bukomeje kugaragara nk’akarere kari mu gihirahiro gikomeye, aho inzira z’amahoro zigeragezwa ku ruhande rumwe, mu gihe ku rundi ruhande imirwano ikomeza gufata indi …

Imirwano ikaze cyane yahanganishije RDC na AFC/M23 mu gihe impande zombi zitabiriye ibiganiro bishya by’amahoro Read More

Papa Léon XIV yasubije Perezida Trump wamwibasiye mu burakari bwinshi akanigereranya na Yezu Kristo

Umwuka mubi hagati ya Donald Trump na Papa Léon XIV ukomeje gufata indi ntera, nyuma y’uko uyu muperezida atangaje amagambo akomeye ndetse akanasakaza ifoto yakozwe n’ikoranabuhanga (AI) imugaragaza asa na …

Papa Léon XIV yasubije Perezida Trump wamwibasiye mu burakari bwinshi akanigereranya na Yezu Kristo Read More

Hamenyekanye umutego ukomeye cyane Tshisekedi na Amerika bateze AFC/M23 mu biganiro bishya byo mu Busuwisi

Amakuru mashya akomeje kujya ahagaragara agaragaza ko ibiganiro bishya biri guhuza Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’ihuriro rya AFC/M23 mu Busuwisi bishobora kuba bifite undi murongo wihishe inyuma …

Hamenyekanye umutego ukomeye cyane Tshisekedi na Amerika bateze AFC/M23 mu biganiro bishya byo mu Busuwisi Read More

Guhagarika intambara ntabirimo! Benshi batunguwe n’ingingo 3 AFC/M23 na Kinshasa bagiye kuganiraho mu Busuwisi

Icyiciro cya cyenda cy’ibiganiro hagati ya Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’impande zihuriye mu ihuriro rya AFC/M23 cyatangiye kuri uyu wa Mbere tariki ya 13 Mata, kibera mu …

Guhagarika intambara ntabirimo! Benshi batunguwe n’ingingo 3 AFC/M23 na Kinshasa bagiye kuganiraho mu Busuwisi Read More

Ibintu bikomeje gukomera: Ibiciro bya peteroli byongeye kuzamuka nyuma y’icyemezo cya burundu cyafashwe na Amerika.

Ibintu bikomeje guhindura isura ku rwego mpuzamahanga nyuma y’uko ibiganiro byari bimaze amasaha 21 hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Iran, byabereye muri Pakistan, birangiye nta mwanzuro uhamye …

Ibintu bikomeje gukomera: Ibiciro bya peteroli byongeye kuzamuka nyuma y’icyemezo cya burundu cyafashwe na Amerika. Read More

Perezida Trump yifatiye ku gahanga Papa Léon XIV mu gihe agiye gutangira uruzinduko rukomeye muri Afurika

Inkubiri y’amagambo akomeye hagati ya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump na Papa Léon XIV ikomeje gufata indi ntera, mu gihe uyu muyobozi wa Kiliziya Gatolika yitegura …

Perezida Trump yifatiye ku gahanga Papa Léon XIV mu gihe agiye gutangira uruzinduko rukomeye muri Afurika Read More

Abacuruzi b’Abashi Bashimuswe Banakorerwa ibya Kinyamaswa Bazira Kujyana Ibicuruzwa Ahatuye Abanyamulenge

Ibikorwa by’ihohoterwa rikorerwa abasivili mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bikomeje gufata indi ntera, aho amakuru ava mu gace ka Minembwe agaragaza ishusho iteye impungenge y’umutekano muke, ivangura …

Abacuruzi b’Abashi Bashimuswe Banakorerwa ibya Kinyamaswa Bazira Kujyana Ibicuruzwa Ahatuye Abanyamulenge Read More