Umuhanzikazi Marina yihanije Bad Rama nyuma y’ibyo yamuvuzeho bikazamura impaka ndende

Umuhanzikazi Marina yongeye kugaragaza kutishimira imvugo n’imyitwarire bya Bad Rama, nyuma y’uko uyu mugabo akoresheje imbuga nkoranyambaga amwita “umukobwa we” nubwo batagikorana kuva mu myaka ishize. Ibi byatangiye ubwo Bad …

Umuhanzikazi Marina yihanije Bad Rama nyuma y’ibyo yamuvuzeho bikazamura impaka ndende Read More

Kiliziya Gatolika mu Rwanda iri kunyura mu bihe bitoroshye yapfushije undi Mupadiri nyuma y’amezi abiri

Agahinda kongeye kwiyongera mu muryango wa Kiliziya Gatolika mu Rwanda nyuma y’urupfu rwa Padiri Bernard Kyoribona witabye Imana azize uburwayi. Ni ibintu bibaye mu gihe kitageze ku mezi abiri undi …

Kiliziya Gatolika mu Rwanda iri kunyura mu bihe bitoroshye yapfushije undi Mupadiri nyuma y’amezi abiri Read More

U Rwanda rwashimiwe kugira imihanda myiza yujuje ubuziranenge n’ibisabwa byose mu rwego mpuzamahanga ku kigero cya 98%.

U Rwanda rukomeje kugaragaza intambwe ishimishije mu kubaka no kubungabunga imihanda yujuje ubuziranenge, aho rwashimiwe n’Ubuyobozi bw’Umuhora wa Ruguru kubera kugera ku kigero cya 98% cy’imihanda yujuje ibisabwa mpuzamahanga. Ibi …

U Rwanda rwashimiwe kugira imihanda myiza yujuje ubuziranenge n’ibisabwa byose mu rwego mpuzamahanga ku kigero cya 98%. Read More

Ukuri ku cyihishe inyuma y’uruzinduko rudasanzwe rwa Perezida Ndayishimiye utegerejwe kwa Capitaine Traoré

Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, ategerejwe mu murwa mukuru wa Burkina Faso, Ouagadougou, mu ruzinduko rw’akazi ruri kuvugisha benshi ku mugabane wa Afurika, cyane cyane mu gihe akarere ka Sahel …

Ukuri ku cyihishe inyuma y’uruzinduko rudasanzwe rwa Perezida Ndayishimiye utegerejwe kwa Capitaine Traoré Read More

Ibya Semuhungu Eric byahinduye isura: Ibyaha bikomeye, ubuhamya bukomeye, n’iperereza rikomeje.

Inkuru ya Semuhungu Eric umaze iminsi atawe muri yombi yakomeje gukurura impaka n’ibitekerezo bitandukanye, nyuma y’uko hatangajwe ibyaha akurikiranyweho ndetse n’ibikubiye muri dosiye yagejejwe mu bushinjacyaha. Uyu mugabo akurikiranyweho ibyaha …

Ibya Semuhungu Eric byahinduye isura: Ibyaha bikomeye, ubuhamya bukomeye, n’iperereza rikomeje. Read More

Ingabo za FARDC n’abambari ba zo basutse ibisasu karundura ku barwanyi ba M23 na Twirwaneho

Ibice byinshi byo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bikomeje kuzamo umwuka mubi w’umutekano, nyuma y’uko ingabo za Leta n’abafatanyabikorwa ba zo bakomeje kugaba ibitero bikomeye mu duce …

Ingabo za FARDC n’abambari ba zo basutse ibisasu karundura ku barwanyi ba M23 na Twirwaneho Read More