Melania Trump yatumiye umugore wa Perezida Ndayishimiye mu nama ya mbere idasanzwe mu mateka ya Amerika

Umugore wa Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Melania Trump, yatumiye abagore b’abakuru b’ibihugu bagera kuri 45 baturutse hirya no hino ku Isi, barimo Angeline Ndayishimiye, mu nama ikomeye …

Melania Trump yatumiye umugore wa Perezida Ndayishimiye mu nama ya mbere idasanzwe mu mateka ya Amerika Read More

Bukavu: Urubyiruko rwafashe ibyemezo bidasanzwe batanga ubutumwa bukomeye kuri AFC/M23 na Leta ya RDC

Mu gihe uburasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) bukomeje kugarizwa n’ibibazo by’umutekano muke bimaze imyaka myinshi, icyizere gishya cyongeye kugaragara giturutse ku rubyiruko rwahuriye mu nama ikomeye yabereye …

Bukavu: Urubyiruko rwafashe ibyemezo bidasanzwe batanga ubutumwa bukomeye kuri AFC/M23 na Leta ya RDC Read More

Ni nyina wamushutse– Se wa Doja Cat warikoroje i Kigali yahakanye ibyo kumubera umubyeyi gito

Nyuma y’igitaramo gikomeye cyabereye i Kigali muri B.K Arena, umuhanzi w’icyamamare ku Isi Doja Cat yakomeje kuvugisha benshi mu Rwanda no ku mbuga nkoranyambaga, aho ibikorwa bye byahuriranye n’impaka zikomeye …

Ni nyina wamushutse– Se wa Doja Cat warikoroje i Kigali yahakanye ibyo kumubera umubyeyi gito Read More

Umukirisitu yajyanye umushumba w’itorero mu nkiko amuziza kurarura umugore we akoresheje umutungo w’urusengero

Umukirisitu yajyanye umushumba w’itorero mu nkiko amuziza kurarura umugore we akoresheje umutungo w’urusengero Mu mujyi wa Nairobi muri Kenya, haravugwa inkuru ikomeye imaze iminsi ivugisha benshi nyuma y’uko umugabo ajyanye …

Umukirisitu yajyanye umushumba w’itorero mu nkiko amuziza kurarura umugore we akoresheje umutungo w’urusengero Read More

Ku kibuga cy’Indege hafatiwe hafi miliyari 3 Frw zihishe mu mavarisi, hakekwa ibikorwa by’inyerezwa ry’imari ya Leta.

Ku kibuga cy’Indege hafatiwe hafi miliyari 3 Frw, hakekwa ibikorwa by’inyerezwa ry’imari ya Leta. Mu murwa mukuru wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, i Kinshasa, hafatiwe amafaranga menshi y’amadolari ya …

Ku kibuga cy’Indege hafatiwe hafi miliyari 3 Frw zihishe mu mavarisi, hakekwa ibikorwa by’inyerezwa ry’imari ya Leta. Read More

KNC wa Gasogi United utegerejwe n’ibihano bikakaye nyuma ya mpaga ya Rayon Sports yavuze.

Mu mupira w’amaguru w’u Rwanda, impaka zikomeje kuba nyinshi nyuma y’umukino utabaye wahuzaga Gasogi United FC na Rayon Sports FC, warangiye hatewe mpaga y’ibitego 3-0, ibintu byahise bituma hatangira kuvugwa …

KNC wa Gasogi United utegerejwe n’ibihano bikakaye nyuma ya mpaga ya Rayon Sports yavuze. Read More